Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 288 )

Utagamfunduruy Aband Barakabon

Mandera yanditse ku itariki ya: 5-03-2017  →  Musubize

the first of all murakoze kubwibitecyerezo mutugezaho nge nkundana numukobwa ariko yaranyobeye mubaza icyoacyeneye yarangiza akambwiruti ntacyo nkabona amfitiye uurukundo ariko umuryangowe UK Ananiza nacyenera kumusjyira mumasezerano bakanga nzakore Iki?

bizimana jean bosco yanditse ku itariki ya: 27-02-2017  →  Musubize

igenekerez rya 21-02-2017

Dimpoz yanditse ku itariki ya: 21-02-2017  →  Musubize

Mfis Umu Dada Ndamubwiy Ngo Turyamane Ambwir Ngo Uraza Mu Hira Ndamubajij Isaha Ntanyishur None Mfate Iki?

Omer Vianny yanditse ku itariki ya: 17-02-2017  →  Musubize

kubiganiro muduha

tang yanditse ku itariki ya: 13-02-2017  →  Musubize

iyo usavye umukunz waw ko mworyaman bwa mbere kuk atemera?aba agukunda ?cank aba atagukund inyishu murakoze

kabushemeye alexis yanditse ku itariki ya: 8-02-2017  →  Musubize

Murakoze Kubwinama Mutugira

Ozil yanditse ku itariki ya: 8-02-2017  →  Musubize

Nukuri Ibyo Muvuga Biratwubaka Nkabantu Tuba Tukiri Murukundo Kandi Koko Agapfundikiye Gatera Amatsiko.

Kuko Iyo Umuhungu Akubonye Ubwamaure Bwawe Ntiyongera Kukuvugisha

Murakoze Kubwinama Mutugira Yari

Mesut Ozil=muhangi Saidi

Ozil yanditse ku itariki ya: 8-02-2017  →  Musubize

abahungu nibabi ya pfunduye agaseke kwaheri

sezeranomoise yanditse ku itariki ya: 6-02-2017  →  Musubize

Burya Agateye Amatsiko Ninako Gatuma Urukundo Ruramba Sibyiza Gupfundura Agaseke Igihe Kitaragera,

Alias yanditse ku itariki ya: 3-02-2017  →  Musubize

kugira akwereke ibimenyetso biterwa nukomwaganiye

claude yanditse ku itariki ya: 13-01-2017  →  Musubize

Murakoze,kutugira,inama

Harerimana arphonse yanditse ku itariki ya: 8-01-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka