MENYA UMWANDITSI

  • Perezida Kagame yahaye umurongo ibibazo birimo iby’abamotari

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakemuye ibibazo by’abaturage b’Akarere ka Ruhango ndetse bimwe muri byo asaba inzego bireba kubikurikirana. Mu ruzinduko rw’iminsi ine yatangiye rwo kuganira n’abaturage mu Ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba, aho yarutangiriye mu Karere ka Ruhango kuri uyu wa Kane tariki 25 Kanama 2022, (…)



  • Ntaganira yerekana uko bikoreshwa

    Gicumbi: Amarerero y’abana bato yahawe ibikoresho by’isuku

    Ku wa Gatatu tariki 24 Kanama 2022, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA), cyatanze ibikoresho mu Karere ka Gicumbi birimo robine zifasha abana gukaraba intoki ndetse n’ubwiherero bya kompanyi ya SATO, ikora ibikoresho by’isuku n’isukura.



  • Tubabajwe no kubura umuhanzi ukiri muto - Minisitiri Mbabazi

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco, Rosemary Mbabazi yavuze ko u Rwanda rubuze umuhanzi mwiza wakundaga Igihugu. Minisitiri Rosemary Mbabazi yifatanyije n’abitabiriye igitaramo cyo gusezera no kunamira umuhanzi Burabyo Yvan (Buravan) cyabereye muri Camp Kigali mu ijoro ryo ku wa 23/8/2022.



  • Abajyanama b

    Abajyanama b’ubuzima bagiye guhabwa ubushobozi bwo gupima indwara zitandura

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) kigiye guhugura abajyanama b’ubuzima gupima indwara z’imbere mu mubiri zitandura. Dr Uwinkindi François ushinzwe gahunda yo kurwanya indwara zitandura muri RBC, avuga ko abajyanama b’ubuzima bagiye guhabwa amahugurwa ndetse n’ibikoresho bizabafasha kumenya gupima indwara z’imbere mu (…)



  • Uwimpuhwe wariwe n

    Gasabo: Imbwa yariye umukarani w’ibarura

    Umukarani w’ibarura witwa Uwimpuhwe Josiane, yagize ibyago byo kuribwa n’imbwa yo mu rugo rw’umugabo witwa Kanani Jean Robert.



  • Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana

    Abahanzi, inshuti n’umuryango barasezera kuri Buravan

    Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Kanama 2022, muri Camp Kigali, abahanzi batandukanye, inshuti n’imiryango barakora igitaramo cyo kunamira no gusezera ku muhanzi Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana mu cyumweru gishize.



  • Urubyiruko rutambagiza umusaraba wa Yezu

    Urubyiruko Gatolika rwasabwe kuba imbaraga zubaka u Rwanda

    Urubyiruko Gatolika rwaturutse mu Madiyosezi yo Rwanda rwari ruteraniye muri Diyosezi ya Kabgayi, mu biganiro bahawe basabwe kuba imbaraga zubaka Igihugu cyabo.



  • Igikomangoma Harry yakiriwe na Perezida Kagame

    Igikomangoma Harry ari mu Rwanda mu bikorwa byo kubungabunga ibidukukije

    Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry, ari mu Rwanda mu bikorwa bye byo kubungabunga ibidukikije akorera muri Pariki zo ku mugabane wa Afurica.



  • Madame Jeannete Kagame

    Madamu Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu

    Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi batandukanye mu masengesho yo gusabira Igihugu azwi nka ‘Young Leaders Prayer Breakfast’, yabaye kuri iki Cyumweru tariki 21 Kanama 2022.



  • Menya itegeko rihana uwakoze ibiterasoni mu ruhame

    Mu mategeko y’u Rwanda mu ngingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano, havuga ko umuntu wakoze ibiterasoni mu ruhame abihanirwa.



  • Gicumbi: Afunzwe akekwaho kwica umubyeyi we

    Umugabo witwa Nsekanabo Patrick w’imyaka 32, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Gicumbi, akurikiranyweho kwica umubyeyi we witwa Mukamugenzi Claudette.



  • Mugabekazi Liliane wagaragaye yambaye imyenda ibonerana yarekuwe by’agateganyo

    Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwarekuye by’agateganyo Mugabekazi Liliane uregwa n’ubushinjacyaha gukorera ibiteye isoni mu ruhame. Tariki 18 Kanama 2022, nibwo Mugabekazi yagejejwe imbere y’abacamanza mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, aregwa n’ubushinjacyaha gukorera ibiteye isoni mu ruhame, bunamusabira gufungwa iminsi (…)



  • Nkusi Thomas uzwi ku izina rya Yanga

    Yanga yarakunzwe cyane mu gusobanura Filime (Ubuhamya bw’abamuzi)

    Nkusi Thomas uzwi ku izina rya Yanga ari mu bantu batangije ibyo gusobanura Filime mu Rwanda, bamwe ndetse bakaba baragiye babimwigiraho na bo barabikora. Icyakora bamwe mu bareba Filime zisobanuye bemeza ko n’ubwo yari yarabiretse, ababikora ubu yabarushaga.



  • Rulindo: Babiri bagwiriwe n’ikirombe

    Abagabo babiri bo mu Karere ka Rulindo ku gicamunsi cyo ku wa Kane tari 18 Kanama 2022, bagwiriwe n’ikirombe bacukuragamo amabuye yo kubaka, ibikorwa byo kubashakisha bikaba bikomeje.



  • Mugabekazi Liliane

    Mugabekazi wagaragaye yambaye imyenda ibonerana yasabiwe gufungwa

    Umukobwa witwa Mugabekazi Liliane uherutse kugaragara mu ruhame yambaye imbyenda ibonerana, hari ku itariki 30 Nyakanga 2022, ubwo yari mu gitaramo cy’umuhanzi Tay C, yitabye urukiko ndetse Ubushinjacyaha bumusabira gufungwa.



  • Benshi bagarutse ku bupfura bwa Yvan Buravan

    Yvan Buravan azibukirwa ku ki?

    Inkuru y’urupfu rw’Umuhanzi Yvan Buravan yababaje abahanzi benshi, barimo bagenzi be bo mu Rwanda ndetse n’abo mu bihugu by’abaturanyi.



  • Yanga yitabye Imana

    Yanga yitabye Imana

    Nkusi Thomas wamamaye cyane ku izina rya ‘Yanga’ mu gusobanura amafilimi mu rurimi rw’Ikinyarwanda, yitabye Imana azize uburwayi.



  • Abasaga 68,000 bahawe urukingo rwa kabiri rwa Covid-19 rushimangira

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko abaturage bagera ku 68,002 bamaze guhabwa doze ya kabiri y’urukingo rushimangira rwa Covid-19.



  • Barasabwa kureka gusengera muri aya mazi kuko bashobora kuhahurira n

    Gicumbi: Abasengera mu mazi ya Rusumo baraburirwa

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi burasaba abantu baturuka hirya no hino mu gihugu, bajya gusengera mu mazi yo ku Rusumo, mu Murenge wa Mutete muri ako karere, ko bagomba kubihagarika kugira ngo batazahuriramo n’ingorane zo kuhaburira ubuzima.



  • Umuti wa ‘Amoxicillin 125 gm/5ml Oral Suspension’ wahagaritswe

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), cyahagaritse ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’umuti wa Amoxicillin 125 gm/5ml Oral Suspension (SPAMOX), ufite numero wakoreweho ya X0928.



  • Gihamya y’uko Bikira Mariya ari mu ijuru irahari - Abakirisitu Gatolika

    Abakirisitu Gatolika ku Isi yose bizihije umunsi mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya, uba tariki ya 15 Kanama buri mwaka, bamwe muri bo bawizihirije ku butaka butagatifu i Kibeho, aho bemeza ko kuhabonekera k’uwo mubyeyi ari gihamya y’uko ari mu ijuru.



  • Abafite amaraso yo mu bwoko bwa O barashishikarizwa kuyatanga

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kirasaba ko abantu bafite ubwoko bw’amaraso bwa O positif na O négatif bakwihutira kuyatanga kugira ngo ahabwe abarwayi bayakeneye.



  • Urubyiruko rwamuritse bimwe mu bikorwa by

    Gahunda za Leta zo guteza imbere urubyiruko zarufashije kwivana mu bukene

    Tariki ya 12/8/2022 ku Isi hose hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko. No mu Rwanda uyu munsi urizihizwa mu rwego rwo guha agaciro urubyiruko nk’amaboko y’u Rwanda rw’ejo.



  • Kubumba amavaze byabahinduriye ubuzima

    Abasigajwe inyuma n’amateka bibumbiye muri Koperative ‘Abakomezamwuga’, bakorera mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo, bavuga ko umwuga wo kubumba amavaze ategurwamo indabo wabahinduriye ubuzima, kuko byabafashije kwiteza imbere.



  • Abaturage barakangurirwa kwipimisha indwara zitandura

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC), kirakangurira abaturage kwipimisha indwara zitandura kugira ngo bamenye uko bahagaze, niba hari abasanze barwaye bakurikiranwe.



  • Abakuze barimo guhabwa doze ya kabiri ishimangira y

    Gutanga doze ya kabiri ishimangira y’urukingo rwa Covid-19 birakomeje

    Kuva tariki ya 8 Kanama 2022, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangiye gutanga doze ya kabiri ishimangira y’urukingo rwa Covid-19, ku bageze mu zabukuru ndetse n’abandi bafite ibibazo by’ubuzima, iyo gahunda ikaba ikomeje ndetse n’abaturage barimo kuyitabira kuko bumva akamaro kayo.



  • Padiri Rushigajiki Jean Pierre

    Menya Amateka y’umupadiri w’umuhanzi Jean Pierre Rushigajiki

    Padiri Rushigajiki Jean Pierre uzwi ku izina ryo kuva mu bwana rya ‘Pierrot’ akoresha no mu buhanzi, avuga ko kuba umusaserodoti bitamubuza no gukora ubuhanzi bwe kuko ari impano yahawe n’Imana.



  • Uku kwezi imvura nke izatuma amazi n’ubuhehere bw’ubutaka bigabanuka cyane

    Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko muri uku kwezi kwa Kanama hateganyijwe imvura nke izatuma amazi agabanuka ndetse n’ubuhehere bw’ubutaka bukagabanuka cyane.



  • Abafite ubumuga hari serivisi basaba koroherezwa mu kuzihabwa

    Zimwe mu mbogamizi abafite ubumuga bahura na zo ni uko hari serivisi bakenera zijyanye n’ubuvuzi ntibazisange ku bitaro byose by’Akarere bibegereye. Hakorimana Vincent ni umusore w’imyaka 28 ufite ubumuga bw’ingingo. Avuga ko hari serivisi atajya abona iyo agiye ku bitaro bikuru bya Nyanza ahubwo ko bamusaba kujya (…)



  • Abaturage barakangurirwa kugira ibimoteri bibafasha kubona ifumbire

    Abaturage barakangurirwa kugira ibimoteri bibafasha kubona ifumbire

    Abashinzwe ubuhinzi hirya no hino mu gihugu batangiye gahunda yo kugenzura ko buri rugo rufite ikimoteri cyo gukusanyirizwamo imyanda, mu rwego rwo kugira ngo bazabone ifumbire y’imborera bazakenera.



Izindi nkuru: