• Bamwe mu bakekwaho ubu bujura barafashwe bakaba barimo gukurikiranwa

    Kigali: Mu cyumweru cya mbere cya Kanama inyubako 7 zatahuweho kwiba amashanyarazi

    Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama 2021 ingo zigera kuri zirindwi zarafashwe zikekwaho gukoresha amashanyarazi atishyurwa.



  • Ubucuruzi bw

    Covid-19 ntiyabujije ubucuruzi bw’indabo kuzamuka

    N’ubwo ubucuruzi butandukanye muri rusange bwasubijwe inyuma n’icyorezo cya Covid-19, ubw’indabo bwo bwarazamutse.



  • Muri Rusizi ngo hari umuceri wabuze isoko kubera hari abaguzi bamaze igihe kinini badakora

    Guverineri Habitegeko ntiyemeranya n’abavuga ko umuceri wabuze isoko

    Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, François Habitegeko, avuga ko umuceri weze mu Karere ka Rusizi utabuze isoko nk’uko bamwe babivuga, ahubwo habaye ikibazo mu bayobozi bagomba kuwushakira isoko.



  • Gukora Vasectomie ni ugufunga imiyoboro itwara intanga

    Abagabo basaga gato 3500 gusa ni bo bamaze kuboneza urubyaro

    Imibare ituruka mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) yerekana ko abagabo bamaze kuboneza urubyaro bakiri bake cyane kuko babarirwa mu 3,500 gusa mu gihugu hose.



  • Padiri François d

    Padiri François d’Assise Hategekimana yitabye Imana

    Padiri François d’Assise Hategekimana wakoreraga ubutumwa muri Diyosezi Gatolika ya Cyangugu, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021. Mu itangazo Musenyeri Edouard Sinayobye, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu yasohoye, aravuga ko uwo Mupadiri yitabye Imana azize uburwayi tariki 17 Kanama 2021.



  • Abipisha Covid-19 bariyongereye kuva igiciro cyagabanywa

    Musanze: Kugabanya igiciro cyo kwipimisha Covid-19 byatumye benshi babyitabira

    Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, baratangaza ko kuva aho igiciro cyo kwipimisha Covid-19 mu buryo bwihuse (Rapid test), kigabanyijwe mu mavuriro yigenga, gikuwe ku mafaranga 10,000 kigashyirwa ku 5,000 y’u Rwanda, ubu batakigorwa no kumenya uko bahagaze; bigatuma barushaho gukaza ingamba zo irinda kandi barinda (…)



  • Perezida Kagame yayoboye inama ngishwanama yize kuri #COVID19

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021 yayoboye inama ngishwanama y’Umukuru w’Igihugu, abayitabiriye baganira ku ngingo zitandukanye zirimo icyorezo cya COVID-19, n’izindi ngingo zitandukanye.



  • Gasabo: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba moto ebyiri

    Abapolisi bakorera mu Karere ka Gasabo bafashe Arnold Steve Girimpuhwe w’imyaka 23, ukekwaho kwiba moto ebyiri azikuye mu rugo rw’umuturage wo mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimihurura, Akagari ka Kimihurura, Umudugudu wa Urwego. Girimpuhwe yafashwe ku wa mbere tariki ya 16 Kanama 2021 ahagana saa kumi n’ebyiri za mu gitondo.



  • Minisitiri Rosemary Mbabazi avuga ko Umuganura ufite Indangagaciro zubaka ubumwe mu Banyarwanda

    Umuganura ufite uruhare runini mu kubaka Ubunyarwanda mu babyiruka

    Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco itangaza ko umuganura ushobora gufasha urubyiruko guhindura imyumvire kuko ufite indangagaciro fatizo zituma ababyiruka barushaho kwiyubakamo ubunyarwanda.



  • Ikibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Kigali cyashyizwe mu bya mbere mu bwiza

    Ikigo ’Skytrax World Aiport’, kireba ubwiza bw’ibibuga by’indege hirya no hino ku isi ndetse n’isuku yabyo, cyashyize Ikibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali mu bibuga bya mbere bifite ubwiza mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ndetse bifite isuku ku Mugabane wa Afurika mu 2021.



  • Kaminuza y’u Rwanda i Huye yasubitse amasomo kubera ubwiyongere bwa Covid-19

    Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye buratangaza ko guhera kuri uyu wa 17 Kanama 2021, amasomo ahuriza abanyeshuri hamwe asubitswe, mu rwego rwo kwirinda urujya n’uruza rw’abanyeshuri baturuka mu Murenge wa Tumba washyizwe muri gahunda ya Guma mu Rugo kubera ubwiyongere bw’icyorezo cya Covid-19.



  • Bishimiye kwakirirwa hanze kuko bumva bizabarinda Covid-19

    Barahamya ko kubahera serivisi hanze bizarushaho kubarinda Covid-19

    Abatuye mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko abakunda gufatira amafunguro muri resitora, baravuga ko kuba basigaye bakirirwa hanze ari byiza, kuko abatanga iyo serivisi bubahirije inama bagirwa n’ababishinzwe, ku buryo bose bumva bizarushaho kubarinda Covid-19.



  • Rubavu: Abangirijwe n’imvura irimo urubura bashyikirijwe ubufasha

    Abaturage bo mu miryango 13 yangirijwe n’imvura idasanzwe irimo urubura yaguye tariki 12 na 13 Kanama 2021 bashyikirijwe ubufasha.



  • Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya

    Muri iki gitondo cyo ku wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021, agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo kongeye gushya, ahafashwe n’inkongi akaba ari ahakorerwa ibikoresho bitandukanye byo mu nzu, ububiko bw’imbaho, hakaba hahiye na za matora nyinshi.



  • Leta irimo gushakira abatabona uburyo bwabafasha kumenya ibiri mu nyandiko zisanzwe

    Komisiyo y’u Rwanda ikorana n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (CNRU) itangaza ko hari icyizere ku bafite ubumuga bwo kutabona n’abandi batabasha gusoma inyandiko zicapye, ko bazagezwaho ikoranabuhanga n’inyandiko ya braille biborohereza kumenya ibitabo byanditswe.



  • Ubwo ayo masezerano yashyirwagaho umukono hagati y

    Amasezerano u Rwanda ruherutse gusinyana na Tanzania azarwungura byinshi

    Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, yatangaje ko amasezerano y’ubufatanye aherutse gusinywa hagati y’u Rwanda na Tanzania ategerejweho kuzamura umubare w’imishinga ijyanye n’impinduka mu by’ikoranabuhanga.



  • Abantu 37 bakurikiranyweho gutwara ibinyabiziga basinze (Video)

    Abantu 37 bafashwe mu bihe bitandukanye bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Rwezamenyo bakurikiranyweho gutwara imodoka basinze.



  • I Rwaniro amashayanrazi amaze kugezwa ku ngo 177 ku 5888 zihari

    Huye: Abatuye i Rwaniro bifuza ko bose umuriro w’amashanyarazi wabageraho

    Nyuma y’uko Umurenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye na wo wagejejwemo amashanyarazi, abahatuye bibaza igihe uzagerera byibura mu dusantere tw’ubucuruzi, kuko ubu umaze kugezwa ku ngo 3% gusa.



  • Muhire na Ingabire basezeranye kubana akaramata

    Ubuhamya bwa Muhire wasezeranye na Ingabire wamuhaye impyiko

    Muhire Jean Claude na Ingabire Uwera Marie-Reine, basezeranye imbere y’amategeko ku itariki 12 Kanama 2021, ariko ngo bamenyanye mu 2012, ndetse ngo batangira gukundana mu 2015.



  • Covid-19 yateje igihombo aborozi b’amafi

    Aborozi b’amafi mu Rwanda bavuga ko Covid-19 yabateje ibihombo birimo kubura abaguzi kandi bakomeza kugaburira amafi.



  • Guverineri Gasana yasabye abaturage b

    Rwamagana: Ubuyobozi bwihanganishije umuryango wa Iradukunda

    Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Emmanuel K. Gasana yasabye abaturage b’umurenge wa Nzige akarere ka Rwamagana kwihangana bakarushaho kunga ubumwe mu bihe bikomeye bagategereza ibizava mu iperereza.



  • Akarere ka Gakenke ni ko kahize uturere twose tw

    Gakenke ku isonga muri Ejo Heza na Mituweli

    Akarere ka Gakenke ni ko kahize uturere twose tw’igihugu, mu kwitabira gahunda ya Ejo Heza na Mituweri 2021-2022, uturere dutatu tugize Umujyi wa Kigali tuba utwa nyuma mu kwitabira izo gahunda zombi.



  • Ni umuhanda ukikijwe n

    Musanze: Baritana ba mwana k’ugomba kwishyura ingurane z’ahanyuze umuhanda ujya kuri Hoteli

    Umuryango ugizwe n’abantu icyenda wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, urasaba ubuvugizi ngo urenganurwe, nyuma y’imyaka itatu Rwiyemezamirimo anyujije umuhanda mu isambu yabo abima ingurane, akavuga ko umuhanda wubatswe n’akarere nk’igikorwa remezo rusange.



  • Imiyoboro yacukuwe yangije ibikorwa by

    Musanze: Barasaba guhabwa ingurane z’ibyangijwe hakorwa imiyoboro y’amazi

    Bamwe mu baturage bafite imitungo yangijwe ubwo hakorwaga imiyoboro y’amazi inyuze muri tumwe mu tugari tw’Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze, ngo bamaze umwaka bategereje guhabwa amafaranga y’ingurane babaruriwe, ariko kugeza ubu ntibarayahabwa.



  • Abaforomo bakoraga mu ikingira rya Covid-19 bahagaritswe bavuga ko barenganye

    Abafite ubumuga barasaba koroherezwa mu gukingira Covid-19

    Abafite ubumuga bw’ingingo zitandukanye barasaba kwitabwaho by’umwihariko mu gihe habayeho gahunda yo gukingira cyangwa hatangwa amabwiriza runaka yo kwirinda Covid-19.



  • Abantu bake ni bo bemerewe kwizihiriza Asomusiyo i Kibeho

    Mu gihe mu mwaka ushize wa 2020 kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Asomusiyo) utizihijwe nk’uko bisanzwe, hakaba misa gusa ku bakirisitu bake cyane bari bateranye, muri uyu mwaka wa 2021 nabwo abantu bake ni bo bemerewe guterana hubahirizwa ingamba zo kwirinda Covid-19.



  • Biryogo na Rwampara mu isura nshya (Video)

    Uduce twa Biryogo na Rwampara mu Mujyi wa Kigali turimo kubakwamo imihanda ya kaburimbo mu makaritsiye mu rwego rwo koroshya ubuhahirane n’imigenderanire. Ni ibikorwa byiza byishimiwe cyane cyane n’abaturiye iyi mihanda. Muri aka gace kandi haravugururwa amazu yo kubamo n’ay’ubucuruzi kugira ngo iterambere ry’ibikorwa (…)



  • Umukoki urushaho kwikora aho batuye bagatinya ko uzabasenyera

    Nyamagabe: Bafite impungenge z’amazi yayobowe aho batuye hakorwa umuhanda Huye - Kitabi

    Hari abatuye mu Mudugudu wa Nyarusange mu Murenge wa Gasaka mu Karere ka Nyamagabe, bavuga ko amazi ava muri kaburimbo bayoboreweho ahitwa mu Ironderi agenda akora umukoki aho batuye, ku buryo bafite ubwoba ko uzagera aho ukabasenyera.



  • Abageze mu zabukuru mu Karere ka Musanze baramagana imvugo zadutse mu rubyiruko ivuga ko nta myaka ijana

    Abageze mu zabukuru bahangayikishwa n’urubyiruko ruvuga ko ‘Nta myaka 100’

    Nta myaka ijana, ni imvugo ikunda kumvikana muri iki gihe cyane cyane mu rubyiruko, aho akenshi bayikoresha bumvikanisha icyizere gike cy’ubuzima bw’ejo hazaza.



  • Gare ya Kigali 2000 - 2014

    Amafoto: Kigali 1986 - 2021

    Iterambere Umujyi wa Kigali umaze kugeraho rigaragarira cyane cyane mu igereranya ry’uko umujyi wagaragaraga mu myaka ishize n’uko ugaragara ubu. Kigali Today yabakusanyirije amwe mu mafoto yo hambere agaragaza uko uduce dutandukanye twari tumeze ugereranyije n’uko twagiye tuvugururwa.



Izindi nkuru: