Kuba muri iki gihe abakobwa n’abagore bambara amapantalo bakajya mu muhanda nta kibazo siko byahozeho mu bihe byo hambere.
Umwaka urashize undi uratashye, ingamba ziba ari nyinshi ku bantu bifuza uzarangira hari aho bageze muri gahunda n’intego bihaye z’impinuka ziganisha ku iterambere. Imbogamizi nazo ntizibura nubwo hari izigaragara ko zoroshye ariko zose zishobora kubangamira imikorere ya benshi.
Imwe mu migenzo ikorwa n’abageni irimo kwambara impeta ku kuboko kw’ibumoso, gufata indabo mu ntoki n’ibindi bifite aho byakomotse.
Hari imyitwarire ndangamuco kandi iranga ubupfura bw’uyikora benshi twavutse dusanga ariko mu by’ukuri tutazi aho yaturutse n’impamvu nyakuri yabyo.
Umugore w’Umuyapani uba mu Rwanda witwa Sakamoto yatunguye benshi aririmba indirimbo yubahiriza igihugu cy’u Rwanda mu ijwi ridasanzwe risanzwe rimenyerewe mu birori bizwi nka Opera.
Ni kenshi dukoresha ibikoresho ariko ugasanga byinshi muri byo tutabikoresha uko bikwiye cyangwa ntitunabikoreshe kuko tuba tutabisobanukiwe.
Hari hamenyerewe ko urutonde rw’abaherwe rukunze kugaragara mu itangazamakuru ari urwa abagabo gusa. Urubuga Express.live, rwabateguriye urutonde rw’abagore b’abaherwe ku isi, bose bakaba bakomora ubutunzi bwabo mu miryango bakomokamo ndetse n’iyo bashatsemo.
Benshi bazi ko Robert Nesta Marley uzwi cyane nka Bob Marley Umwami w’injyana ya Reggae, ari we watangije umuryango w’Abarasta.
Ese waruzi ko hari abakuru b’ibihugu by’Africa batatu, bafite ibintu bahuriyeho mu buryo butangaje? Abo bakuru b’ibihugu ni Kagame Paul, Uhuru Kenyatta, na Dr John P. Magufuli.
Abagenzi banyura hafi ya Hotel Okapi iherereye ku Muhima mu Karere ka Nyarugenge, ntibarimo kwihanganira gutambuka badahagaze ngo bafate umwanya wo kureba amashusho ayishushanijeho afite ubwiza bukurura amaso ku buryo budasanzwe.
Eugenia Chang, umwarimu w’imibare muri kaminuza ya Sheffield mu Bwongereza yashyize ahagaragara ibanga (formule) ryo gutegura pizza ya ntamakemwa.
Benshi mu bakuriye mu Rwanda no hirya no hino mu biyaga bigari, hari udukino dutandukanye usanga bahuriragaho, mu myidagaduro yabo ya buri munsi.
Umuhanga mu Mbonezabitekerezo (philosophe) w’Umufaransa, yatangaje ko Tintin wamenyekanye mu nkuru zishushanyije (bande dessinée cyangwa cartoon) yaba atari umusore nk’uko benshi mu bakunze inkuru ze babyibwiraga.
Ishuri rikuru ry’ubumenyingiro n’imyuga (IPRC West) ryakoze icyuma gishyushya amazi gikoresheje imirasire y’izuba (Water Heater), icyuma gikorewe mu Rwanda ku nshuro ya mbere.
Primus ni inzoga ishobora kuba inyobwa cyane kurusha izindi mu Rwanda ugendeye ku kureba abayinywa mu tubari, cyane cyane utwinshi two mu byaro na hamwe na hamwe mu Mujyi.
Barafinda Sekikubo Fred, ni umwe mu Bakandida bifuza kuzahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, mu matora ateganijwe mu mu kwezi kwa Kanama 2017.
Mu bihugu byinshi cyane cyane ibyo ku mugabane w’u Burayi, Africa na Leta zunze ubumwe z’America, hari umuco wo kubanza gukomanganya ibirahure cyangwa amapuca mbere y’uko abantu basangira icyo kunywa.
Agasobanuye ni izina ryahawe filime zatangijwe n’umugabo uzwi ku izina rya Yanga (younger) ahagana mu 1997. aho azisobanura azikura mu ndimi z’amahanga akazishyira mu Kinyarwanda.
Hari amwe mu magambo waba warahoze wumva, bwacya kabiri ugasanga atacyumvikana cyangwa se atakinavugwa ukibaza aho yaba yararengeye ukahayoberwa.
Mu Bufaransa hashyizweho itegeko ribuza abacuruzi b’imyambaro gukoresha abakobwa bananutse cyane mu kwamamaza ibicuruzwa byayo.
Indamukanyo ya gisirikare ifite inkomoko ahagana mu kinyejana cya gatanu, ubwo henshi ku mugabane w’uburayi n’amerika ingabo zarwaniraga ku mafarasi zikoresheje amacumu, ibiti n’amahiri.
Ndayisenga Elissa w’imyaka 18 y’amavuko yaje mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Gashora ashakisha se watandukanye na nyina agifite amezi ane.
Abakoze ubushakashatsi ku nkomoko y’ikawa, bavuga ko yaba yarakwiye isi yose iturutse mu gihugu cya Etiyopiya.
Uwitandukanyije na FDLR agataha mu Rwanda ahamya ko kumva radiyo zo mu Rwanda bihanishwa inkoni 30 no kumenerwa radiyo.
Izina ry’umurenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza, ngo rikomoka ku gasozi kitwaga “Rwinkwavu” kabagaho utunyamaswa duto turimo n’udukwavu.
Ku isaha ya 16h zo ku wa Mbere ushize taliki 14/4/2014 Nyirarwango Lucie umucyecuru w’imyaka 69 nibwo yapfuye mu buryo bw’amayobera aho yari atuye mu kagari ka Rwangara umurenge wa Cyanzarwe akarere ka Rubavu, ariko aza kongera kuzuka mu gihe biteguraga kumushyingura.
Ntaganda Elia w’imyaka 29 n’umugore n’abana batatu utuye mu murenge wa Rurenge akagali ka Rujambara akarere ka Ngoma, ari mu maboko ya police ya Remera Post station nyuma yo kugwa gitumo n’abaturage arya imbwa avuga ko ariye agashyikirizwa polisi.
Abadepite b’abagore mu nteko ishinga amategeko muri Kenya baraye bivumbuye basohoka mu nama yari irimo kwiga ku itegeko rirebana n’ubuharike, bukomeje guteza impagarara muri icyo gihugu.
Umusore witwa Manirakiza Diogène w’imyaka 27 y’amavuko yamenyesheje Nyiransabimana Séraphine w’imyaka 25 ko ubukwe bwabo butakibaye bitewe n’uburwayi, mu gihe hari hasigaye icyumweru kimwe gusa ngo basezerane imbere y’Imana ko bagiye kubana akaramata.
Isantere yo mu Masha ibarizwa mu Kagali ka Mutanda, Umurenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, yamenyekanye cyane kubera ko icururizwamo inyama z’ingurube bakunda guha akazina k’akabenzi cyangwa indyoheshabirayi.