Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 310 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho neza ndifuza kubasaba akaz ki suku cyangwa ubuseriver murakoze 0790249676
Bwana boyobozi mbandikiye mbasaba akazi kubu staward nka ba mbifite ubumenye nkaba narayikoreye Radisson nkaba mfite seritifika yabyo murakoze
Ndashaka akazi kubushoferi mfite B.D nimero yanjye 0788206612
Mwiriwe neza ndabasaba akazi kubushoferi mfite B.D nimero yanjye 0788206612 ,ntegereje igisubizo cyanyu cyiza murakoze.
Hi nifuzagakubasaba akazi ka service murakoze 0780410062
Mwiriwe neza ndimo nsaba akazi ka service cyangwa akaboneka muzindi department murakoze kabaye kabonetse mwampamagara cyangwa mukanyandikira kuri +250791805726
Mwiriwe ndabasaba akazi kubushoferi fite Diplome n category B Driving license murakoze
Mwaramutse neza nitwa alice
Nkaba nabasabaga akazi yaba muri service cg mugikoni murakoze
mwaramutse neza nitwa alice nkaba nabasabaga akazi ko muri service murakoze
Mwiriwe nifuzaga kubasaba akazi ka service cyangwa baristar murakoze
Mwiriwe Ikinteye kubandikira nagiragango mbasabe akazi ko mugikoni nkaba mfite uburambe bungana numwaka umwe namezi atatu nakoze muri Home free hotel cyimihurura mbashimiye uburyo mubyakiriye murakoze umunsi mwiza. Tel:0787927518
Mwaramutse twasabaga akazi muri service murakoze
Nomero,:0795377410
murakoze twifuzaga akazi mumyanya iyariyoyose
Mwiriwe neza nitwa iradukunda queen nabasabaga akazi muri hoteli yanyu akazi ka service kabaye gahari mwambwira kuri tell 0793084846
0723158664cg
[email protected] murakoze