Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

Mwiriwe neza
Nabasabaga akazi nize food and beverage operations
Nkabanakora Muri kitchen cyangwa service murakoze!

Elyse niyonkuru yanditse ku itariki ya: 22-04-2024  →  Musubize

Ndabasabye mume akazi nize culinary Arts mujyiriye icyizere nagakora na umwete

Rukundo jeandodieu yanditse ku itariki ya: 27-02-2024  →  Musubize

MURAHO NEZA NDASABA AKAZI MURIYO HOTERI YANYU NIZE AMASHURI 6 YISUMBUYE MU IBARURAMARI

Sahoguteta Dieudonne yanditse ku itariki ya: 29-07-2024  →  Musubize

mwaramutse neza, ndashaka akazi ka accounting cank consultancy muri business yanyu.ubumenyi mfite MBA accounting A0 experience of 4 years in accounting
my email; [email protected]

HAKIZIMANA Cyriaque yanditse ku itariki ya: 26-02-2024  →  Musubize

Muraho neza
Bayobozi narimbandikiye mbasaba
Akazi kogukora mugikoni cg
Muri housekeeping
Murakoze mugihe nkitegereje igisubizo cyanyu

Mutoniwase janviere yanditse ku itariki ya: 6-02-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza nabasabaga akazi ko muri housekeeping cg mugikoni

Murakoze

Mutoniwase janviere yanditse ku itariki ya: 6-02-2024  →  Musubize

Murakoze Nifuzaga kubonaakazi kokwakiraabagana ahomukorera murakoze!

Nshimiyimana yanditse ku itariki ya: 4-02-2024  →  Musubize

Ncaka akazi koguteka

Nshimiyimana paul yanditse ku itariki ya: 31-01-2024  →  Musubize

Nize culinary Art nkaba pfite experience mungiriye içyizere nakora nkuwikorera

Twizeyimana Venuste yanditse ku itariki ya: 9-04-2024  →  Musubize

Ncaka akazi koguteka

Nshimiyimana paul yanditse ku itariki ya: 31-01-2024  →  Musubize

Ncaka akazi koguteka

Nshimiyimana paul yanditse ku itariki ya: 31-01-2024  →  Musubize

Gusaba akazi kogucunga umutungo cg nakandi kabagahari

Uwayesu strina yanditse ku itariki ya: 25-01-2024  →  Musubize

Turasaba akazi ko gucungumutungo cg secretary nuwundi myanya waba uhari mwatubwira dutegereje igisubizo cyanyu cyiza

Uwayesu strina yanditse ku itariki ya: 25-01-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa Umurerwa jespe nize culinary arts and hospitality ndashaka kazi kokwakira abatugana Murakoze

Umurerwa yanditse ku itariki ya: 5-02-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa Umurerwa jespe nize culinary arts and hospitality ndashaka kazi kokwakira abatugana Murakoze

Umurerwa yanditse ku itariki ya: 5-02-2024  →  Musubize

Ndashaka akazi ntize guteka.ndasoza

Sangamba renova yanditse ku itariki ya: 13-03-2024  →  Musubize

Pfite experience mungiriye içyizere nakora nkuwikorera

Twizeyimana Venuste yanditse ku itariki ya: 9-04-2024  →  Musubize

Mbandikiye ngirango mbasabe akazi ko secretary cg nakandi kabagahari akarikokose mwatubwira murakoze dutegereje igisubizo cyanyu

Uwayesu strina yanditse ku itariki ya: 25-01-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka