MENYA UMWANDITSI

  • Dore uko wakwikorera umugati nta Furu

    Hari abantu bakunda imigati ariko rimwe na rimwe bakayirya ibahenze kandi nyamara bashobora kuyikorera. Abandi bakakubwira ko bifuza kuyikorera ariko bagakomwa mu nkokora no kutagira ifuru. Dore uko wakora umugati iwawe mu rugo bitagusabye kugura ifuru.



  • Prof Dr Mutesa Leon ashyikirizwa igihembo yagenewe

    Umunyarwanda yahembewe kuvumbura ko ihungabana ryatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi rihererekanywa mu muryango

    Prof Dr Mutesa Leon, umuhanga mu bumenyi bw’utunyangingo ndangasano (Geneticist), yahawe igihembo ku wa 12 Mata 2023, i Roma mu Butaliyani, mu rwego rwo kumushimira uruhare yagize mu buvuzi muri Afurika.



  • Bimwe mu bimera bifite impumuro yirukana imibu mu nzu

    Imibu ni udusimba tubangamira abantu, cyane cyane nijoro kuko aribwo dukunda tuboneka aho abantu bari, urusaku rwatwo igihe abantu baryamye, tukarumana, bikaba bibi cyane iyo ari umubu wa Anophèle (anofele) utera Malariya.



  • Ndorimana Jean Claude

    Abanyarwanda barakangurirwa kurwanya imirire mibi barya inkoko n’ingurube

    Abanyarwanda barashishikarizwa kurya inyama z’ingurube n’iz’inkoko hagamijwe guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi. Mu gihe inkoko zo bisa n’aho abanyarwanda bazi akamaro kazo, ahubwo bakabangamirwa no kumva ko kuzirya bisaba amikoro, inyama z’ingurube zo zisa n’aho zibagiranye cyangwa zititabwaho mu muco nyarwanda.



  • Barashima aho u Rwanda rugeze mu gucunga umutungo kamere w’amazi

    Global Water Leadership Program (GWLP) hamwe n’abafatanyabikirwa bayo barimo Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’ Amazi mu Rwanda (RWB), bashyize ahagaragara ingamba nshya zigamije gusubiza ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere, gusigasira amasoko y’amazi mu Rwanda ndetse no kwita kuri Serivisi z’Isuku n’Isukura (WASH).



  • Abaturage bo mu Murenge wa Gikomero bigishijwe uko koza amenyo bikorwa

    Abasaga Miliyari 3.5 ku Isi barwaye indwara zo mu kanwa - OMS

    Abakora mu rwego rw’ubuzima by’umwihariko abavura indwara z’amenyo no mu kanwa, bavuga ko kugira ubuzima bwiza bihera ku buzima bwo mu kanwa. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), rigaragaza ko indwara zo mu kanwa zugarije Isi, aho mu basaga Miliyari 8 bayituye, muri bo Miliyari 3.5 barwaye izi ndwara.



  • Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima

    Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.



  • Amafunguro ni ingenzi ku buzima bwiza bw

    Ibyo kurya bya mbere bifasha ibihaha gukora neza

    Rumwe mu ngingo zifitiye akamaro kanini umubiri wa muntu kandi rukora byinshi ni ibihaha, ari yo mpamvu kubibungabunga no kubirinda ari ingenzi mu buzima bwa buri munsi.



  • Sobanukirwa impamvu zitera ihindagurika ry’imisemburo ya kigore

    Umubiri w’umuntu ubamo imisemburo inyuranye ikoreshwa mu mikorere y’umubiri nko mu mikurire yawo, mu mikorere y’ubuzima bw’imyororokere, ibitotsi, kugena igipimo cy’ubushyuhe bw’umubiri, amarangamutima n’ibyiyumviro n’ibindi.



  • Abaveterineri bari mu biganiro

    MINAGRI irasaba abaveterineri kwishyira hamwe hagamijwe kunoza ubworozi

    Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), irashishikariza abavuzi b’amatungo (Abaveterineri), kurushaho kugana urugaga rubahuza, ndetse no kwiyunga n’ikimina cyashyizweho hagamijwe iterambere ry’ubworozi n’iryabo bwite.



  • Ni iki wakora mu gihe ufite ikibazo cyo kwituma impatwe?

    Bavuga ko umuntu afite ikibazo cyo kwituma impatwe, mu gihe kwituma bimugora, umwanda munini ukaza ukomeye ku buryo ugorana gusohoka, ndetse umuntu akajya ku usarane gake, bikaba uburwayi mu gihe ajyayo inshuro ziri munsi y’eshatu mu cyumweru. Akenshi kwituma impatwe ni ibintu bishobora kubaho rimwe na rimwe bigashira (...)



  • Perezida w

    Perezida Macron yahamagariye u Burayi kongera imfashanyo ya gisirikare ihabwa Ukraine

    Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, arahamagarira ibihugu by’u Burayi gushyigikira Ukraine, hongerwa imfashanyo mu bya gisikare.



  • Perezida Kagame yanenze abayobozi bakorana batavugana

    Perezida Kagame yanenze abayobozi bakorana batavugana

    Mu ijambo risoza Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19, yatangiye ku wa 23 kugera ku wa 24 Mutarama 2024, Perezida Paul Kagame yanenze abayobozi batuma sisitemu idakora neza, bitewe no kudahanahana amakuru, abaza impamvu binanirana.



  • Ibyo wamenya ku ndwara ya Mburugu (Syphilis) yandurira mu mibonano mpuzabitsina

    Mburugu cyangwa se Syphilis (Sifilisi) ni imwe mu ndwara zandura kandi zigakwirakwizwa binyuze mu mibonano mpuzabitsina. Iterwa na mikorobe zo mu bwoko bwa bagiteri, zitwa treponema pallidum, zishobora gukwirakwizwa mu gihe cy’imibonano binyuze mu kanwa, mu gitsina cyangwa mu kibuno.



  • Menya ibyiza n’ibibi by’icyayi cya ‘Mukaru’

    Mukaru cyangwa se icyayi cy’umukara (Le the noir/black tea), ni icyayi kiboneka mu mababi y’icyayi cyo mu bwoko bwa Thea sinensis/ Camellia sinensis, hakabaho kumishwa mu buryo kimeze nk’igitaze. Kimwe n’icyayi cy’icyatsi (The vert/ Green tea), byose bihuriye ku kuba byifitemo ikinyabutabire cyitwa caffeine.



  • Kuribwa umutwe ni igisobanuro cy’ikitagenda neza mu mubiri

    Hari abantu usanga bakunze gutaka ububabare bw’umutwe kenshi, ndetse bamwe bukaba uburibwe buhoraho byarabaye ibisanzwe kuri bo. Ubwo bubabare bakabugendana, bakabukorana mbese barabwakiriye.



  • Abarenga 9% by’abatuye isi bafite inzara idakira-FAO

    Umusaruro w’ibiribwa ku isi ni rumwe mu nzego zigirwaho ingaruka cyane n’ihindagurika ry’ikirere, Umutekano mucye, n’ibindi.



  • Imbatabata

    Menya ikimera cyitwa ‘imbatabata’ kivura imyanya y’ubuhumekero

    Imbatabata ni icyatsi gikoreshwa nk’umuti uvura indwara nyinshi. Iki kimera kirimo amoko agera kuri 250, cyamenyekanye guhera kera cyane mu Bugereki, kigenda gikwirakwira mu Burasirazuba no mu Burengerazuba.



  • Muri Tchad amatora asize Itegeko Nshinga rishya ryemejwe bidasubirwaho

    Tchad: Itegeko Nshinga rishya ryemejwe bidasubirwaho

    Itegeko Nshinga rishya rya Tchad ryemejwe ku majwi 85.90% mu matora ya kamarampaka, yitabiriwe ku rugero rwa 62.8%, nk’uko ibyavuye mu matora byatangajwe ku buryo bwa burundu kuri uyu wa kane n’Urukiko rw’Ikirenga rwa Tchad.



  • Abantu 10,000 bagerageza kwambuka buri munsi

    Ikibazo cy’abimukira cyabaye ingorabahizi ku mupaka uhuza Mexique na Amerika

    Muri uyu mwaka wa 2023, ikibazo cy’abimukira bava muri Mexique bajya muri Amerika kirakomeye, aho abantu 10,000 bagerageza kwambuka umupaka mu buryo butemewe buri munsi, mu gihe cy’ibyumweru bike bishize.



  • Muri Kigali abakiriya b

    Kimironko inyama zabuze abaguzi: Bimwe mu byaranze Noheli muri Kigali

    Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, aho umunyamakuru wa Kigali Today yageze kuri uyu wa 25 Ukuboza 2023, ku munsi mukuru wa Noheli, abacuruza inyama batangaje ko abaguzi bazo batabaye benshi nk’ibisanzwe, ariko agasembuye ko ngo kitabiriwe.



  • U Bushinwa: Umutingito wahitanye abarenga 128

    Imibare iheruka iragaragaza ko umutingito wabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku wa Kabiri tariki 19 Ukuboza 2023, mu ntara ya Gansu, iherereye mu majyaruguru y’Uburengerazuba bw’u Bushinwa, umaze guhitana abantu basaga 128, ndetse ukaba wangije n’ibikorwa remezo byinshi.



  • Perezida Abdel Fattah al-Sisi

    Perezida Abdel Fattah al-Sisi yongeye gutorerwa kuyobora Egypt

    Abashinzwe amatora muri Egypt (Misiri), kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2023, batangaje ko Perezida Abdel Fattah al-Sisi, yegukanye intsinzi mu matora ya Perezida wa Repubulika n’amajwi 89.6 %, akaba agiye kongera kuyobora iki gihugu muri manda ya 3 izamara imyaka 6.



  • Abanyamakuru 60 bamaze kugwa mu ntambara ya Israel na Hamas

    Abanyamakuru basaga 60 ni bo bamaze kugwa mu rugamba ruhanganishije Israel na Hamas kuva rwatangira ku itariki ya 7 ukwakira 2023, nk’uko bitangazwa n’imiryango mpuzamahanga itandukanye irimo Comité pour la protection des journalistes (CPJ) na Fédération internationale des journalists (FIJ).



  • Amabara y

    Menya intungamubiri ziba mu muceri, umubiri ukeneye

    Umuceri ni ikiribwa gifite inkomoko mu bihugu byo muri Aziya nk’Ubushinwa n’Ubuhinde, kuri ubu kikaba cyarabaye ifunguro rikundwa na benshi mu batuye isi.



  • James Cleverly yunamiye abaruhukiye muri urwo rwibutso anashyira indabo ku mva

    Ministre w’umutekano mu Bwongereza James Cleverly yasuye urwibutso rwa Genoside rwa Kigali

    Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza James Cleverly uri mu ruzinduko mu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 5 Ukuboza yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, asobanurirwa amateka yaranze Jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.



  • U Rwanda n’u Bwongereza barasinya amasezerano mashya ku bimukira

    Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 5 Ukuboza, u Rwanda n’Ubwongereza birashyira umukono ku masezerano mashya ajyanye n’abimukira iki gihugu gishaka ko azakurikizwa boherezwa mu Rwanda.



  • Alba & Rosie

    Ibihangano byashushanyijwe n’imbwa bizagurishwa akayabo

    Imbwa n’injangwe zatawe na ba shebuja kubera kubura ubushobozi bwo kuzitaho zikomeje kubyazwa umusaruro n’umuryango wiyemeje kuzitaho.



  • Perezida wa Amerika Joe Biden ntazitabira inama ya COP28

    Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika byatangaje ko atazajya iDubai mu nama ya 28 y’umuryango w’abibumbye yiga ku ihindagurika ry’ikirere COP28, izatangira kuwa kane tariki 30 Ukwakira 2023.



  • Kwibana no kubaho mu bwigunge bishobora kubyara urupfu

    Umuntu wese aho ari hose ashobora kugerwaho n’ikibazo cyo kuba wenyine, kwigunga cyangwa se gutabwa n’abakamubaye hafi.



Izindi nkuru: