Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 302 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho neza nkaba nabasabaga gukora akazi k’amasuku kabaye gahari mwaduhamagara: 0783415149 murakoze.
Muraho nezanasabaga akazi muri iyi hotel ibijyanye no guteka mbifitiye ubushobozi nimpamya bushobozi murakoze
Nasabaga akazi ko gutwara imodoka kuri categories B gahari mwatubwira mwaba mukoze
Tell:078710660
Loundry karimo
Muraho iyi hotel se Koko irigutanga akazi nubumenyi twicaranye nange akazi ndagakeneye muri housekeeping (loundry) .
Mwiriwe, nitwa fanny twishiniye kuba mutuzaniye iyi hotel hafi yacu nkaba nasabaga akazi kamasuku mumfashije mukangirira ikizere mukampa akazi nagakora neza numero yange ni 0783374377. Murakoze.
Nibyiz kuba mutang akazi
murako kuba iyihoteri gutangira gukora mange nkaba nifuzako mwama akazi nimero yange niyi 0791897435
Murakoze cyane kuzana hoteli nziza gusa nange ndifuza gushyiraho umusanzu wange wo kubabera umukozi mwiza mungiriye ikizere mukampa akazi
Murakoze cyane kuzana hoteli nziza gusa nange ndifuza gushyiraho umusanzu wange wo kubabera umukozi mwiza mungiriye ikizere mukampa akazi
Mbanje kubasuhuza amazina yanjye nitwa Akingeneye joselyne nkaba ntuye mumunjyi wa kigali arko kavukire ni kamonyi nkaba narize MPC nkaba pfite A0 nkabanshaka ko mwampa akazi mukaba mutazicuza impamvu mwakampaye murakoze mbaye ntegereje ibisubizo byanyu byiza imana ibarinde.
Ndasaba akazi mu kigo mubereye umuyobozi ko muri Housekeeping. Nkaba mfite certificat ya WDA muri Housekeeping.murakoze