MENYA UMWANDITSI

  • Ebola yishe umuntu i Kampala

    Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyageze mu murwa mukuru wa Kampala ndetse umuntu umwe kikaba cyamuhitanye. Minisitiri w’Ubuzima, Jane Ruth Aceng, yatangaje ko umugabo wishwe na Ebola yamuhitanye aguye ku bitaro bya Kiruddu byakira indembe i Kampala.



  • OMS yahaye Uganda miliyoni 2 z’Amadolari yo guhangana na Ebola

    Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), ryahaye igihugu cya Uganda inkunga ingana na miliyoni 2 z’Amadolari ya Amerika, zivanywe mu kigega cy’ingoboka mu by’indwara, kugira ngo zifashishwe mu kwita ku baturage ba Uganda bugarijwe na Ebola muri iki gihe.



  • Iyi miti ntiyemewe ku isoko ry

    Abanyarwanda barasabwa gutanga amakuru ku miti bakekaho kutuzuza ubuziranenge

    Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA), kirahamagarira Abanyarwanda bose gutanga amakuru ku muti bakeka ko utujuje ubuziranenge, kugira ngo bikurikiranwe.



  • Abayobozi batatu muri RURA birukanywe ku mirimo yabo

    Abayobozi batatu bakoraga mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro(RURA) birukanywe ku mirimo yabo kubera imyitwarire n’imiyoborere idakwiye.



  • Umwana witwa Aisha na we ari mu bazize uyu muti

    Gambia: Barasaba ubutabera kubera abana babo bazize imiti itujuje ubuziranenge

    Ababyeyi batandukanye bo mu gihugu cya Gambia barasaba ubutabera nyuma y’uko abana babo bahawe umuti utujuje ubuziranenge bagapfa. Ibi ababyeyi barabisaba nyuma y’impfu z’abana 66 bapfuye mu ntangiriro z’uku kwezi k’Ukwakira bishwe n’imiti ya Syrup.



  • U Buhinde: Ingwe yarashwe nyuma yo kwica abantu 9

    Polisi yo mu Buhinde yarashe ingwe nyuma yuko yishe abantu icyenda muri Champaran, iherereye muri Leta ya Bihar mu Buhinde.



  • Munyenyezi uregwa ibyaha bya Jenoside

    IBUKA yamaganye ubusabe bwa Munyenyezi bwo kujyana abatangabuhamya mu rubanza rwe

    Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorwe Abatutsi mu 1994 (IBUKA), uramagana ubusabe bwa Beatrice Munyenyezi ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bwo kujyana abatangabuhamya mu rubanza rwe.



  • OMS yasabye ko gukoresha iyi miti bihagarara

    Gambia yasabwe guhagarika imiti ivugwaho guteza urupfu

    Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryasabye Igihugu cya Gambia guhagarika gukoresha imiti y’inkorora ya Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup na Magrip N Cold Syrup ikorerwa mu Buhinde kuko itujuje ubuziranenge.



  • Hari abafite impushya z

    Barifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga

    Abategereje kwiyandikisha gukorera impushya z’agateganyo n’iza burundu zo gutwara ibinyabiziga, Polisi yavuze ko igihe cyo gufungura umurongo kugira ngo abakeneye iyo serivisi bayihabwe bazakimenyeshwa vuba kuko hari ibirimo kunozwa neza kugira ngo ibibazo byari baragaragaye bitazongera gusubira.



  • Polisi igiye guteza cyamunara ibinyabiziga 530

    Polisi y’u Rwanda irateganya guteza cyamunara ibinyabiziga byafashwe birimo moto 309, imodoka 2 n’amagare 219 byafatiwe mu turere dutandatu tw’Intara y’Iburasirazuba.



  • Bonhomme yakuriye inzira ku murima abarwanya u Rwanda, ababwira ko badashobora kurufata

    Abarwanya u Rwanda ntibazarufatira kuri Zoom na Social Media – Umuhanzi Bonhomme

    Umuhanzi Bonhomme uririmba indirimbo zo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi n’indirimbo zivuga ubutwari bw’Inkotanyi, yasohoye indirimbo ikubiyemo ubutumwa bugenewe abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.



  • Zephanie Niyonkuru

    Uwari Umuyobozi Wungirije muri RDB yavanywe ku mirimo ye

    Zephanie Niyonkuru wari Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) yavanywe ku mirimo ye. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe mu izina rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, rivuga ko Zephanie Niyonkuru yirukanywe ku mirimo ye kubera amakosa y’imiyoborere idakwiye yakomeje kugaragaza.



  • Mwarimu ari mu bantu batanga uburezi buri kumwe n

    Abarimu basabwe kuba umusemburo w’impinduka mu kuzamura ireme ry’uburezi

    Minsitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamariya, ku munsi mpuzamahanga w’umwarimu wizihizwa tariki 5 Ukwakira buri mwaka, yabageneye ubutumwa bubashimira uruhare rwabo mu kuzamura abato mu bumenyi n’imyumvire, anabasaba kuzamura ireme ry’uburezi.



  • Abayobozi bitabiriye ibiganiro ku buringanire

    Hari abacyumva nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

    Bamwe mu baturage baracyumva nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye kuko barifata nka kimwe mu bintu biha abagore gusuzugura abagabo babo ndetse abagabo bakabifata nko gutuma abagore batabubaha.



  • Urubanza rwa Prince Kid wahoze ayobora Miss Rwanda rwasubukuwe

    Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, tariki ya 5 Ukwakira 2022, rwaburanishije mu muhezo urubanza rwa Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, uregwa ibyaha byo gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina.



  • Abantu bagirwa inama yo kwipimisha nubwo baba batarwaye

    Abantu benshi bagendana indwara zitandura batabizi - RBC

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC), gitangaza ko abantu benshi bagendana indwara zitandura batabizi, bakagirwa inama yo kwipisha keshi ngo bamenye uko bahagaze.



  • Abatwara ibinyabiziga barasabwa kubahiriza uburenganzira bw

    Abatwara ibinyabiziga barasabwa kubahiriza uburenganzira bw’abanyamaguru

    Umuvugizi wa Polisi y’igihugu, CP John Bosco Kabera, arasaba abatwara ibinyabiziga kubaha inzira zagenewe abanyamaguru bakoresha bambuka umuhanda, ndetse no ku nkengero zawo.



  • Bigenda bite ku muntu wakatiwe n’urukiko afungiye iwe mu rugo?

    Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, ruherutse gukatira Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, igifungo cy’imyaka ine n’ihazabu ya miliyoni 60 z’Amafaranga y’u Rwanda, nyuma yo kumuhamya ibyaha byo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite (…)



  • Ingabo z

    Ingabo z’u Rwanda zafashije abaturage ba Mozambique gusubira mu byabo

    Abaturage basaga ibihumbi 130 bo mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique basubiye mu byabo nyuma y’uko Ingabo z’u Rwanda zigaruye umutekano muri aka gace.



  • Rusizi: Abantu bane baguye mu mpanuka

    Imodoka y’imbangukiragutabara ifite pulake GR134 R yo ku kigo nderabuzima cya Nyabitimbo yakoze impanuka abantu 4 bahita bitaba Imana abandi 2 barakomereka bikomeye.



  • Abari mu buhanzi basabwe guhuriza hamwe ibikorwa byabo

    Minisitiri Mbabazi yasabye abari mu buhanzi guhuriza hamwe ibikorwa byabo

    Minisitiri w’Urubyiruko n’umuco, Rosemary Mbabazi, ku ya 30 Nzeri 2022 yayoboye inama nyunguranabitekerezo ihuje Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco n’ibyiciro bitandukanye, hagamijwe kuganira ku ngamba zo guteza imbere inganda ndangamuco z’ubuhanzi, guhuza ibikorwa no guha umurongo buri cyiciro mu iterambere ry’Igihugu.



  • Kibonge, umunyarwenya na we ari mu bakiriye Ndimbati

    Dore uko Abakinnyi ba Filime bakiriye irekurwa rya Ndimbati

    Abakinnyi ba Filime bishimiye ko ubutabera bw’u Rwanda bwarekuye mugenzi wabo Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati, agasubira mu buzima busanzwe.



  • Edouard Bamporiki

    Bamporiki akatiwe gufungwa imyaka ine

    Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwakatiye Bamporiki Edouard igifungo cy’imyaka ine n’ihazabu ya miliyoni 60 z’Amafaranga y’u Rwanda, nyuma yo kumuhamya ibyaha byo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite ububasha ahabwa n’itegeko.



  • Abanyeshuri b

    MINEDUC yatangaje igihe abanyeshuri b’uwa mbere n’uwa kane bazatangirira

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje igihe abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza amashuri abanza n’abatsinze iby’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bakazatangira tariki ya 4 Ukwakira 2022.



  • Kabuga Félicien

    Urubanza rwa Kabuga Félicien rwatangiye kuburanishwa mu mizi

    Kuri uyu wa Kane tariki 29 Nzeri 2022, nibwo urubanza rwa Kabuga Félicien ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwatangiye kuburanishwa mu mizi n’Urugereko rw’urwego rwasigaranye inshingano z’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (IRMCT), i La Haye mu Buholandi.



  • Uwihoreye Jean Bosco (Ndimbati)

    Uwihoreye Jean Bosco (Ndimbati) yagizwe umwere

    Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yagizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku cyaha cyo gusambanya umwana utarageza imyaka 18 y’ubukure akanamuha ibisindisha.



  • Massamba Intore yateguye igitaramo yise ‘Iya Mbere Ukwakira’

    Umuhanzi Massamba Intore afatanyije na Ange na Pamella, Alouette ndetse na Ruti Joel, tariki ya 01 Ukwakira 2022 bateguye igitaramo cyo kwizihiza umunsi wo gutangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda kizabera ahitwa Cocobean guhera saa 18h00 z’umugoroba.



  • Abakoresha ikoranabuhanga bashyiriweho uburyo bwo kubacungira umutekano

    Abanyeshuri, abarezi ndetse n’abandi bose bakoresha ikoranabuhanga, bashyiriweho uburyo bwo gucungira umutekano ibyo bakora.



  • Abayobozi barimo Minisitiri Dr Mpunga Tharcisse bari ku mupaka wa Gatuna

    Abava muri Uganda barasabwa guhita batanga amakuru y’agace baturutsemo

    Abaturuka mu Karere ka Mubende muri Uganda no mu tundi duce tuvugwamo icyorezo cya Ebola binjira mu Rwanda, bagaragaza bimwe mu bimenyetso by’iyo ndwara, barasabwa guhita batanga amakuru y’agace baturutsemo kugira ngo bahite bajyanwa kwa muganga ahabugenewe, kugira ngo bakurikiranwe.



  • Umukino wa Karate ubafasha kubaho bafite ubuzima bwiza

    Abanyeshuri bo mu Karere ka Kicukiro na Gasabo bagera kuri 67 bitabiriye umukino wa Karate mu gihe cy’ibiruhuko, bakoreye imikandara bava mu cyiciro bajya mu kindi, abitwaye neza bahabwa n’imidari.



Izindi nkuru: