Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
VIDEO: Perezida Kagame yasoje itorero Indangamirwa 11
6/08/2018 - 07:03
Dore udushya twaranze igitaramo ’Legends Alive’
30/07/2018 - 09:11
VIDEO: Yvonne Chaka Chaka yakoze igitaramo cy’amateka mu Rwanda
28/07/2018 - 14:26
VIDEO: Alpha Blondy yataramiye Abanyarwanda
27/07/2018 - 09:19
VIDEO: Minisitiri w’intebe w’ u Buhinde Narendra Modi aherekejwe na Perezida Kagame bagabiye abaturage ba Rweru Inka 200
24/07/2018 - 15:50
Ishuri rikuru rya gisirikare rya Gako rimaze kungura RDF aba ofisiye barenga 5000 kuva 1999
15/07/2018 - 10:00
Sogongera ku karasisi k’abasirikare basoje cadet i Gako - 2018
12/07/2018 - 16:16
Ibirori byo gutaha ku mugaragaro Urugo Mbonezamikurire y’abana bato b’i Karambi ya Rutsiro
10/07/2018 - 10:03
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo