Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23
Tom Close n’umugore we, Niyonshuti Tricia bagarutse ku bifasha urugo gukomera
31/08/2025 - 16:36Iziheruka

Josiane azaba Miss Popularity, ariko ibindi dutegereze Finali - Ikiganiro Ubyumva Ute (Video)
24/01/2019 - 06:43
Uruhinja rwatawe mu musarani rukarokorwa, rwemerewe kuzishyurirwa amashuri kugera kuri Kaminuza
18/01/2019 - 17:53
Mporana intimba y’abana barindwi twaririmbanaga bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi - TONZI
18/01/2019 - 17:37
Nubwo nsoma akayoga, ndi Umukirisitu wa ADEPR - JAY POLLY
17/01/2019 - 07:04
Ally Sudi agiye gusubiramo indirimbo Derira yamamaye muri Karahanyuze (Video)
15/01/2019 - 11:16
Ni iki kitabura ku ifunguro rya Riderman ?
13/12/2018 - 11:37
Ihere ijisho Umuyapanikazi uririmba Rwanda nziza adategwa
12/12/2018 - 15:11
Mu mwambaro wa gisirikare Perezida Kagame yasoje imyitozo yo kwivuna umwanzi
12/12/2018 - 12:00
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo