Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 307 )

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Ndimo kubasaba akazi kubuseriveri muri hotel yanyu murakoze kabaye kabonetse mwampamagara kuri 0726721788

Mbabazi Rachel yanditse ku itariki ya: 16-01-2025  →  Musubize

Hello I’m called Niyonsenga Francais, I live at Kgl kacyiru, I just wanted to be employed by you on the side of housekeeping, I worked at M-hotel 2years, thanks for giving me this opportunities and am waiting for your good response! Please contact with me on +250791567890

Niyonsenga Francais yanditse ku itariki ya: 13-01-2025  →  Musubize

Muraho neza nashakaga kubasaba akazi nkogukora mugikoni ubuseriver cyangwa gutunganya mubyumba murakoze ese nizihe number twababonah

Yandereye rosine yanditse ku itariki ya: 12-01-2025  →  Musubize

Nanjye nize hospital Management nz ibiryanye nigikoni no guseriva mufimumwanya mwampa akazi nimero ya WhatsApp 0785663638 murakoze

Ishimwe Emmanuel yanditse ku itariki ya: 22-11-2024  →  Musubize

Nakwishimira gukorana namwe murakoze gutunganya mumbyumba nindi mirimo guseriva cg kuririmba murakoze

Umutoni djamira yanditse ku itariki ya: 8-11-2024  →  Musubize

Nakwishimira gukorana namwe murakoze gutunganya mumbyumba nindi mirimo guseriva cg kuririmba murakoze

Umutoni djamira yanditse ku itariki ya: 8-11-2024  →  Musubize

Ndifuza akazi ka waitress muri hotel yanyu murakoreze

Uwineza Gisele yanditse ku itariki ya: 9-10-2024  →  Musubize

Nange ndumwe mubifuza kubona akazi kabaye kabonetse nkogukora amasuku mwabwira mukoresheje e mail yange cyagwa WhatsApp+250796193508

I tangishaka yanditse ku itariki ya: 7-10-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza maze igihe niga ibijyanye nubu cyerarugendo nabasabagako mwanfasha mukama staj muri golden tulip la palisees iramunse ibaye irimo mwambeira kiri Whatsapp 0793084846 murakoze

Iradukunda Queen yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza maze igihe niga ibijyanye nubu cyerarugendo nabasabagako mwanfasha mukama staj muri golden tulip la palisees iramunse ibaye irimo mwambeira kiri Whatsapp 0793084846 murakoze

Iradukunda Queen yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka