Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

Mwiriwe Ikinteye kubandikira nagiragango mbasabe akazi ko mugikoni nkaba mfite uburambe bungana numwaka umwe namezi atatu nakoze muri Home free hotel cyimihurura mbashimiye uburyo mubyakiriye murakoze umunsi mwiza. Tel:0787927518

Masengesho Ezechiel yanditse ku itariki ya: 28-03-2025  →  Musubize

Mwaramutse twasabaga akazi muri service murakoze
Nomero,:0795377410

Joyeuse yanditse ku itariki ya: 24-03-2025  →  Musubize

murakoze twifuzaga akazi mumyanya iyariyoyose

umutesi moreune yanditse ku itariki ya: 10-03-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa iradukunda queen nabasabaga akazi muri hoteli yanyu akazi ka service kabaye gahari mwambwira kuri tell 0793084846
0723158664cg
[email protected] murakoze

Queen IRADUKUNDA yanditse ku itariki ya: 24-02-2025  →  Musubize

Ndifuza akazi ko kwa cyira abantu murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 27-01-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza nabasabaga akazi ko gukora muri service mubayo mufitemo umwanya mwa bwira kuri 0785328871 /0792357662 murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 27-01-2025  →  Musubize

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788wtsp

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Hello I’m called Niyonsenga Francais, I live at Kgl kacyiru, I just wanted to be employed by you on the side of housekeeping, I worked at M-hotel 2years, thanks for giving me this opportunities and am waiting for your good response! Please contact with me on +250791567890

Niyonsenga Francais yanditse ku itariki ya: 13-01-2025  →  Musubize

Muraho neza nashakaga kubasaba akazi nkogukora mugikoni ubuseriver cyangwa gutunganya mubyumba murakoze ese nizihe number twababonah

Yandereye rosine yanditse ku itariki ya: 12-01-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka