MENYA UMWANDITSI

  • Bashyize indabo ku mva yo ku Rwibutso rwahoze ari Cour d

    Ibitaro bya Ruhengeri bigiye gukora ubushakashatsi ku makuru y’Abatutsi babyiciwemo muri Jenoside

    Ubushakashatsi buzasesengura amakuru y’Abatutsi biciwe mu bitaro bikuru bya Ruhengeri mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bwitezweho gukemura ibibazo bimaze imyaka 31 abayirokotse bahora bibaza, aho batasibye gusaba umuntu wese waba afite ibyo azi, ku makuru y’ababo bahiciwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kugeza ubu (…)



  • Imiryango ifite abana bari mu mirire mibi yirojwe inkoko zitera amagi ngo bajye babona ibyunganira amafunguro bategurira abana

    Burera: Biyemeje gukura abana bose mu mirire mibi bitarenze amezi atatu

    Abagore n’Urubyiruko bagize Urugaga Rushamikiye ku Muryango RPF-Inkotanyi bo mu Karere ka Burera, batangije ubukangurambaga bufatwa nk’umuyoboro wo guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira ry’abana.



  • Burera: Abashoramari ijana bategereje gutangira imishinga y’ubukerarugendo

    Ku wa 17 Mata, inzego zifite aho zihuriye n’ishyirwa mu bikorwa ry’imikoreshereze y’ ubutaka mu Karere ka Burera, zahuriye mu biganiro nyunguranabitekerezo, bigamije kurebera hamwe ibizibandwaho mu kunonosora igishushanyombonera, kugira ngo bagire amakuru yimbitse ashobora gufasha abaturage n’abashoramari kuzajya bagishyira (…)



  • Musanze: Imodoka yafashwe yikoreye inzoga zitujuje ubuziranenge

    Iyo modoka yari ipakiye Litiro 2,720 z’inzoga mu majerekani n’ingunguru byari byuzuye, izivanye mu Murenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu, ikaba yafashwe na Polisi y’u Rwanda ubwo yarimo yerekeza mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze ku wa Kane tariki 27 Werurwe 2025.



  • Bafatanywe toni 40 z

    Amajyaruguru: Abantu 13 batawe muri yombi bazira magendu

    Abantu 13 bakoraga ubucuruzi bw’ibishyimbo mu buryo bwa magendu, bo mu Turere twa Burera na Gicumbi, batahuwe na Polisi bagerageza kwambutsa Toni zisaga 40, babijyanye mu gihugu cy’abaturanyi ibata muri yombi.



  • Minisitiri w

    Umutekano umuturage atagizemo uruhare ntushobora kuramba - Minisitiri Gasore

    Mu gutangiza ibikorwa bya Polisi n’Ingabo z’u Rwanda, bigamije kuzamura imibereho myiza n’iterambere by’abaturage, igikorwa cyabereye mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore, yavuze ko umutekano umuturage atagizemo uruhare udashobora (…)



  • Abantu barakangurirwa kureka gucukura amabuye y

    Rulindo: Abantu 9 bafashwe bacukura amabuye y’agaciro binyuranyije n’amategeko

    Abo bantu bari bitwikiye ijoro, bafatiwe mu cyuho ubwo barimo bacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, mu birombe bitagikorerwamo biherereye mu Mirenge ya Base, Rukozo na Cyungo mu Karere ka Rulindo.



  • Bamwe mu bafashwe bakekwaho ubujura bw

    Amajyaruguru: Abantu 27 bakekwaho ubujura bw’amatungo batawe muri yombi

    Abo bantu uko ari 27 bakekwaho ubujura bw’amatungo, barimo abafatanwe inka, ihene, intama ndetse n’inkwavu, bakaba bafatiwe mu turere tugize Intara y’Amayaruguru, muri gahunda yateguwe na Polisi y’u Rwanda yo kurwanya ubujura bw’amatungo, byakozwe hagati y’itariki 10 na 14 Werurwe 2025.



  • Basanga abanyeshuri batagaburirwa ibifite intungamubiri zihagije

    Abanyeshuri ntibagaburirwa ibifite intungamubiri zihagije - Ubushakashatsi

    Abashakashatsi bo muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ubuvuzi bw’Amatungo (UR-CAVM), na bamwe mu bakozi bo mu bigo bifite aho bihuriye no guteza imbere gahunda yo kugaburira abana ku mashuri, basanga igihe kigeze ngo ibigo by’amashuri bitere intambwe ikwiye mu kugaburira abana ibiribwa bikize ku ntungamubiri.



  • Igishushanyo mbonera kigaragaza imiterere y

    Musanze: Abafite ubumuga bashakiraga serivisi z’Ubugororangingo kure barasubijwe

    Mu Mudugudu wa Mata, Akagari ka Kabirizi mu Murenge wa Gacaca w’Akarere ka Musanze, ni ho hatangiye kubakwa Ikigo kigenewe kwita ku bana bafite ubumuga bw’ingeri zitandukanye, kizaba gifite ubushobozi bwo kwakira abasaga 400; kikazajya gitanga n’ubujyanama ku babyeyi babo, buzatuma barushaho kugira ubumenyi buhagije butuma (…)



  • Bamwe mu bafashwe bakekwaho ubujura

    Amajyaruguru: Abantu 21 batawe muri yombi bakekwaho ubujura

    Abantu 21 bakekwaho icyaha cyo kwiba abaturage babambuye ibyo bafite mu ntoki, cyangwa batoboye inzu mu Turere twa Musanze na Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, batawe muri yombi, biturutse ku mukwabu Polisi yakoze mu Mirenge imwe n’imwe y’utu Turere, hagamijwe kurwanya icyaha cy’ubujura.



  • Barasuzuma bakanavura indwara zo mu matwi

    Indwara zo mu matwi muri 20 zivuzwa na benshi - RBC

    Mu bitaro bikuru bya Ruhengeri, kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu matwi, mu muhogo no mu mazuru, igikorwa cyahujwe no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kumva.



  • Umusaruro mubonye mwirinde kuwurwaniramo - Dr. Ngirente i Burera

    Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagaragaje ko gucunga neza umusaruro w’Ibihingwa ari umusingi utuma intego zo kubahiriza no gushyira mu bikorwa gahunda za Leta zigamije kuzamura iterambere ry’umuryango zigerwaho.



  • Umwe mu bafashwe n

    Rulindo: Abantu 9 batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa kanyanga

    Abantu 9 bo mu Karere ka Rulindo barimo abazwiho gukora kanyanga n’abayicuruza, Polisi y’u Rwanda yabafatiye mu cyuho bari muri ibyo bikorwa ihita ibata muri yombi.



  • Abiga muri INES-Ruhengeri bamuritse imico y’ibihugu bakomokamo

    Abanyeshuri baturuka mu bihugu 14 birimo ibyo ku mugabane wa Afurika n’uw’u Burayi, biga mu Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri, bamuritse umuco w’ibihugu bakomokamo, igikorwa cyiswe “INES Interculturel Day” bahamya ko ari umwanya mwiza wo kurushaho gusabana no kumenya umwihariko w’imibereho ya bagenzi babo, (…)



  • Musanze: Mu birombe barahakura imari na Malariya

    Abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu birombe by’i Musanze, by’umwihariko umurenge wa Nkotsi, bibukijwe ko badafashe iya mbere ikibazo cya Malaria kibugarije kitacyemuka.



  • Abafashwe uko ari 68 bacukuraga mu buryo bunyuranyije n

    Abantu 68 bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe

    Abantu 68 bafatiwe mu cyuho bacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, mu birombe biherereye mu Turere twa Musanze na Rulindo.



  • Rulindo: Abantu 20 baguye mu mpanuka ya bisi

    Abantu 20 ni bo baguye mu mpanuka ya bisi itwara abagenzi ya kompanyi International, yabereye ahitwa ku Kirenge mu Karere ka Rulindo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare 2025.



  • I Musanze hatangijwe imurikamateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’Akarere ka Musanze, rwahoze ari Cour d’Appel Ruhengeri, guhera ku wa Mbere tariki 10 Gashyantare 2025, hatangijwe Imurikamateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Habayeho kuremera abatishoboye

    Igihugu kireze umwana neza ni cyo gitera imbere - Gen (Rtd) Kabarebe

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe ubufatanye n’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagaragaje ko kugira ngo Igihugu gitere imbere byihuse, bihera ku kwita ku mibereho myiza n’iterambere by’umwana.



  • Gen. James Kabarebe yatangije ubukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe ubufatanye n’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, ari mu Karere ka Burera aho kuri uyu wa 7 Gashyantare yatangije ku mugaragaro ubukangurambaga bugamije kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana.



  • Musenyeri Mugiraneza Mugisha yahakanye ibyaha byose aregwa

    Musenyeri Mugiraneza Mugisha yahakanye ibyaha byose aregwa

    Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ruherereye mu Karere ka Musanze, ku wa Kane tariki 6 Gashyantare 2025, rwaburanishije Musenyeri Dr Mugiraneza Mugisha Samuel wahoze ari Umushumba wa EAR Diyosezi Shyira, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha akurikiranweho birimo kunyereza no gukoresha umutungo wa Diyosezi mu nyungu ze (…)



  • Ubuke bw

    Gakenke: Bifuza kwegerezwa amashuri yisumbuye

    Abatuye mu Murenge wa Janja bahangayikishijwe n’ingendo zivunanye kandi ndende, abanyeshuri bakora bajya kwiga mu Mashuri y’Uburezi bw’Ibanze bw’Imyaka 12 (12YBE), kubera ko atabegereye hafi, n’aho ari akaba adahagije, bakifuza yabegerezwa bagatandukana no kuvunika.



  • Aba banyeshuri uko ari 30 bari bamaze umwaka biga ibijyanye n

    Abavuye kuminuza mu Bushinwa batahanye ingamba zo guhanga udushya

    Abanyeshuri 30 bo mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro, ishami rya Musanze, basoje amasomo bari bamaze umwaka bigira mu gihugu cy’u Bushimwa, ku bufatanye na Kaminuza ya Jinhua (Jinhua University of Vocational Technology) ibarizwa muri icyo gihugu.



  • Ibigage byagashwe byamenwe

    Burera: Batandatu batawe muri yombi bazira ibigage by’ibikorano

    Polisi y’u Rwanda yafatiye mu cyuho abagabo batandatu benga ibigage by’ibikorano byitwa ‘Umunini’, bizwiho guteza ingaruka ku buzima bw’ababinywa, ihita ibata muri yombi ndetse ibyo bigage bimenerwa mu ruhame.



  • Basuye ishuri ribanza rya Karama

    Ba Ambasaderi b’u Budage, u Bufaransa na Luxembourg basuye Akarere ka Gakenke

    Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda Heike Uta Dettmann, ari kumwe na Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda Antoine Anfré ndetse n’Intumwa ihagarariye igihugu cya Luxembourg, bagiriye uruzinduko mu Karere ka Gakenke rugamije kureba urwego aka Karere kagezeho, muri gahunda z’iterambere ibyo bihugu bahagarariye bifatanyamo na Leta (…)



  • Abari batuye ku kirwa cya Bushongo bakomeza gusubirayo guhinga

    Burera: Abimuwe mu birwa barasaba guhabwa ubutaka bagatandukana na byo

    Abaturage bahoze batuye mu birwa bya Burera, bakaza kuhimurwa hagamijwe kubakura mu bwigunge ndetse n’ahashyira ubuzima bwabo mu kaga, bagatuzwa hakuno y’amazi mu Mudugudu wa Birwa, bahangayikishijwe no kuba kugeza ubu bagisubirayo gushakira amaramuko muri ibyo birwa; impungenge zikaba ari zose ko igihe kimwe izo ngendo (…)



  • Mudusezerere twimuke - Abangirijwe n’umuhanda Base-Kidaho

    Bamwe mu baturiye ahari gukorwa Umuhanda Base-Kirambo-Butaro-Kidaho mu Karere ka Burera, batigeze babarurirwa imitungo yabo, bakomeje gusaba ko imitungo yabo igizwe n’amasambu ndetse n’inzu, byabarirwa agaciro bakabona uko bahava bakimukira ahandi.



  • Barasabwa kureka kuvoma amazi y

    Burera: Barasabwa kureka kuvoma amazi y’ikiyaga bakayoboka ayo begerejwe meza

    Mu baturiye inkengero z’ikiyaga cya Burera, harimo abagitsimbaraye ku myumvire ituma batifashisha amazi meza yo mu mavomo begerejwe hafi, bitwaje ko aba yabanje gushyirwamo imiti ya kizungu, bagahitamo gukoresha ay’ikiyaga cya Burera mu mirimo yo mu ngo, bamwe bikabaviramo kurwara indwara ziterwa n’umwanda, ubuyobozi (…)



Izindi nkuru: