MENYA UMWANDITSI

  • Mwiseneza Josiane yamaze gushyikirizwa amafaranga azagura imodoka

    Mwiseneza Josiane aragura imodoka muri uku kwezi kwa kabiri

    Nyampinga wakunzwe kurusha abandi (Miss Popularity) mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 aratangaza ko ubu nta gisibya uku kwezi kwa kabiri gusiga yinjiye mu mubare w’abatunze imodoka mu Rwanda.



  • Mu Rwanda telefoni ngendanwa za mbere ntizari ziteye imbere cyane

    Nsyata mu Gasanga, Numero Composé,….tumwe mu dukoryo twakurikiye umwaduko wa Telefoni ngendanwa mu Rwanda

    Mu myaka y’1998 n’2000 bamwe mu bari mu Rwanda bavuganye na Kigali Today bemeza ko ari bwo iterambere ry’ikoranabuhanga mu itumanaho ryatangiye gusakara mu banyarwanda. Ibikoresho by’ikoranabuhanga nka telefoni ngendanwa, mudasobwa na interineti byatangiye kuba nkenerwa mu mibereho ya buri munsi, dore ko byishimiwe na benshi (…)



  • Madame Jeannette Kagame nyuma y

    Washington: Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho ya 67 yo gushimira Imana

    Madame Jeannette Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), aho yitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gushimira Imana abaye ku nshuro ya 67 azwi nka National Prayer Breakfast.



  • Zimwe mu mbuga za Interineti z’uturere ziriho amakuru akeneye kuvugururwa

    Imbuga za Interineti z’Uturere zafasha abashaka kumenya amakuru yerekeranye na buri karere mu gihe zaramuka zitaweho. Usibye kuba zimwe muri zo zitaryoheye ijisho, hari amakuru cyangwa imyirondoro umuntu azishakiraho ntabibone. Ubwo Kigali Today yasuraga zimwe muri zo, ku wa mbere tariki 04 Gashyantare 2019, hari amakuru (…)



  • Perezida Kagame yasimbuye Museveni ku buyobozi bwa EAC

    Kuri uyu wa gatanu tariki 01 Gashyantare 2019, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yasimbuye uwa Uganda Museveni ku buyobozi bw’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAC), mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yabereye i Arusha muri Tanzaniya



  • Biteganyijwe ko u Rwanda ruhabwa ubuyobozi bwa EAC rusimbuye Uganda

    Perezida Kagame yageze i Arusha mu nama ya EAC

    Perezida Kagame yageze i Arusha muri Tanzaniya, kuri uyu wa gatanu tariki 01 Gashyantare 2019, mu nama ya 20 isanzwe y’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAC), inama ifite insanganyamatsiko igira iti ‘Duharanire gushyira hamwe mu bukungu, ukubana neza ndetse no mu bya politiki mu muryango w’Afurika y’Uburasirazuba.



  • Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda umunsi mwiza w’Intwari

    Mu gihe kuri uyu wa gatanu tariki 01 Gashyantare ari umunsi w’Intwari, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yanditse avugako ubutwari n’ubwitange bwaranze intwari z’u Rwanda bitabaye iby’ubusa.



  • Ibi byamamare bizamara mu Rwanda icyumweru

    “Baby Police” bo muri Nigeria bagiye kuza mu Rwanda

    Chinedu Ikedieze na Osita Ihema bamenyekanye muri firime zitandukanye zo muri Nigeria bategerejwe mu Rwanda kuva tariki 11 Gashyatare kugeza 18 Gashyantare 2019.



  • RURA yashyizeho ibiciro bishya by’amazi

    Kuri uyu wa gatatu tariki 30 Mutarama 2019, Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwashyizeho ibiciro bishya by’amazi bizatangira gukurikizwa kuva tariki 01 Gashyantare 2019.



  • Amagare : Abanyarwanda basubiye guhatanira aho Areruya yakoreye amateka muri 2018

    Kuri uyu wa gatanu nijoro saa saba na 15 ni bwo ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yerekeza muri Cameroun guhatanira irushanwa rya Tour de l’Espoir ryegukanwe na Areruya Joseph umwaka ushize.



  • Muri 2015 mu muhango wo kuzamura mu ntera abapolisi 462 ku rwego rw

    Ibi ni byo bigenderwaho kugira ngo umupolisi azamurwe mu ntera

    Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 28 Mutarama 2019 harimo amateka yemejwe harimo iteka rya Perezida rizamura mu ntera ba Ofisiye Bato 618 ba Polisi y’u Rwanda; n’iteka rya Minisitiri rizamura mu ntera ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 ba Polisi y’u Rwanda.



  • Abakoze ibikorwa by

    Bwa mbere abakoze amateka muri siporo bashobora guhabwa impeta z’ubutwari

    Urwego rw’Intwari z’Igihugu,Imidari n’Impeta by’Ishimwe rwatangaje ko mu bantu bakoreweho ubushakashatsi kugira ngo bahabwe imidari n’impeta by’ubutwari harimo n’abageze ku mihigo n’ibikorwa by’ubutwari muri siporo.



  • N

    Mukura yageze i Musanze gukina ikindi kirarane

    Nyuma yo gusezererwa mu marushanwa nyafurika ya CAF Confederation na Al Hilal yo muri Sudan, Mukura ikomeje gukina imikino yikuriranya y’ibirarane itakinnye ubwo yari ikiri kwitabira aya marushanwa.



  • Rutahizamu Michael Sarpong ni we watsindiye Rayon Sports mu mukino uheruka kubahiza na AS Kigali

    Rayon Sports na APR zirasubira mu kibuga guhatanira igikombe cy’Intwari

    Imikino y’igikombe cy’Intwari irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa kabiri aho amakipe abiri y’amakeba, APR na Rayon Sports, ari busubire mu kibuga arwanira amanota atatu mbere y’umukino karundura uzayahuza ku wa gatanu tariki 01 Gashyantare 2019.



  • Ubwo abakora mu buzima mu karere ka Rusizi bigishwaga uko bafasha uwagaragaweho na Ebola

    Ebola ni indwara yoroshye kwirinda iyo twitaye ku isuku – Minisiteri y’Ubuzima

    Minisiteri y’Ubuzima irahumuriza Abanyarwanda n’Abaturarwanda ko nta tangazo ryatanzwe n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’Ubuzima (WHO) rivuga ko Ebola irushijeho gusatira u Rwanda nk’uko byavuzwe na bimwe mu bitangazamakuru ndetse bigasakara ku mbuga nkoranyambaga, ikongeraho ko iyi ndwara yoroshye kwirinda iyo (…)



  • Kayihura w

    Agahinda k’abandi Banyarwanda babiri bashimutiwe muri Uganda

    Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda Abanyarwanda babiri barimo Potien Kayihura, umuturage wo mu Mudugudu wa Gahunga mu Kagari Gafumba ho mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, wari utunzwe no guhinga no kwikorera imizigo muri Uganda ariko akaza gutungurwa no gutabwa muri yombi ashinjwa (…)



  • Kiliziya Gatolika igiye kubaka katedarali nshya ya Kigali

    Mu muhango wo kwimika Arkiyepiskopi mushya wa Kigali Musenyeri Antoine Kambanda, uyu muyobozi mushya wa Kiliziya Gatolika muri arkidiyosezi ya Kigali yavuze ko afite gahunda yo kubaka Katedarali nshya ijyanye n’iterambere Umujyi wa Kigali ugezeho, ibi bishimangirwa na Perezida Kagame wavuze ko bazafatanya, ndetse (…)



  • yo Kurwanya Jenoside, Ingengabitekerezo yayo, n

    Miss Rwanda 2019: CNLG yamaganye amacakubiri akorerwa ku mbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside ( CNLG) yasohoye itangazo ryamagana ubutumwa bwatambutse ku mbuga nkoranyambaga zinyuranye, burimo ivangura n’amacakubiri, bukaba ndetse bwashobora guhembera Ingengabitekerezo ya Jenoside.



  • Tuyishimire Cyiza Vanessa No. 6, Ricca Michaella Kabahenda No.9 na Muyango Claudine No.1 nibo bambitswe amakamba yambere

    Amakamba atatu ya mbere muri Miss Rwanda 2019 yabonye ba nyirayo

    Abakobwa batatu muri 20 bageze muri Boot Camp, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 24 Mutarama 2019 bambitswe amakamba atatu ya mbere ariyo irya ‘miss congeniality’ rihabwa umukobwa wabaniye neza bagenzi be, ikamba rya ‘miss heritage’ rihabwa uwahize abandi mu by’umuco, ndetse n’ikamba rya ‘miss photogenic’ rihabwa (…)



  • Basketball: REG na Patriots mu makipe agiye guhatanira Igikombe cy’Intwari

    Amakipe 11 ni yo yamaza kwiyandikisha guhatana mu irushanwa ryo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari z’igihugu rizatangira tariki ya 25 Mutarama rigasozwa tariki ya 1 Gashyantare uyu mwaka.



  • Abanyeshuri biga ubuvuzi muri Kaminuza ya Gitwe

    Ni iki kiri inyuma yo kutumvikana kwa Kaminuza ya Gitwe na HEC?

    Ku cyumweru gishize, tariki 20 Mutarama, wari umunsi w’akazi kenshi ku bayobozi bakuru ba minisiteri y’uburezi, kuko bazindukiye mu bitangazamakuru bibiri bikuze kurusha ibindi mu gihugu ngo basubize ikiganiro cyanyujijwe kuri imwe muri radiyo zigenga iminsi itatu mbere yaho.



  • Uwizeyimana Bonaventure yegukanye umwanya wa gatatu muri Etape ya kabiri

    La Tropicale Amissa Bongo: Uwizeyimana Bonaventure ku mwanya wa gatatu mu gace ka kabiri

    Ikipe y’ u Rwanda ikomeje kwitwara neza mu irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo rizenguruka igihugu cya Gabon aho Uwizeyimana Bonaventure arangije agace ka kabiri ari ku mwanya wa gatatu inyuma y’umutaliyani Bonifazio Niccolo wa Dirrect Energie n’igihangange Andre Greipel wa Arkéa Samsic.



  • Munyaneza Didier ari mu bakinnyi batanga icyizere

    La Tropicale Amissa Bongo : Munyaneza Didier yatangiye irushanwa yitwara neza

    Ikipe y’u Rwanda y’umukino w’amagare itangiranye imbaraga mu irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo aho umukinnyi Didier Munyaneza yegukanye umwanya wa gatatu nyuma y’agace ka mbere katwawe n’umutaliyani Niccolo Bonifazio ukinira Direct Energie.



  • Ibirombe bicukurwamo amabuye y

    Rwamagana : Abantu 14 bitabye Imana bagwiriwe n’ikirombe

    Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwulire mu Kagari ka Ntunga habereye impanuka yahitanye abantu 14.



  • Areruya ufite igikombe hamwe n

    Amagare : Ikipe y’u Rwanda iratangira gusiganwa muri La Tropicale iherutse kwegukana

    Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare kuri uyu wa mbere tariki 21 Mutarama 2019 iratangira gusiganwa mu irushanwa rizenguruka Gabon rizwi nka La Tropicale Amissa Bongo, irushanwa yegukanye umwaka ushize, ritwawe na Areruya Joseph.



  • Félix Tshisekedi yari yatsinze mu buryo bw

    RDC : Félix Tshisekedi ni we watsinze amatora bidasubirwaho

    Urukiko rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’itegekonshinga rwemeje bidasubirwaho ko Félix Tshisekedi ari we watsinze amatora aheruka kuba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.



  • Umuyobozi wa Komisiyo y

    Itsinda riyobowe na Kagame rirajya muri Kongo vuba

    Itsinda ry’abayobozi bakuru b’ibihugu muri Afurika, ab’imiryango itandukanye ihuza ibihugu, umuyobozi wa komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, bayobowe na Perezida Kagame barasabwa kwerekeza muri Kongo vuba na bwangu, ngo bavugane n’impande zihanganye hagamijwe gushaka umuti w’ibibazo byo kutumvikana ku byavuye mu matora.



  • Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo bagomba kwikemurira ibibazo

    Kabila yabwiye Kagame ko atasohoka mu gihugu cye

    Perezida Joseph Kabila Kabange, yabwiye Perezida Paul Kagame unayoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ko atabasha kwitabira inama yiga ku kibazo cyakurikiye itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu muri Congo, kubera ko ibintu bitameze neza mu gihugu cye.



  • RUJUGIRO TRIBERT: Uko umucuruzi arimo kunyereza imisoro mu bihugu bya Afurika

    Rujugiro Tribert ni umuntu ukunda gushora imari mu nganda zikora itabi mu bihugu bitandukanye bya Afurika, gusa mu myaka mike ishize, hagiye humvikana amakuru y’ uko uwo mucuruzi yaba akora ishoramari ririmo uburiganya, akwepa imisoro n’ibindi byaha bitandukanye.



  • Lt Col Aloys Simba yari yarakatiwe imyaka 25 kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    U Rwanda rwamaganye irekurwa rya Aloys Simba

    Mu itangazo rishizwe ahagaragara na minisiteri y’ubutabera, u Rwanda rwamaganye kurekura mbere y’imyaka umunani lt Col. Aloys Simba wahamijwe ibyaha bya jenoside agakatirwa imyaka 25 y’igifungo.



Izindi nkuru: