Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23Iziheruka

Irebere Gen Patrick Nyamvumba agera mu nama yiga ku mutekano w’igihugu
17/05/2018 - 20:27
Ni gute abahanzi bazubaka igihugu batazi amateka yacyo?
17/05/2018 - 17:22
Dore uko umunsi wa kabiri w’inama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’igihugu yagenze
16/05/2018 - 10:18
Africa yahinduwe ifunguro ry’ibikomerezwa: Prof P.L.O Lumumba
15/05/2018 - 09:00
Mu Rwanda hatangijwe Inama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’igihugu
15/05/2018 - 08:49
Natty Dread yaciye ibintu mu gitaramo cyo Kwibuka Bob Marley
12/05/2018 - 15:12
VIDEO: Ibyo utabonye muri Transform Africa 2018
11/05/2018 - 08:56
VIDEO: Umunya Niger yahigitse 5 yegukana irushanwa rya Ms Geek Africa 2018
10/05/2018 - 08:32
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo