Abaturage bo mu Mujyi wa Norilsk, mu Burusiya, batangajwe no kubona amazi y’umugezi witwa Daldykan yahinduye ibara agasa n’amaraso.
Ingoto ni igice cy’umubiri kigirwa n’abagabo, ariko kuba cyariswe Adam’s apple cyangwa Pomme d’Adam bishobora kugira aho bihurira n’ibyanditswe muri bibiliya.
Umusore wo mu Karere ka Karongi yafashwe n’abaturage mu rugo rw’abandi bamushinja kuza kuhasambanyiriza umugore wa ny’iri urwo rugo.
Ndazigaruye Faustin, wo mu Mudugudu wa Cyenjojo mu Murenge wa Rwempasha muri Nyagatare bamusanganye itaka ry’inzu n’iryo mu murima we arishyiriye umupfumu ngo wamubwiye ko byarozwe ndetse ngo inzu ayitashye yahita apfa.
Umubyeyi witwa Nzamwitakuze Brigitte wo mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke yabyariye mu Bitaro bya Ruli kuri uyu wa 22 Kanama 2016, bukeye bamubeshya ko umwana yapfuye bamupfunyikira igipupe.
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko bimwe mu bihugu bya Afrika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara byugarijwe n’ikibazo cyo gukoresha imiti nabi, bityo igatakaza ubushobozi bwo gukiza indwara.
Abasore bo muri Burera batuye mu gace k’amakoro batangaza ko kubaka inzu bikora umugabo bigasiba undi kubera itaka ryaho rihenze.
Uko buri mwaka ushize ni ko hasohoka terefone nziza kandi z’agatangaza, ariko izi terefone 25 ni zo zakunzwe kurusha izindi kuva terefone ngendanwa zatangira gukorwa.
Wang Shi, Umushinwakazi, yagiye mu gitabo cy’abaciye uduhigo ku isi “Guinness World Record” kuko amaze amazi 17 atwite.
Muhawenimana Angelique w’imyaka27, wo mu Kagari ka Kiramira mu Murenge wa Kigarama i Kirehe avuga ko ababyeyi be bamufungiye mu nzu nyuma yo guhura n’ubumuga bwo kutabona.
Abashakashatsi bagaragaje ko impumuro y’inkoko nzima yirukana imibu, ku buryo umuntu ayishyize mu cyumba araramo atakwikanga imibu yamurya cyangwa yamuduheraho.
Abaturage batuye Umurenge wa Tare muri Nyamagabe, ahakunze kwitwa mu Gasarenda, bateje akavuyo barekereje kuvoma mazutu yari yikorewe n’ikamyo yahirimye.
Itsinda ry’abakirisitu ryizera ko inkuru zose zanditse muri bibiliya ari ukuri, ryakoze inkuge (ubwato bunini) bwatwaye miliyoni 100 z’Amadorali.
Umukobwa w’imyaka 18 usanzwe ukora akazi ko mu rugo, yabyaye umwana w’umuhungu, avukana imitwe ibiri ku mugoroba wa tariki 22 Kamena 2016, nyuma y’iminota mike uwo mwana ahita apfa.
Umusore w’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza akurikiranweho gufata ku ngufu nyina umubyara akamusambanya.
Umusore wamenyaniye n’umukobwa wo mu Karere ka Nyagatare kuri telefoni ntiyabonetse ku munsi wo gufata irembo kandi bamwiteguye.
Habimana Jean Claude w’imyaka 32 wo mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yaciwe umunwa yishyuza mugenzi we 5000FRW.
Mu masoko yo mu Karere Kamonyi haragaragara ifu y’imyumbati abaturage bise “Shira umuteto”, bitewe n’uko butaryoha ariko bukagura macye.
Abana babiri mu murenge wa Rugerero bahitanywe n’ibiza byatewe n’imvura yaguye kuwa 1 Gicurasi, Sekuru abimenye arimanika.
Abakozi ba Banki y’Ubucuruzi ya Kenya (KCB) bahinduye imyambaro bari basanganwe, bambara nk’abakiriya batandukanye babagana kugira ngo bashimangire agaciro babaha.
Umugabo witwa Twagirayezu Nepo wo mu Karere ka Rulindo yashyikirijwe polisi ashinjwa gusambanya inka y’umuturanyi yahawe muri “Gira inka.”
Mbyayingabo François yataye Mukabarinda Jacky bari bagiye gusezerana imbere y’amategeko mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza.
Umukecuru Kabagema Anastasie utuye mu Kagari ka Kayenzi, Umurenge wa Bwishyura Akarere ka Karongi yababanaga n’akarima k’igikoni mu nzu yenda kumugwaho.
Bamwe mu batuye Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza biyemerera ko inzoga y’igikwangari bayita “Ndi umunyarwanda” kugira ngo bajijishe ubuyobozi.
Umuryango wa Nzamurambaho Fidella wahungiye muri Cameroun waguye mu kantu bamubonye aje kubasura nyuma y’imyaka 22 bazi ko yitabye Imana.
Igitangazamakuru cyo mu Buhinde cyatangaje kuri uyu wa kabiri tariki 1 Werurwe ko abakoze ibizamini byanditse byo kwinjira mu gisirikare bategetswe gukuramo imyenda.
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yagonzwe n’imodoka yitaba Imana, agerageza gukiza impinja ebyiri zari zigiye kugongwa n’imodoka yacitse feri ikisubiza inyuma.
Uwitwa Habanabakize Francois wo mu Karere ka Rulindo yiyahuje umuti w’imbeba ariko apfira kwa muganga, ashinja umugore we kumuca inyuma.
Umubyeyi wo mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba arasaba ubufasha nyuma yo kubyara umwana ufite imitwe ibiri.
Umusore mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi yagwiriwe n’umusarane agiye kwiherera aburirwa irengero.