MENYA UMWANDITSI

  • #COVID19: Mu Rwanda abantu 69 bakize Covid-19, 1 iramuhitana

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 05 Werurwe 2021, abantu 69 bakize COVID-19 naho umuntu umwe (1) ikaba yamuhitanye. Abakirwaye bose hamwe ni 1418, abarembye muri abo bakaba ari 11, abashya banduye icyo cyorezo ni 92 nk’uko imibare ibigaragaza.



  • Umuyobozi w

    Aba mbere bamaze gukingirwa Covid-19 (Amafoto)

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Werurwe 2021, abantu ba mbere bakingiwe Covid-19 nk’uko byari biteganyijwe muri gahunda ya Minisiteri y’Ubuzima, nyuma yaho inkingo zisaga ibihumbi 300 zigereye mu Rwanda.



  • #COVID19: Mu Rwanda umuntu umwe yishwe na Covid-19, 113 barayikira

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 04 Werurwe 2021, mu Rwanda umuntu umwe yapfuye azize COVID-19. Abantu 113 bayikize barataha. Abakirwaye bose hamwe ni 1396, abarembye muri abo bakaba ari 11, nk’uko imibare ibigaragaza.



  • Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byongeye kuzamuka

    Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku wa Gatanu tariki 05 Werurwe 2021, igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gihinduka ku buryo bukurikira:



  • Ni inkuru nziza kubona inkingo za COVID-19 zigeze muri Afurika – Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko bishimishije kubona ibihugu bitandukanye bya Afurika bimaze kugeramo inkingo z’icyorezo cya COVID-19 kimaze iminsi gihangayikishije isi.



  • #COVID19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 87, ntawapfuye

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 03 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 97 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 87, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1364. Mu bari barwaye ntawapfuye, abarembye bakaba ari icyenda, nk’uko imibare ibigaragaza.



  • Icyiciro cya kabiri cy’inkingo zo muri Covax kigeze i Kigali

    Icyiciro cya kabiri cy’inkingo za Covid-19 zo muri gahunda ya Covax zari zitegerejwe kigeze ku kibuga cy’indege cya Kigali mu masaha y’ijoro kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Werurwe 2021.



  • Mu Rwanda umuntu umwe yishwe na #COVID19, abakize ni 150

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 02 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 150 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 125, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1374. Umugore w’imyaka 84 y’amavuko yitabye Imana i Kigali, abarembye bakaba ari umunani, nk’uko imibare ibigaragaza.



  • Mu Rwanda abantu batatu bishwe na #COVID19, abakize ni icyenda

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 01 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu icyenda bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 136, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1400. Abagabo batatu b’imyaka 83, 79 na 61 bitabye Imana i Kigali, abarembye bakaba ari batandatu, nk’uko imibare ibigaragaza.



  • #COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 60, abarembye ni 8

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 28 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batandatu bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 60, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1276. Mu bari barwaye, ntawishwe n’icyo cyorezo, abarembye bakaba ari umunani, nk’uko imibare ibigaragaza.



  • Ukwigize Daniel na Ndayiragije Milliam bafatanywe magendu bari bakuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (Ifoto: Polisi y

    Nyanza: Abantu babiri bafatanywe ibicuruzwa bya magendu

    Abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana ku itariki ya 26 Gashyantare 2021 ahagana saa munani z’amanywa bafashe uwitwa Ukwigize Daniel w’imyaka 44 na Ndayiragije Milliam w’imyaka 28 y’amavuko. Bafatanwe magendu y’ibitenge 465, ikarito irimo litiro 5 za divayi n’ibizingo 25 by’insinga (...)



  • Kimenyi Yves yambitse impeta Miss Muyango

    Umunyezamu Kimenyi Yves yambitse impeta Miss Muyango, bakaba bemeranyijwe kubana nk’umugabo n’umugore, nyuma y’igihe kitari gito bari bamaze bakundana.



  • Mu Munyenga na Mastercard: BK yatanze moto n’ibindi, jyamo nawe utsindire imodoka

    Banki ya Kigali(BK Plc) yijeje abakiriya bayo bakoresha amakarita ya ‘Mastercard’ mu guhaha, ko bafite amahirwe yo gutsindira ibintu bitandukanye birimo imodoka yo mu bwoko bwa Mahindra KUV 100 NXT, izatangwa muri iyi Poromosiyo izarangira tariki 05 Werurwe 2021.



  • Mu Rwanda abantu batatu bishwe na COVID-19, abarembye ni 11

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 27 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batanu bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 101, naho batatu mu bari barwaye bakaba bishwe n’icyo cyorezo. Abo ni abagore babiri b’imyaka 75 (i Kigali), 36 (i Huye) n’umugabo w’imyaka 59 (i Kigali). Mu barwaye harimo 11 (...)



  • Perezida Kagame yayoboye inama yemerejwemo Umunyamabanga Mukuru mushya wa EAC

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akaba ari na we uyoboye Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Gashyantare 2021 yayoboye inama ya 21 isanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango.



  • Arashinjwa kwiba nyina amafaranga arenga Miliyoni

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Nyamirama, ku wa Kane tariki ya 25 Gashyantare 2021,yagaruje amwe mu mafaranga yari yibwe uwitwa Kayitankore Oliva w’imyaka 48. Yari yibwe amafaranga y’u Rwanda angana na miliyoni n’ibihumbi 555 (1,555,000Frw) Polisi iza gufata uwari yayibye imusangana 1,250,000.



  • Amajyepfo: Abantu 81 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo mu turere twa Kamonyi na Gisagara, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Gashyantare 2021 yafashe abantu 81 bari mu tubari banywa inzoga, aba bantu kandi bari barengeje amasaha yo kuba bageze aho bataha. Bafatiwe mu bikorwa bya Polisi ifatanyije n’abayobozi mu nzego (...)



  • #COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 136, abakize ni 23

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 26 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu 23 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 136, nta muntu icyo cyorezo cyishe nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Urukiko rwanzuye ko Rusesabagina agomba kuburanira mu Rwanda

    Urukiko rwanzuye ko rufite ububasha bwo kuburanisha Rusesabagina

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Gashyantare 2021, Urukiko rukuru rwanzuye ko rufite ububasha bwo kuburanisha Paul Rusesabagina, wari waravuze ko nta Rukiko rwo mu Rwanda rwamuburanisha kuko ngo atari Umunyarwanda.



  • Mu Rwanda abantu bane bishwe na #COVID19

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 25 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu bane bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 110, naho abakize ni 15. Abitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 58 na 50 n’abagabo babiri b’imyaka 66 na 58 i Kigali.



  • Polisi yafashe abiba imirindankuba

    Bugesera: Polisi yafatiye mu cyuho abibaga imirindankuba y’amatara yo ku mihanda

    Mu ijoro ryo ku wa 22 Gashyantare 2021, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Gashora, yafatiye mu cyuho Tuyizere Emmanuel w’imyaka 21, Nteziryayo Damascène w’imyaka 26 na Nsabimana Boniface w’imyaka 34. Bafashwe barimo gucukura utwuma turinda inkuba kwangiza amatara yo ku mihanda.



  • #COVID19: Habonetse abanduye bashya 118, abakirwaye bose hamwe ni 925

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 24 Gashyantare 2021, mu Rwanda umuntu umwe yitabye Imana yishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 118, naho abakize ni 13. Uwitabye Imana ni umugabo w’imyaka 54 y’amavuko i Kigali.



  • Bakekwaho kwiba lisansi bakayicuruza binyuranyije n

    Ngororero: Babiri bafashwe bakekwaho kwiba lisansi

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngororero, Umurenge wa Kabaya, ku Cyumweru tariki ya 21 Gashyantare 2021 yafashe abantu babiri bafite amajerikani 9 arimo lisansi bigakekwa ko bayibye, bafashwe barimo kuyicuruza mu buryo butemewe.



  • Izi nka uko ari 4 zafatiwe mu rugo kwa Bahati Jean Paul harimo iyo abapolisi basanze mu cyumba cyo mu nzu Bahati abamo (Ifoto: Polisi y

    Gisagara: Abantu 8 barafunzwe bacyekwaho ubujura bw’inka

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisigara imaze gufata abantu 8 bakurikiranyweho kwiba inka mu baturage bo mu mirenge ya Ndora na Kibirizi. Tariki ya 22 Gashyantare 2021, Polisi y’u Rwanda yafashe uwitwa Mbagire Emmanuel agaragaza aho yari amaze kugurisha inka 4 yibye mu baturage. Izi nka na zo zahise zifatwa.



  • Mu Rwanda abagabo batatu bishwe na COVID-19

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 22 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batatu bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 146, naho abakize ni 189. Abitabye Imana ni abagabo batatu b’imyaka 85, 77 (i Kigali) na 43 (i Gicumbi).



  • Idamange Iryamugwiza Yvonne

    Dosiye ya Idamange irarara ishyikirijwe Ubushinjacyaha - RIB

    Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 22 Gashyantare 2021, Dosiye ya Idamange Iryamugwiza Yvonne, irara ishyikirijwe Ubushinjacyaha kugira ngo akurikiranwe ku byaha akekwaho.



  • Kicukiro: RIB yerekanye umusore ukurikiranyweho kwica Rutayisire George akanamwiba

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye umusore witwa Ndayambaje Bahati w’imyaka 27 ruvuga ko akurikiranyweho icyaha cyo kwica Rutayisire George ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 akanamwiba.



  • Ikiganiro ‘ED-Tech’ kirasobanura amasomo yasizwe na 2020 mu ikoranabuhanga mu burezi

    Ikiganiro Ed-Tech Monday Rwanda, gikorwa ku bufatanye na MasterCard Foundation, kiragaruka ku masomo umwaka wa 2020 wasigiye Abanyarwanda mu burezi, icya mbere kikaba gitambuka kuri KT Radio kuri uyu wa mbere tariki 22 Gashyantare 2021 saa munani z’amanywa (2:00pm).



  • Umusaruro uboneka ubu

    Sendika INGABO na AGRITERRA barafasha abahinzi b’imyumbati kongera umusaruro inshuro zirenze 5

    • Mu myaka ishize umuhinzi yasaruraga toni zitarenga 10 kuri hegitare • Ubu umuhinzi ashobora gusarura toni zisaga 50 • Abahinzi bari gukoresha uburyo bigiye mu rugendoshuri rwateguwe na Sendika INGABO na AGRITERRA



  • Nyagatare: Umuturage yafatanywe igisa nk’uruganda rukora ikinyobwa kitemewe

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo ku wa Gatandatu tariki ya 20 Gashyantare 2021 yafashe Nkuriyingoma Phocus wakoraga ikinyobwa kitemewe kizwi ku izina ry’Umuneza. Yafatanywe litiro zacyo 1,400 afatirwa mu Kagari ka Gahurura mu Murenge wa Rukomo.



Izindi nkuru: