MENYA UMWANDITSI

  • Barahugurwa ku kibazo cy

    Akarere k’Ibiyaga Bigari kahagurukiye gukemura ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe

    Ikigo gishinzwe Amahugurwa cy’Inama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR-RTF), cyasabye inzego z’ibihugu bigize uyu muryango gukemura ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe byatewe n’intambara, mu rwego rwo kubaka amahoro arambye muri aka Karere kagizwe n’ibihugu 12 bya Afurika.



  • Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame

    Perezida Kagame na Madamu we bashyize indabo ku gicumbi cy’Intwari

    Perezida Kagame na Madame Jeannette Kagame bashyize indabo ku gicumbi cy’Intwari z’Igihugu i Remera, umuhango wasoje gahunda zitandukanye zimaze igihe zikorwa cyane cyane n’urubyiruko hirya no hino mu gihugu.



  • Agnes Muhongerwa, umuyobozi mushya wa GMO

    Agnes Muhongerwa yiyemeje kurwanya umuco wo kwambara ubusa

    Umugenzuzi Mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu iterambere ry’Igihugu(GMO), Agnès Muhongerwa, uherutse guhabwa inshingano, yarahiriye imbere ya Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitille Mukantaganzwa, aho yaniyemeje kurwanya umuco wo kwambara ubusa (…)



  • Intambara Kongo irimo ntitunguranye-Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo barimo bidatunguranye, kuko ngo byahereye mu myaka irenga 20 ishize ubwo Abatutsi bameneshwaga bakaza kuba impunzi mu Rwanda.



  • Hagiye guterana inama y’Abakuru b’ibihugu bya EAC yiga ku kibazo cya Congo

    Perezida wa Kenya akaba ari na we uyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EAC) muri 2025, Dr William Samoei Ruto, yatangaje ko Abakuru b’Ibihugu bigize uyu muryango urimo u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC), bagiye guhura bafate umwanzuro ku kibazo cy’intambara kugeza ubu yamaze gushyira Umujyi wa (…)



  • Alain Mukuralinda ahamya ko umutekano w

    U Rwanda ntiruzareberera intambara iri ku mupaka warwo na Congo - Mukuralinda

    Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yasobanuye byinshi byerekeranye n’intambara irimo kubera mu Burasirazuba bwa Congo, aho umutekano w’u Rwanda ngo urinzwe neza, kandi ko rutazicara ngo rureberere n’ubwo rushinjwa gukorana na M23.



  • Kigali: Imodoka ebyiri zari mu igaraje zirakongotse

    Imodoka ebyiri zarimo gukorerwa mu igaraje ‘Swift Motors Garage’ ry’uwitwa Rutaremara Félicien zirahiye zirakongoka.



  • Dore uko pansiyo nshya izongerwa

    Urwego rushinzwe Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, rwatangaje ko ibigenerwa Abanyamuryango barwo bizatangira kongerwa guhera muri uku kwezi kwa Mutarama 2025, aho amafaranga ya pansiyo n’ay’ibyago bikomoka ku kazi azongerwa.



  • Imirenge SACCO yahawe Miliyari 30Frw agenewe abafite imishinga

    Ikigega cy’Ingwate (BDF), kivuga ko hari Amafaranga y’u Rwanda arenga Miliyari 30Frw yahawe imirenge SACCO, kugira ngo abakiriya bayo hirya no hino mu Gihugu bafite imishinga mito n’iciriritse babone igishoro cyabateza imbere.



  • Harageragezwa uburyo bisi itazajya irenza iminota 10 muri gare za Kigali

    Hatanzwe Nkunganire ya Miliyari 5.7Frw ku modoka zitwara abagenzi muri Kigali

    Umujyi wa Kigali wahawe inkunga yo kugerageza mu gihe cy’ibyumweru bibiri, uburyo bisi zitwara abagenzi zajya ziboneka muri gare no ku byapa bitarenze iminota 10, ariko ba nyiri izi modoka bakibaza niba iyi gahunda ya nkunganire izakomerezaho nyuma y’icyo gihe cy’igerageza.



  • Trump ararahirira mu nzu kubera ubukonje bukabije

    Mu bidasanzwe byaranze irahira rya Donald Trump ubaye Perezida wa 47 wa Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA), ni uko arahiriye imbere mu cyumba cyo mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Capitol Rotunda, cyaherukaga gukoreshwa uyu muhango mu 1985.



  • Amoko 14 y’ingofero za moto ziri ku isoko nta buziranenge zifite - ubushakashatsi

    Nyuma y’uko Urwego rutsura Ubuziranenge (RSB) ruhawe Laboratwari ipima ingofero z’abagenda kuri moto, izisanzwe ku isoko mu Rwanda zose zarapimwe bigaragara ko nta yujuje ubuziranenge, bikaba ari byo ngo bishyira mu byago abakoreshai moto nk’uko bitangazwa n’abazikozeho ubushakashatsi.



  • Mu mpinduka Trump azanye, ibintu bishobora guhenda ku Isi - Impuguke

    Impuguke mu bijyanye n’ubukungu, Straton Habyarimana, yasobanuye uburyo ibicuruzwa henshi ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko bishobora kurushaho guhenda ndetse bimwe bikabura, bitewe n’amatwara mashya ya Donald Trump ugiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA).



  • Turashaka kubwira MTN ko twahombye-Abacuruzi

    Abacuruzi batandukanye mu Gihugu hamwe n’abakiriya babo bakomeje kwinubira igihombo batewe no kudakora kw’ihererekanya ry’amafaranga hakoreshejwe MTN Mobile Money (MoMo), byatumye bamwe mu bakiriya bafatirwa aho batse serivisi, abandi bagenda batishyuye.



  • Abazajya mu mashuri makuru na kaminuza bose basabwe kwitabira Urugerero

    Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Jean Damascène Bizimana, asaba inzego z’ibanze gushaka abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye, cyane abazajya kwiga muri kaminuza n’amashuri makuru, kugira ngo bitabire ibikorwa by’urugerero byatangiye mu Gihugu hose ku wa 13 Mutarama 2025.



  • Ngoga Emmanuel wa RSSB

    Kuzigama muri EjoHeza si agahato - RSSB

    Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta gahato karimo, ahubwo ko umunyamuryango wayo yungukirwa buri mwaka amafaranga angana na 12% by’ayo yizigamiye.



  • Perezida Kagame mu kiganiro n

    Impinduka ntiziraba - Perezida Kagame ku Baminisitiri bagiye bavanwaho

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane tariki 09 Mutarama 2025, yavuze ko n’ubwo hamaze kuvaho Abaminisitiri 5 nyuma y’aho Guverinoma nshya irahiriye muri Kanama 2024, abayobozi bata igihe bazakomeza gusimbuzwa.



  • Ingabo z’ibihugu by’Umuhora wa Ruguru zahujwe n’imishinga y’iterambere

    Intumwa z’ibihugu bigize Umuhora wa Ruguru mu bijyanye n’Umutekano (Northern Corridor Integration Projects Defence Cluster) ziteraniye i Kigali mu nama y’iminsi itatu, kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Mutarama 2025, aho basuzumira hamwe imishinga ifitiye akamaro abaturage bo muri ibi bihugu.



  • Moto z’amashanyarazi zatinyuye abagore bakora ubumotari

    Kwaduka kwa moto zitwarwa n’amashanyarazi mu Rwanda birimo guteza imbere uburinganire n’ubwuzuzanye, aho umubare w’abagore batwara abagenzi kuri moto ugenda wiyongera bitewe n’uko zitabateza imvune, kandi bakaba boroherezwa kubona igishoro cyo kuzigura.



  • Impanuka yabereye ahazwi nkokuri Rwandex

    Umugenzi wari kuri moto ahitanywe n’impanuka

    Ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Mutarama 2025, umumotari wari uhetse umugenzi yagonzwe n’ikamyo itwara lisansi muri ’feux rouges’ kuri Rwandex, uwo Mugenzi ahita yitaba Imana.



  • Menya Sabiiti Daniel, umugabo ugenda atanga bombo ku mugore, umukobwa cyangwa umwana wese bahuye

    Daniel Sabiiti ni umugabo w’imyaka 49 y’amavuko, akaba n’umunyamakuru uzwiho kugenda buri gihe ahetse igikapu kirimo bombo(bonbons/sweets) aha buri mugore, umukobwa cyangwa umwana wese bahuye.



  • Hari abagowe no kumenya aho bategera imodoka

    Kigali: Hari abajya kwizihiza Noheli bagowe no kumenya aho bategera imodoka

    Hari abaturage bitoroheye kujya kwizihiriza Noheli mu miryango yabo, kuko bagera muri gare bagasiragira, bikabaviramo gutinda kubona imodoka, bitewe no kutamenya gahunda y’ingendo yashyizweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA).



  • Umuyobozi Nshingwabikorwa wa TIR, Apollinaire Mupiganyi

    Abashinzwe amasoko ya Leta baravugwaho guhisha amakuru bigakurura ruswa

    Isesengura ku itangwa ry’Amasoko ya Leta ryakozwe n’Umuryango Transparency International Rwanda, rigaragaza ko inzego zishinzwe itangwa ry’amasoko ya Leta zitabwira abantu ko hari isoko runaka ririmo gupiganirwa, kugira ngo abayobozi n’abandi bakozi ba Leta biheshe ayo masoko cyangwa bahabwe ruswa.



  • Abanyeshuri bo muri EP Cyamburara bishimiye kubona amashanyarazi bwa mbere mu kigo cyabo

    Abatwara imizigo biyemeje kurinda ikirere guhumana

    Ibigo bitwara ibicuruzwa mu Rwanda no mu mahanga, CMA CGM na CEVA Logistics, byiyemeje gutanga ingufu z’imirasire y’izuba no gutera ibiti, mu rwego kugabanya imyuka ihumanya byohereza mu kirere.



  • Hashyizweho gahunda y

    Dore gahunda y’ingendo ku bazajya kwizihiza Noheli n’Ubunani

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), rwashyizeho gahunda y’ingendo mu minsi mikuru isoza umwaka kugira ngo abantu batazabura imodoka.



  • No kuri Sitade Amahoro badusabye ‘akantu’- Ubuhamya kuri ruswa mu myubakire

    Abakora mu bwubatsi baganiriye na Kigali Today bavuga ko ruswa imaze kuba nk’ihame mu mikorere yabo ya buri munsi, ku buryo abafundi n’abayede ngo hari aho bahabwa imirimo babanje kwemera gukatwa 1/3 cy’umushahara wabo.



  • BK Foundation yatanze imbabura za rondereza, inacanira ingo 141 z’i Nyanza

    Uwitwa Nkundakozera Félicien na Twagirimana Anne Marie batuye mu kagari ka Gati, Umurenge wa Muyira mu karere ka Nyanza, ni bamwe mu baturage bahawe imbabura zirondereza ibicanwa hamwe n’umuriro w’amashanyarazi uturuka ku mirasire y’izuba, kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukuboza 2024.



  • Mwiceceka - inama ku bahohotewe

    Umuryango uharanira iterambere ry’umwana, urubyiruko n’umugore, Save Generations Organization (SGO), uravuga ko abubatse ingo bamaze gusobanukirwa ko kizira guhishira ihohoterwa bakorerwa.



  • Beata Mukangabo, Umuyobozi w

    Gutwara abantu mu buryo bwa rusange bunoze, bivuze kwishyura igiciro gikwiye - RURA

    Ubuyobozi bw’Urwego rw’lgihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), buvuga ko gutwara abantu abantu mu buryo bwa rusange bunoze bisobanuye kwishyura igiciro gikwiye.



Izindi nkuru: