Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 307 )

Mwiriwe neza maze igihe niga ibijyanye nubu cyerarugendo nabasabagako mwanfasha mukama staj muri golden tulip la palisees iramunse ibaye irimo mwambeira kiri Whatsapp 0793084846 murakoze

Iradukunda Queen yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza maze igihe niga ibijyanye nubu cyerarugendo nabasabagako mwanfasha mukama staj muri golden tulip la palisees iramunse ibaye irimo mwambeira kiri Whatsapp 0793084846 murakoze

Iradukunda Queen yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Mwiriwe ndashaka akazi kogukora amasuku murakoze

M ClAire yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Mwiriweneza ndashaka akazi kogukora amasuku murakoze

M ClAire yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza amahoro y’Imana abane namwe ndabasaba akazi ko gukora amasuku gukorana namwe numugisha ukomeye

Ingabire clsrisse yanditse ku itariki ya: 24-08-2024  →  Musubize

Ndasaba akazi ka Waiter

Iradukunda kevine Fillette yanditse ku itariki ya: 10-08-2024  →  Musubize

Ndasaba akazi

Kayiranga emmanuel yanditse ku itariki ya: 9-08-2024  →  Musubize

Nasabaga akazi guseriva yewe na masuku mfite A2 mundimi

Samuel yanditse ku itariki ya: 14-07-2024  →  Musubize

Nakishimira gukorana namwe murakoze

Kayiranga emmanuel yanditse ku itariki ya: 9-08-2024  →  Musubize

Nakishimira gukorana namwe murakoze

Kayiranga emmanuel yanditse ku itariki ya: 9-08-2024  →  Musubize

Muraho neza mbadikiye mbasaba akazi koguseriva muri hotel golden Tulip murakoze god blessed

Niyibizi Egide yanditse ku itariki ya: 9-07-2024  →  Musubize

Muraho neza mbadikiye mbasaba akazi koguseriva muri hotel golden Tulip murakoze god blessed

Niyibizi Egide yanditse ku itariki ya: 9-07-2024  →  Musubize

Muraho neza mbadikiye mbasaba akazi koguseriva mu ri hotel golden Tulip murakoze kunyumva God blessing you

Niyibizi Egide yanditse ku itariki ya: 9-07-2024  →  Musubize

Ndasaba akazi ka cathaling

Mushimiyimana damascene yanditse ku itariki ya: 28-06-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka