Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 252 )

Muraho neza nitwa Tumwine Emmy,ndasaba akazi muri hotel,mfite impamyabushobozi yo murwego rwa(Ao)mu education mfite experience muri management yabakozi, thanks you sir!

Tumwine Emmy yanditse ku itariki ya: 30-12-2021  →  Musubize

Nitwa Ngabonzima Isidor nize Hotel operation muri Lycee de Ruhango IKIREZI mfite impamya bumenyi A2 mumfashije mwa mpa Akazi Number 0781892831 murakoze

Ngabonzima Isidor yanditse ku itariki ya: 3-12-2021  →  Musubize

Nshaka akazi ko gukora amasuku muri hotel gusasa nibindi, ikindi nzi gutegura amafunguro atandukanye ntuye mumutara nyagatare tell:0780857908

Mujawimana mary yanditse ku itariki ya: 30-05-2022  →  Musubize

Mwiriwe neze nitwa divine nkaba nifuzaga akazi muri hotel yanyu ako mwama kose nagakora muarkoze

Uwizeyimana divibe yanditse ku itariki ya: 17-11-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze

Ashelle NISHIMWE yanditse ku itariki ya: 16-11-2021  →  Musubize

Nimero yange ni 0780510161

Ashelle NISHIMWE yanditse ku itariki ya: 16-11-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze

Ashelle NISHIMWE yanditse ku itariki ya: 16-11-2021  →  Musubize

Murakoze cyane nanjye mwamfasha mukama akazi ndanguje senior six thanks 👍

Nasasira Dickson yanditse ku itariki ya: 25-10-2021  →  Musubize

Ndangije amashuri yisumbuye nange mumpaye akazi ako arikokose byanshimisha murakoze

Eric yanditse ku itariki ya: 24-10-2021  →  Musubize

Muraho najye nitwa Alias nkaba mfite A1 nkaba nariz tourism nkaba nz English and kiswahili my number 0786011798 murakoz

Hitimana rachel yanditse ku itariki ya: 10-10-2021  →  Musubize

Nifuzaga akazi ko muri hotel nkaba mfit Ao

Hitimana rachel yanditse ku itariki ya: 10-10-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa saidath, mpererye kicukiro,mfite 21yrs,nasoje secondary Ekk,nkab nabasabaga akazi, akarikokose. Nagakor cyane ako guserva, gusasa, nibindi byose nzi indimi, english,kiswahil,France ndageragez,na Arabic nzabasha,murakze mugih nkitegerej ibisubiz by any u,, tel;0788723594,,0787885714. Murakoze

Uwamahoro saidath yanditse ku itariki ya: 4-09-2021  →  Musubize

Mwaramutse nitwa nzabandora frank nanjye nifuza Akazi (mentenance plumbing and electrical) mfite A2 muri Electricien na A3 muri industry installation ntuye I Kigali my number phone 0788421295
Uburambe mukaziimyaka 6

Nzabandora frank yanditse ku itariki ya: 4-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka