Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 302 )
Ohereza igitekerezo
|
nanjye mumpaye akazi byashimisha cyane nomero yanjye ni 0788774711/0787877277 murakoze mugire akazi keza
Muraho neza nanjye ndashaka akazi nize Accounting muri secondary ubu ndikwiga Finance muri University number zanjye ni 0787097874/0725305331 Murakoze
Nize ibijyanye Ni ibarura Mari muri Kaminuza
Muri Secondaire niga HEG
Ndabishimiye .
najye mumaye akazi byashimisha n0:0785443968
MURAKOZE NANGE NITEGUYE GUTANGA UMUSANZU WANGE NFITE A1 MURI INFORMATION MANAGEMENT AT THE END OF THIS YEAR I WILL HAVE AO ALSO IN INFORMATION MANAGEMENT
Nanjye munyemereye nabashimira nize ikoranabuhanga nasoje ayisumbuye mwampamagara kuriyi numero 0781256679 murakoze
Mbanje kubashimira kubwigikorwa cyanyu cyiza nasoje amashuri yisumbuye mwishami ry’ikoranabuhanga nanjye munyemereye nkafatanya namwe byababyiza kurushaho murakoze numero yanjye niyi 0781256679
Mbere nambere ndabashimira uburyo nkabana bu Rwanda Mudufasha mwitererambere ryacu.Narangije muri MEG Mumpaye akazi twafanya mwiterambere byaba ari byiza cyane.Nimero Zange(0788900902,0722689227)Turabashiye.
narangije s6 MURI MEG , kaminuza Ihuye muri UR muri development studies . byanezaza gukorana namwe . telephone :0786592685 _/ 0781705914
Mberenambere mbanje kuba suhuza,nishimiye ububuryo ,mukoresheje nange nize Telecommunicatio na electronics mumashuri yisumbuye ,nomuri kaminuza ,muramutse munkeneye ndahari ,nimero zange +250786958171/+250722185475/+250785185475,MB aye mbashimiye igi subizo cyanyu kiza Murakoze
Mberenambere mbanje kuba suhuza,nishimiye ububuryo ,mukoresheje nange nize Telecommunicatio na electronics mumashuri yisumbuye ,nomuri kaminuza ,muramutse munkeneye ndahari ,nimero zange +250786958171/+250722185475/+250785185475,MB aye mbashimiye igi subizo cyanyu kiza Murakoze
Nanjye nshaka akazi kandi nifatanya namwe mwiterambere ryigihugu.mperereye I muhanga 0789733434/0738127180