Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 302 )
Ohereza igitekerezo
|
Nasabaga akazi Muri Hotel ya golden tulip la parisse. Nize Tourism and hospitality.
Murakoze.
I just want to ask whether I can access any position of job in your campany especially I like too much what I do! And whatever the position available.
Like receptionist, serving, catering, guiding, controlling ect....
My contact +250782349340
Ndasaba akazi akarikokose murakoze
Tel:0780414474
Muraho neza amazina Ni Ishimwe Flora nkabanifuzagako mwampa akazi nkabambasezeranya ko tuzakorana neza nimungirira ikizere mfite impamya bushobozi ya A2 ndetse nanakoze na shortcourse mur Culinary Arts zingana na Amezi 6 muri Kigali international School kunkunga ya World bank kubufatanye na SDF mumfashije mwaba mukoze!! 🙏
Twifuza kubasaba akazi
Murahoneza nitwa vestine mukamana nkaba nigizako nange mwampa akazi muri hotel yanyu nkaba mbasezeranyako nazababera umukozi w’indakemwa mumico no mumyifatire mugihe muzaba mwangiriye ikizere Murakoze mugire amahoro y’imana.
Muraho neza nitwa Tumwine Emmy,ndasaba akazi muri hotel,mfite impamyabushobozi yo murwego rwa(Ao)mu education mfite experience muri management yabakozi, thanks you sir!
Muraho neza nitwa Tumwine Emmy,ndasaba akazi muri hotel,mfite impamyabushobozi yo murwego rwa(Ao)mu education mfite experience muri management yabakozi, thanks you sir!
Nitwa Ngabonzima Isidor nize Hotel operation muri Lycee de Ruhango IKIREZI mfite impamya bumenyi A2 mumfashije mwa mpa Akazi Number 0781892831 murakoze
Nshaka akazi ko gukora amasuku muri hotel gusasa nibindi, ikindi nzi gutegura amafunguro atandukanye ntuye mumutara nyagatare tell:0780857908
Mwiriwe neze nitwa divine nkaba nifuzaga akazi muri hotel yanyu ako mwama kose nagakora muarkoze
Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze
Nimero yange ni 0780510161