Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.
Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.
Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 252 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho neza nitwa Tumwine Emmy,ndasaba akazi muri hotel,mfite impamyabushobozi yo murwego rwa(Ao)mu education mfite experience muri management yabakozi, thanks you sir!
Nitwa Ngabonzima Isidor nize Hotel operation muri Lycee de Ruhango IKIREZI mfite impamya bumenyi A2 mumfashije mwa mpa Akazi Number 0781892831 murakoze
Nshaka akazi ko gukora amasuku muri hotel gusasa nibindi, ikindi nzi gutegura amafunguro atandukanye ntuye mumutara nyagatare tell:0780857908
Mwiriwe neze nitwa divine nkaba nifuzaga akazi muri hotel yanyu ako mwama kose nagakora muarkoze
Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze
Nimero yange ni 0780510161
Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze
Murakoze cyane nanjye mwamfasha mukama akazi ndanguje senior six thanks 👍
Ndangije amashuri yisumbuye nange mumpaye akazi ako arikokose byanshimisha murakoze
Muraho najye nitwa Alias nkaba mfite A1 nkaba nariz tourism nkaba nz English and kiswahili my number 0786011798 murakoz
Nifuzaga akazi ko muri hotel nkaba mfit Ao
Mwiriwe neza nitwa saidath, mpererye kicukiro,mfite 21yrs,nasoje secondary Ekk,nkab nabasabaga akazi, akarikokose. Nagakor cyane ako guserva, gusasa, nibindi byose nzi indimi, english,kiswahil,France ndageragez,na Arabic nzabasha,murakze mugih nkitegerej ibisubiz by any u,, tel;0788723594,,0787885714. Murakoze
Mwaramutse nitwa nzabandora frank nanjye nifuza Akazi (mentenance plumbing and electrical) mfite A2 muri Electricien na A3 muri industry installation ntuye I Kigali my number phone 0788421295
Uburambe mukaziimyaka 6