MENYA UMWANDITSI

  • Bifuza kubakirwa ibiro by

    Musanze: Bifuza kubakirwa ibiro by’Umurenge n’Utugari bisimbura ibishaje

    Abaturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bifuza kubakirwa ibiro by’Umurenge n’iby’Utugari bishyashya, cyangwa inyubako bisanzwe bikoreramo zikavugururwa ku rwego rujyanye n’igihe; kuko bakomeje kubangamirwa n’imitangire ya serivisi bitewe n’uko zishaje kandi ari ntoya.



  • Guverineri Nyirarugero Dancille yavuze ko abirengagiza inshingano zo guhahira ingo bakayashora mu nzoga ntaho bataniye n

    Guverineri Nyirarugero yanenze abadahahira ingo bakamarira amafaranga mu nzoga

    Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugero Dancille, aranenga abaturage bahugira mu tubari banywa inzoga, bakirengagiza inshingano zo guhahira ingo zabo, imyitwarire avuga ko ikomeje guteza ibibazo imiryango, bikabangamira imibanire, bigateza n’amakimbirane.



  • Mu Karere ka Musanze abayobozi n

    Amajyaruguru: Tumwe mu dushya twaranze Umuganura (Amafoto)

    Kimwe n’ahandi mu gihugu, mu Mirenge yose igize Intara y’Amajyaruguru, ku wa Gatanu tariki 05 Kanama 2022, hizihijwe umunsi w’Umuganura; uyu ukaba ari umunsi, uba buri wa Gatanu w’icyumweru cya mbere cy’ukwezi kwa Kanama.



  • Akarere ka Gakenke kaza imbere y

    Amajyaruguru: 58% by’ubutaka buhingwa bwibasiwe n’isuri

    Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Kayisire Marie Solange, arasaba inzego zitandukanye mu Ntara y’Amajyaruguru, gufatanya zikagabanya ubuso bw’ubutaka bwangizwa n’isuri, kuko bikomeje kugira uruhare rukomeye mu igabanuka ry’umusaruro w’ubuhinzi, bikoreka ubukungu bw’Igihugu n’iterambere ryacyo ntiryihute uko bikwiye.



  • Imyigishirize ya mwarimu ngo igiye kurushaho kugira ireme abikesha umushahara yongerewe

    Amajyaruguru: Imbamutima za bamwe mu barimu bongerewe umushahara

    Izamurwa ry’umushahara w’abarimu, ni kimwe mu byateye abantu benshi ibyishimo, by’umwihariko Abarimu, harimo n’abo mu Ntara y’Amajyaruguru.



  • Imbabura zirondereza ibicanwa zigera ku bihumbi 12 ni zo zizahabwa abaturage

    Nyabihu: Ingo zisaga ibihumbi 12 zigiye guhabwa imbabura za rondereza

    Ingo zisaga ibihumbi 12 zo mu Karere ka Nyabihu, zigiye gushyikirizwa imbabura za kijyambere zirondereza ibicanwa, muri gahunda y’umushinga wo kubungabunga ibidukikije no guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ikirere.



  • Hakizimana Olivier wanikiye bagenzi be yashimiwe

    Burera: Abahize abandi mu gusiganwa ku magare bashyikirijwe ibihembo

    Mu marushanwa yateguwe n’Akarere ka Burera, agamije kugaragaza impano yo gutwara amagare mu rubyiruko rukomoka mu Mirenge uko ari 17 igize ako Karere, mu bayitabiriye batandatu bahize abandi, bashyikirijwe ibihembo bigizwe n’amagare, mu rwego rwo kurushaho kubatera ingabo mu bitugu.



  • Umuhanda utunganyijwe ugakomeza kubungabungwa ugira uburambe bw

    Nyabihu: Barabungabunga imihanda bifashishije imifuka batsindagiramo igitaka

    Abiganjemo abasore n’inkumi bahagarariye abandi, baturuka mu Mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, bari bamaze iminsi 10, bigishwa tekiniki yitwa Do-Nou, yo gusana imihanda yangiritse, baravuga ko bagiye gusakaza ubu bumenyi mu bandi, kugira ngo babashe guhangana n’ingaruka zituruka ku iyangirika ry’imihanda yo hirya no (…)



  • Mu Mirenge ya Gataraga na Shingiro ahegereye Pariki y

    Musanze: Kutagira amazi hafi bituma bakomeza kuvogera Pariki bajya kuyashakirayo

    Abatuye mu bice bikora kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, ku ruhande rw’Umurenge wa Gataraga n’uwa Shingiro mu Karere ka Musanze, ngo barambiwe guhora bavogera iyo Pariki, bajya kuvomayo amazi yo mu bidendezi n’ibirohwa badaha mu miferege, bigasa n’aho bayasahuranwa n’inyamaswa zaho, biturutse ku kuba batagira amazi meza (…)



  • Abagize Urugaga rw

    Musanze: Baranenga abagore bagize uruhare mu gutangiza Jenoside yakorewe Abatutsi

    Abagore bo mu Rugaga rushamikiye ku muryango RPF-Inkotanyi bo mu Karere ka Musanze, baranenga bagenzi babo bafashe iya mbere mu gutangiza igeragezwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi no kuyishyira mu bikorwa, mu cyahoze ari Komini Kinigi. Basanga umugore nyawe, ufite indangagaciro z’Ubunyarwanda nyabwo ari ugira umutima, (…)



  • Mukagatare agaragariza Umuyobozi Mukuru wa LODA uburyo inkunga y

    Nyabihu: Bahamya ko bakomeje kwikura mu bukene kubera gahunda Leta ibagenera

    Bamwe mu bagenerwabikorwa ba gahunda zitandukanye Leta igenera abatishoboye, zirimo VUP na Girinka Munyarwanda, bo mu Karere ka Nyabihu, baremeza ko zikomeje kugira uruhare rwihuse mu gutuma bakora imishinga, aho bemeza ko buri uko umwaka utashye, bagenda babona impinduka zifatika z’imibereho myiza.



  • Abasengera ahatabugenewe barasabwa kubicikaho

    Musanze: Abagisengera ahashyira ubuzima bwabo mu kaga baraburirwa

    Muri iki gihe bikomeje kugaragara ko hari abasengera mu bihuru, amashyamba, mu buvumo, mu bitare, ku nkengero z’imigezi n’biyaga n’ahandi hitaruye insengero, hamenyerewe ku izina ryo mu ’Butayu’; bamwe mu bakunze kuhagana bavuga ko bajya kuhasengera bagamije kuhabonera ibitangaza n’imigisha baba bamaze imyaka n’imyaka (…)



  • Amajyaruguru: Bamenye akamaro ka Mituweli none ntibakibwirizwa kuyishyura

    Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, ngo ntibakirindira kubwirizwa kwishyura mituweri, kuko bamaze kubona inyungu n’ibyiza byo kuyishyura hakiri kare, harimo no kuba batakirembera mu ngo, bityo n’imirimo iyo ari yo yose bakaba bayikora bizeye umutekano usesuye w’ubuzima bwabo.



  • Ibigo by

    Musanze: Abanyeshuri biyemeje kuba umusemburo w’impinduka zizira amacakubiri n’ingengabitekerezo

    Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Musanze, bagasobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri, bibarizwa mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, bahakuye amasomo, atuma biyemeza kuba umusemburo w’impinduka zizira amacakubiri, n’ingengabitekerezo (…)



  • Guverineri w

    Amajyaruguru: Bihaye imyaka itatu yo kugabanya umubare w’abarwara Malariya

    Muri iki gihe bikomeje kugaragara ko indwara ya Malariya hari abo yugarije mu Ntara y’Amajyaruguru, abagize inzego z’ubuzima n’iz’ibanze, biyemeje gushyira imbaraga mu kwita, ku ngamba zivuguruye zifasha gukumira iyi ndwara, barushaho kwigisha abaturage ububi bwayo, kubakangurira kuyirinda no gukurikirana ko abayirwaye (…)



  • Dr Shelly Whitman, yashimye ireme ry

    Musanze: Abakozi b’Ikigo cya Gen Romeo Dallaire banyuzwe n’ireme ry’amasomo arengera abana

    Itsinda riturutse mu Kigo “The Dallaire Institute for Children, Peace and Security”, baheruka kugirira uruzinduko mu Karere ka Musanze, rugamije kureba imikorere y’Ishuri rikuru rya gisirikari (Rwanda Defence Force Command and Staff College), ndetse n’Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy), byombi biherereye i (…)



  • Polisi yasanze arimo apakira urwo rumogi mu mifuka no mu mashashi

    Musanze: Yafatanywe udupfunyika tw’urumogi 10,160

    Polisi y’u Rwanda, ikorera mu Karere ka Musanze, yafatanye umugore witwa Nyiraguhirwa, udupfunyika (boule) 10,160 tw’urumogi, imusanze iwe mu rugo ubwo yarimo adufunga mu mashashi.



  • Abaturage bishimiye ko abakozi ba serivisi z

    Burera: Bishimiye kwegerezwa serivisi z’ubutaka

    Abaturage bo mu Karere ka Burera barishimira kongera kwegerezwa hafi serivisi zituma babona ibyangombwa by’ubutaka mu buryo bwihuse, igikorwa bemeza ko baherukaga mbere ya Covid-19.



  • Uwimana Fikiri Jayden, Umuyobozi wa RAN avuga ko akato kahabwaga abafite ubumuga bw

    Haracyari abafite ubumuga bw’uruhu bitinya bigatuma batagera ku iterambere

    Inzego zitandukanye harimo n’iz’ubuyobozi, zivuga ko kwiheza no kwitinya bikigaragara kuri bamwe mu bafite ubumuga bw’uruhu rwera, bibavutsa amahirwe harimo n’ayo kutabona uko bishyira hamwe mu matsinda, ngo babyaze umusaruro gahunda na serivisi bashyiriweho, zituma babasha gukora imishinga yagira uruhare mu kubateza imbere.



  • Bamwe mu bari bahagarariye imiryango itari iya leta biyemeje gushyira imbaraga mu mikoranire

    Musanze: Imiryango itari iya Leta yasabwe kurangwa n’ubunyamwuga mu byo ikora

    Imiryango itari iya Leta ibarizwa mu Karere ka Musanze, irasabwa gutahiriza umugozi umwe kugira ngo icyuho kikigaragara mu buvugizi ikorera abaturage gikurweho, nabwo burusheho kuzana impinduka.



  • Musanze: Gufatirwa mu kabari witwaje inkoni cyangwa umuhoro birahanirwa

    Mu Murenge wa Musanze, mu Karere ka Musanze, kuri ubu umuturage ugaragaye mu kabari afite inkoni cyangwa umuhoro, arabihanirwa ndetse n’akabari asanzwemo cyangwa bigaragayemo kagacibwa amande.



  • Bashyize indabo ku rwibutso

    Abiga muri UR-CAVM na INES-Ruhengeri baranenga abishoye muri Jenoside

    Urubyiruko rw’abanyeshuri n’abarimu bo muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ryigisha Ubuhinzi, Ubworozi n’ubuvuzi bw’amatungo (UR-CAVM) Busogo, ndetse n’abo mu Ishuri ry’Ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri, banenga uburyo bamwe mu bari abanyeshuri n’abarimu, ari bo bafashe iya mbere mu gutandukira ubushishozi n’ubuhanga bari (…)



  • Bakoze isuku mu muhanda no mu nkengero zawo

    Amajyaruguru: Biteguye Inama ya CHOGM bashyira imbaraga mu isuku n’isukura

    Ku wa Mbere tariki 6 Kamena 2022, mu Turere twose tugize Intara y’Amajyaruguru, hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga, bugamije gukangurira abaturage gushyira imbaraga mu kwimakaza umuco w’isuku n’isukura, mu rwego rwo kurushaho kunoza imyiteguro y’Inama ya CHOGM, iteganyijwe kubera mu Rwanda mu minsi iri imbere.



  • Minisitiri w

    Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yatashye Ikigo cy’ubushakashatsi ku ngagi cya Ellen DeGeneres

    Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Kanama 2022, yafunguye ku mugaragaro Ikigo Ellen DeGeneres Campus of the Dian Fossey Gorilla Fund, giherereye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze.



  • Abishora muri magendu n

    Burera: Abishora mu bucuruzi butemewe bwambukiranya imipaka baraburirwa

    Umuryango Never Again Rwanda, uhamya ko igenamigambi ry’ibikorwa bigenewe abaturage, ridashobora kugera ku ntego, mu gihe hakigaragara bamwe muri bo bishora mu bucuruzi butemewe bwambukiranya imipaka.



  • Abikorera ba Musanze banenze abari abacuruzi bashoye imari yabo mu gutegura Jenoside

    Musanze: Abikorera baranenga bagenzi babo bashoye imari mu koreka Igihugu

    Abikorera bo mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, baranenga bagenzi babo, bashoye imari n’ubutunzi bwabo, mu bikorwa byoretse Igihugu, kugeza ubwo cyisanze mu mateka mabi ya Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Rotary Club yishyuriye imiryango 100 mituweri

    Nyabihu: Rotary Club yishyuriye imiryango 100 ubwisungane mu kwivuza

    Imiryango 100 itishoboye yo mu Murenge wa Kabatwa mu Karere ka Nyabihu, irahamya ko itazongera kurembera mu ngo, ibikesha ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2022-2023, yashyikirijwe na Rotary Club Kigali Kalisimbi, ku Cyumweru tariki 29 Gicurasi 2022.



  • Abaturage b

    Musanze: Bibutse abazize Jenoside banaremera abayirokotse

    Imiryango 10 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, iremeza ko hari impinduka zifatika batangiye kubona, zituma imibereho n’iterambere ryabo rirushaho kwihuta, babikesha umuriro w’amashanyarazi, amazi meza mu ngo zabo, ndetse na rumwe mu rubyiruko rwafashijwe kwigishwa imyuga; ibikorwa bagejejweho n’abaturage bo mu Kagari (…)



  • Imbogo yarashwe nyuma yo gukomeretsa abaturage

    Musanze: Imbogo yarashwe nyuma yo gukomeretsa abaturage

    Imbogo yaturutse muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, ubwo yari igeze mu bice by’umujyi wa Musanze, yari ihitanye Umukuru w’Umudugudu Imana ikinga akaboko, nyuma iza kuraswa irapfa kuko kuyisubiza mu ishyamba byari byananiranye.



  • Begerejwe ishuri ry

    Urubyiruko rwa Kinigi rurasaba kwegerezwa ishuri ry’imyuga

    Abiganjemo urubyiruko bo mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, barifuza kubakirwa ishuri ry’imyuga (TVET) hafi, ngo haboneke umubare munini w’abafite ubumenyi buhagije baheraho bitabira isoko ry’umurimo, kandi n’abajyaga bavunwa n’urugendo bajya kwiga iyo myuga kure, bace ukubira nabyo.



Izindi nkuru: