Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Icyivugo cya Sg Maj Robert kiratangaje
14/07/2019 - 10:34
Lillian Mbabazi yahishuye ibanga rituma indirimbo Nyarwanda zitarenga u Rwanda
14/07/2019 - 10:12
QUEEN CHA yagaragaye mu mabara ya Mukura aririmbira aba Rayons byibazwaho
10/07/2019 - 16:50
Biratangaje: Mugiraneza ufite ubumuga bwo kutabona abasha gukoresha Computer
9/07/2019 - 23:07
Reba udushya twaranze igitaramo cya Muzika cyo #Kwibohora25
9/07/2019 - 22:43
Kagame: Ni biba ngombwa ko bidusaba kongera kurwana, turiteguye!
4/07/2019 - 18:51
#Kwibohora25: RDF Band yaryohereje abaturage mu karasisi kabereye ijisho!
4/07/2019 - 18:34
Kwibohora25: Perezida Kagame yatashye umudugudu w’icyitegererezo wa Karama (Video)
3/07/2019 - 17:39
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo