MENYA UMWANDITSI

  • Gukemura ibibazo hagati y

    Nyabihu: Barakangurirwa kugana ubutabera bwunga birinda gusiragira mu nkiko

    Abaturage bo mu Karere ka Nyabihu, barakangurirwa kwimakaza ubutabera bwunga, bugakorerwa mu miryango, kuko biri mu bizagira uruhare mu kugabanya umubare w’abagana inkiko, abafungirwa muri za kasho n’amagereza, ndetse bigaca n’amakimbirane mu miryango, bityo n’abantu bakabona umwanya wo gukora ibibafitiye inyungu.



  • Abaturage batewe ubwoba n

    Minisitiri Gasana yahumurije abatewe ubwoba n’ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda

    Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Alfred Gasana, yahereye ku bisasu biheruka kugwa ku butaka bw’u Rwanda, bigakomeretsa bamwe mu baturage ndetse bikanangiza ibyabo, abizeza ko ibyo bitazongera kubaho, kandi ko bakwiriye gukomeza ibikorwa byabo bumva batuje kandi batekanye, kuko ingamba zashyizweho mu kubungabunga (…)



  • Abitabiriye uyu muhango bashyize indabo ku mva banunamira imibiri iruhukiye mu rwibutso rwa Musanze

    Urubyiruko rusanga kwiyubaka mu by’ubwenge bizarufasha gukumira ikibi

    Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Kigali Ishami rya Musanze, bahamya ko bashishikajwe no gushyira imbaraga mu gukumira ko ibihe by’icuraburindi ryabaye mu Rwanda, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bitazasubira ukundi.



  • Abafite amasambu mu nkengero za Pariki y

    Musanze: Imwe mu miryango ituriye Pariki y’Ibirunga igiye kwimurwa

    Imiryango 450 ituriye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, ni yo iheruka kwemezwa ko izimurirwa ahandi mu cyiciro cya mbere cy’umushinga wo kwagura iyo Pariki, hagamijwe ko igira ubuhumekero buhagije, no kwagura ubukerarugendo buhakorerwa.



  • Abasaga 300 bo mu rubyiruko bahagarariye abandi bo mu Turere twa Musanze, Burera na Nyabihu ni bo bitabiriye umuhango wo kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

    Urubyiruko rwasabwe gukomera ku bumwe, ubutwari, ubwitange no gukunda Igihugu

    Urubyiruko rugizwe n’abasore n’inkumi bahagarariye abandi bo mu Ntara y’Amajyaruguru hiyongereyeho Akarere ka Nyabihu, basabwe gukomera ku ndangagaciro z’ubumwe, ubutwari, ubwitange no gukunda Igihugu; kuko ari yo mahitamo abereye u Rwanda, akaba ari na yo azarugeza ku iterambere ryifuzwa.



  • Abahinzi bishimiye ibikoresho byifashishwa mu kuhira bahawe

    Gakenke: Bahawe imashini zuhira imyaka biyemeza kongera umusaruro w’imboga

    Abahinzi bo mu Karere ka Gakenke, bibumbiye mu matsinda yibanda ku buhinzi bw’imboga, baravuga ko bagiye kurushaho kongera ubwiza n’umusaruro wazo, kugira ngo babone uko bihaza mu biribwa kandi banasagurire amasoko.



  • Barasaba urwo rukuta rwakubakwa mu buryo rukomera rkabasha gukumira inyamaswa

    Musanze: Bagaragarijwe inyungu ziri mu kubungabunga urukuta rutandukanya Pariki n’abayituriye

    Abajyanama b’Akarere ka Musanze, bagaragarije abaturage bo mu Murenge wa Kinigi, zimwe mu nyungu ziri mu kubungabunga urukuta rutandukanya iyo Pariki n’abayituriye, harimo no kuba byagabanya ibyago byo konerwa na zimwe mu nyamaswa.



  • Abaturage bagaragaza ko ubusinzi buri mu bitiza umurindi amakimbirane mu miryango

    Musanze: Barasabwa kwitandukanya n’amakimbirane kuko imiryango agezemo iterambere rihunga

    Umuryango Never Again usanga ikibazo cy’amakimbirane kikigaragara mu miryango, ari mbogamizi zituma abayigize babaho badatekanye, bityo ntibabone n’uko bagira uruhare mu igenamigambi ry’ibibakorerwa, iterambere ryabo rigahora inyuma y’iry’abandi.



  • Aya mavomo agiye kumara hafi umwaka afunzwe bigatuma abaturage bajya gushaka amazi kure

    Musanze: Barasaba gufungurirwa amavomo amaze hafi umwaka adakora

    Abaturage bo muri tumwe mu tugari tugize Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, ngo bagiye kumara hafi umwaka bakora ingendo zivunanye, bava cyangwa bajya gushaka amazi meza; rimwe na rimwe hakaba ubwo bakoresha n’ay’ibirohwa, bitewe n’uko amavomo bari baregerejwe yafunzwe, bagasaba ko yafungurwa.



  • Abitabiriye uyu muhango bunamiye banashyira indabo ku mva

    Abakozi b’Ibitaro bya Ruhengeri bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, bagaya abayijanditsemo

    Abakozi b’ibitaro bikuru bya Ruhengeri, bavuga ko bagifitiye Igihugu umwenda, wo kurangwa n’imikorere ihindura isura mbi yaranze bagenzi babo, bijanditse mu gucura umugambi wo gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Aha Uwimbabazi arerekana uko akoresha iyo mashini mu gutunganya ibisigazwa by

    Urubyiruko ruracyabangamiwe no kubona igishoro cyazamura imishinga yarwo

    Urubyiruko rwiga mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro, IPRC Musanze, rugaragaza ko hari ibitekerezo byinshi byabyazwamo imishinga inyuranye, yagira uruhare mu gusubiza byinshi mu bibazo biri ku isoko ry’umurimo, ariko rukerekana ko rukibangamiwe n’uko rutabona uko ruyishyira mu bikorwa mu buryo bwagutse, bitewe no (…)



  • Bamwe mu bivuza indwara zitandura bagaragaje ko batakibona imiti ku mavuriro

    Ibitaro bya Ruhengeri bigiye gukorerwa ubuvugizi buzatuma bitanga serivisi inoze

    Itsinda ry’aba Senateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu muri Sena y’u Rwanda, ririzeza abagana ibitaro bikuru bya Ruhengeri gukora ubuvugizi, buzatuma ibyo bitaro byongererwa ubushobozi, kugira ngo serivisi zihatangirwa zizarusheho kunogera ababigana.



  • Aho bahunikaga imbuto y

    Nyabihu: Barifuza kwishyurwa ingurane z’imitungo yabo iri mu mbago z’ahubatse Akarere

    Abahinzi bibumbiye muri Koperative yitwa KOGUGU ihinga, ikanahunika imbuto y’ibirayi, bo mu Karere ka Nyabihu, barasaba Akarere kubaha ingurane z’amazu yabo, ari mu mbago z’aho ibiro by’aka Karere byubatswe, kugira ngo babone ubushobozi bwo kwimukira ahandi bisanzuye, kuko aho bari ubu, badafite ubwinyagamburiro.



  • Musanze: Umuturage yakomerekejwe n’Imbogo yatorotse Pariki

    Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Gicurasi 2022, imbogo yatorotse Pariki y’Ibirunga, ubwo yarimo yirukanka mu mirima y’abaturage iri hafi yaho, ikubitana n’umuhungu w’imyaka 14 iramukomeretsa.



  • Hari igihe imvura igwa ari nyinshi uwo mugezi ukuzura bikabangamira abana bajya kwiga

    Nyabihu: Barasaba kubakirwa ikiraro cyorohereza abana kuva no kugera ku ishuri

    Ababyeyi barerera ku ishuri ry’urwunge rw’amashuri ya Nanga, riherereye mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko mu gihe nta gikozwe vuba, muri iki gihe imvura ikomeje kugwa ari nyinshi, bazisanga abana babo batembanywe n’umuvu w’amazi, akunze kuzura, akarengera ikiraro, abana bambukiraho, bigaragara ko ari (…)



  • Urugo basanze nyirarwo yarinangiye kurukiza umwanda basiga bahakoze isuku, agacibwa amande

    Musanze: Bavumbuye uburyo bwo guhashya burundu umwanda mu ngo

    Mu kurushaho kwimakaza isuku no gukebura abatarayigira umuco, abaturage bo midugudu itandukanye igize Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, bamaze igihe barishyiriyeho gahunda yo kujya bazenguruka mu ngo bagenzura isuku, aho urugo basanzemo umwanda bafatanya gukebura nyirarwo, bakanamukorera isuku, barangiza bakamuca (…)



  • Uko bagiye barushaho kumenya kwita ku bireti, byabafashije kongera umusaruro ku buso babihingaho

    Nyabihu: Batangiye ubuhinzi bw’ibireti batumva inyungu yabyo none bikomeje kubateza imbere

    Abahinzi b’ibireti bo mu Karere ka Nyabihu, by’umwihariko mu Murenge wa Kabatwa, bavuga ko batangiye ubuhinzi bw’ibireti batiyumvisha inyungu iburimo, ariko uko bagiye babwitabira, bafashwa mu bujyanama butuma bita kuri iki gihingwa, byagiye bibafasha mu kongera umusaruro wabyo, bibabyarira inyungu biteza imbere.



  • Ramuli na Manzi bifatanyije n

    Musanze: Meya na Gitifu bagaragaye mu myambaro batari bamenyerewemo (Amafoto)

    Ku wa Mbere tariki 02 Gicurasi 2022, abayoboke b’Idini ya Islam mu Rwanda, bifatanyije n’isi yose mu isengesho risoza igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, bizihiza umunsi w’Ilayidi(Eidil-Fit’ri). Bamwe mu bayobozi bo mu Karere ka Musanze, ubwo bifatanyaga n’Umuryango mugari w’Abayisilamu bahabarizwa, bagaragaye mu myambaro ya (…)



  • Igisibo cy

    Abayisilamu bizihije Eid Al Fitr biyemeza gukomera ku muco wo kurwanya ikibi

    Mufti w’u Rwanda wungirije, Sheikh Nshimiyimana Saleh, yahamagariye Abayisilamu bo mu Ntara y’Amajyaruguru kwimika umuco wo kugandukira Imana, baharanira kurwanya ikibi, kugira ngo babashe kubaho, bagendera kuri gahunda nzima ari nako buzuza inshingano z’ibyo basabwa gukora mu buzima bwabo bwa buri munsi.



  • Abasirikari, Abapolisi n

    Musanze: Bungutse ubumenyi mu gukora igenamigambi rihuriweho

    Abasirikari, Abapolisi n’Abasivili 29 baturutse mu bihugu 9, bigize umutwe w’ingabo za Afurika y’Iburasirazuba uhora witeguye gutabara aho rukomeye (Eastern African Standby Force-EASF), ku wa Gatanu tariki 29 Mata 2022, basoje amahugurwa, bungukiyemo ubumenyi mu birebana n’igenamigambi rihuriweho.



  • Basuye ingoro ndangamateka y

    Gusura ibice ndangamateka y’igihugu babifata nk’intwaro yo guhangana n’abagipfobya Jenoside

    Abaturage bo mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, basanga gusura ibice ndangamateka biri ahantu hatandukanye mu gihugu, ari kimwe mu bizatuma barushaho gusobanukirwa byimbitse, ubukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ingaruka zayo n’icyo bakora ngo baharanire ko itazongera ukundi.



  • Umwe mu bahinzi b

    Nyabihu: Abahinzi b’ibireti bahawe ubwasisi biyemeza kongera ubuso babihingaho

    Abahinzi bibumbiye muri Koperative ihinga ibireti mu Murenge wa Kabatwa (KOAIKA), barishimira uburyo icyo gihingwa gikomeje kugira uruhare rufatika mu bukungu, bwaba ubwabo n’ubw’igihugu.



  • Abaforomo bakoraga mu ikingira rya Covid-19 bahagaritswe bavuga ko barenganye

    Musanze: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe na bamwe mu baforomo ku mpamvu bahagaritswe mu kazi

    Bamwe mu baforomo bakoreraga mu bigo nderabuzima byo mu Karere ka Musanze, muri gahunda zijyanye no gukingira icyorezo cya Covid-19, bavuga ko bahangayikishijwe no kuba ubuyobozi bwarahagaritse amasezerano yabo y’akazi, bakisanga mu bushomeri, biturutse ku kuba batarahise basubiza amafaranga y’imishahara y’imirengera, bagiye (…)



  • Abaturage bafatanyije gukura imyanda igaragara mu bice binyuranye mu mujyi wa Musanze

    Musanze: Bahagurukiye kurwanya umwanda

    Abaturage bo mu Karere ka Musanze by’umwihariko mu bice by’Umujyi wa Musanze, biyemeje guhagurukira ikibazo cy’umwanda ugaragara mu bice bimwe na bimwe, bisa n’aho wari utangiye gufata indi ntera; mu rwego rwo kurushaho kwimakaza umuco w’isuku no kubungabunga ibidukikije.



  • Abarokotse Jenoside bashimishwa n

    Kuvugurura urwibutso rwa Mukamira ni ugusubiza abacu agaciro bambuwe - Abarokotse Jenoside

    Abarokotse Jenoside yakorewe Abatusti bo mu Karere ka Nyabihu, bahamya ko kuvugurura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukamira, byafashije mu gutuma imibiri y’ababo iharuhukiye isubizwa agaciro bambuwe, igihe bicwaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Imibiri isaga 800 y

    Guca umuco wo kudahana bizatuma Jenoside idasubira ukundi - Dr Faustin Ntezilyayo

    Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo, arasaba Abanyarwanda gukumira umuco wo kudahana, mu rwego rwo kwirinda kugera ikirenge mu cy’ubutegetsi bwa mbere ya Jenoside, bwimitse uwo muco kugeza ubwo bigejeje u Rwanda mu icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Imibiri ine y

    Nyabihu: Minisitiri Mujawamariya aragaya abagoreka amateka ya Jenoside

    Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc, asanga igihe kigeze ngo abagitsimbaraye ku muco mubi wo kugoreka amateka ya Jenoside n’abayavuga uko atari bahindure iyo migirire, kuko bikoma mu nkokora gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge.



  • Abakoze Jenoside n’abayirokotse babanye bate?

    Nyuma y’Imyaka 28 ishize, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ihagaritswe, abayirokotse ndetse n’abatarahigwaga, bahamya ko bakomeye ku ntego yo kwimakaza imibanire izira ivangura ry’amoko, no gushyigikira ko ubumwe n’ubwiyunge bukomeza gushinga imizi mu Banyarwanda, kugira ngo bikomeze kubabera umusemburo w’iterambere ryifuzwa.



  • Abiga muri IPRC Musanze basabwe kubaka amateka adafitanye isano n’amacakubiri

    Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Dancille Nyirarugero, arahamagarira abarimu n’urubyiruko rwiga mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro, IPRC Musanze, kubaka amateka adafite aho ahuriye n’amacakubiri, kuko aribwo bazabasha gushyira mu bikorwa ibyo igihugu kibakeneyeho.



  • Umushinga wo kubaka ibitaro bya Ruhengeri umaze imyaka ikabakaba icumi uvugwa ariko na n

    Musanze: Baribaza irengero ry’imishinga irimo n’uwo kubaka ibitaro bya Ruhengeri

    Imyaka iri hagati y’itanu n’irindwi ndetse ishobora kuba inarenga, irinze ishira mu matwi ya benshi mu batuye mu Karere ka Musanze n’abakagenderera, humvikana inkuru z’imishinga inyuranye, ibumbatiye iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, bakishimira ko harimo imwe n’imwe igenda ishyirwa mu bikorwa, ariko hakaba n’indi (…)



Izindi nkuru: