MENYA UMWANDITSI

  • Professor Aristide Gumyusenge w

    Umunyarwanda w’imyaka 29 yagizwe umwarimu muri kaminuza ya MIT

    Kaminuza ya Massachusetts yo muri Amerika iri mu zikomeye ku Isi, yigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga yashyizeho umushakashatsi muri siyansi w’umunyarwanda ufite imyaka 29 y’amavuko nk’umwarimu mu ishami rya siyansi aho azakora nk’umwarimu wungirije, akaba ari na we uzaba ari we mwirabura wenyine uri kuri urwo rwego muri (...)



  • Ndimbati yasabiwe gufungwa imyaka 25

    Ubushinjacyaha bwasabiye Ndimbati gufungwa imyaka 25

    Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yasabiwe gufungwa imyaka 25, ku cyaha akurikiranyweho cyo kunywesha umwana inzoga no kumusambanya, nk’uko Ubushinjacyaha bwabisobanuye.



  • William Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Kenya

    William Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Kenya

    Kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Nzeri 2022, William Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Kenya mu gihe cya manda y’imyaka itanu.



  • IGP Dan Munyuza yakiriye Itsinda ry

    Polisi y’u Rwanda n’iya Benin baraganira ku bufatanye mu by’umutekano

    Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yakiriye mu biro bye DG Soumaïla Allabi Yaya, Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Benin hamwe n’itsinda ayoboye, bagirana ibiganiro bigamije kubungabunga umutekano w’ibihugu byombi.



  • Imfungwa 1803 zafunguwe by’agateganyo

    Imfungwa 1803 zafunguwe by’agateganyo ni izari zifungiwe ibyaha byiganjemo iby’ubujura, gukubita no gukomeretsa. Ni umwe mu myanzuro yemejwe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Nzeri 2022, iyobowe n’umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame.



  • Antoine Cardinal Kambanda

    Karidinali Kambanda yizihije isabukuru y’imyaka 32 amaze ahawe ubusaserodoti

    Arikiyepisikopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yizihije isabukuru y’imyaka 32 amaze ahawe isakaramentu ry’Ubupadiri. Mu butumwa yashyize ahagaragara, Antoine Cardinal Kambanda, yashimiye Imana ku ngabire y’Ubusaserodoti yamuhaye akaba amaze imyaka 32 mu butumwa. Yiragije umubyeyi Bikiramariya ndetse na Mutagatifu (...)



  • Ingengabihe y’Umwaka w’Amashuri wa 2022-2023 yatangajwe

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2022 -2023 uzatangira tariki 26 Nzeri 2022. Itangazo Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara rivuga ko iyi ngengabihe ireba abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye uretse abanyeshuri bazajya mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye, abazajya mu mwaka (...)



  • U Rwanda rwashyizeho gahunda yo kunamira Umwamikazi Elizabeth II

    Nyuma y’itanga ry’Umwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ari mu Rwanda yururutswa kugeza hagati, uhereye tariki 09 Nzeri 2022, kugeza igihe azatabarizwa.



  • Urubyiruko ntiruvuga rumwe ku kuvanga umutungo w’abashyingiranywe

    Bamwe mu rubyiruko rw’abasore n’inkumi bageze mu gihe cyo gushinga ingo bavuga ko uburyo bw’ivangamutungo rusange hari ababuhitamo kubera inyungu baba bakurikiye ku bandi.



  • Ishimwe akikiye umwana we

    Abaganga bafashije umwana wavukanye amagarama 640 abasha kubaho

    Abaganga bo mu bitaro bya Rutongo biherere mu Karere ka Rulindo, bafashije umwana wavukanye amagarama 640 abasha kubaho, ubu akaba ameze neza ndetse yavuye mu bitaro ari kumwe n’ababyeyi be.



  • Ubuki iyo budakoreshejwe neza bwateza ibibazo ku buzima (Ubushakashatsi)

    Ubuki ni bwiza kurusha isukari iyo bukoreshejwe neza, kuko ari umwimerere, nyamara iyo ngo budakoreshejwe neza bushobora gutera ingaruka mbi ku buzima bwa muntu.



  • Perezida w

    Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga muri Mozambique yasuye Ingabo z’u Rwanda

    Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Mozambique, n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi muri Mozambique (IGP) Bernardino Rafael basuye ingabo z’u Rwanda ziri kubungabunga amahoro muri icyo gihugu.



  • Harerimana Rashid

    Inzozi Lotto: Harerimana Rashid yatsindiye asaga miliyoni 2.5Frw

    Umunyamahirwe Harerimana Rashid utuye mu Byangabo mu Karere ka Musanze, yabaye umwe mu banyamahirwe batsindiye 2,595,058Frw mu mukino w’Igitego Lotto.



  • Ibiro by

    Umwana byakekwaga ko yibwe yasubijwe umubyeyi we

    Umwana w’Imyaka itatu wafatanywe umukobwa witwa Musabyimana Assumpta, bigakekwa ko yamwibye, yongeye guhura na nyina.



  • Abaturage barasabwa kwirinda no gukumira ibiza

    Mu mezi 8 ashize ibiza byahitanye abantu 137

    Ministeri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) itangaza ko kuva mu kwezi kwa mbere kugeza tariki 3 Nzeri 2022, abantu 137 bahitanywe n’ibiza naho abagera kuri 271 barakomereka.



  • Babasanze botsa inyama z

    Gatsibo: Babiri bafunzwe bakekwaho kurya imbwa no kuyiha abandi

    Umusore witwa Ntawuhigimana Eric w’imyaka 24 na Karegeya Faustin w’imyaka 22 bo mu Karere ka Gatsibo bafunzwe bakekwaho kurya inyama z’imbwa bakanazigaburira undi muntu akazirya yabenshywe ko ari iz’ihene.



  • Kayonza: Afunzwe akekwaho kwiba umwana

    Umukobwa witwa Musabyimana Assumpta ari mu maboko ya RIB ikorera mu Karere ka Kayonza, akaba akekwaho kwiba umwana w’imyaka itatu.



  • Dore ibyiza byo kunywa mu rugero

    Tariki ya 31 Kanama buri mwaka ku isi hose bizihiza umunsi mpuzamahanga wo kunywa mu rugero mu rwego rwo gushishikariza abantu kutanywa inzoga nyinshi. Uyu munsi wizihizwa bazirikana ko inzoga ari ikintu kibi iyo zinyowe ku rugero rwo hejuru kuko zigira ingaruka ku buzima bw’abantu ndetse zikaba zabahitana.



  • Abaturiye Pariki y’Ibirunga barishimira iterambere yabagejejeho

    Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bavuga ko yabateje imbere mu bijyanye n’ubukungu ndetse no mu mibereho myiza. Tariki ya 02 Nzeri 2022 ubwo abaturage bari babukereye biteguye abashyitsi baje kwita izina abana b’ingagi 20, abo baturage bagaragaje ko guturira Pariki y’Ibirunga byabateje imbere.



  • Minisitiri w

    Minisitiri w’Intebe Ngirente yasabye abaturiye Pariki gukomeza kubungabunga ibidukikije

    Mu muhango wo kwita izina abana b’ingagi 20 wabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru tariki ya 02 Nzeri 2022, Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard, yasabye abaturiye Pariki gukomeza kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima.



  • Batangije imbonezamikurire y

    Madamu Jeannette Kagame yatangije Imbonezamikurire y’Abana Bato muri Village Urugwiro

    Madamu Jeannette Kagame yatangije ku mugaragaro imbonezamikurire y’abana bato (ECD) muri Village urugwiro ryiswe ‘Eza-Urugwiro ECD Centre’ riherereye muri Perezidansi y’u Rwanda.



  • Massamba Intore

    Massamba Intore agiye kumurika Album iriho indirimbo 16

    Umuhanzi Massamba Intore agiye kumurika Album iriho indirimbo 16 ziri mu njyana akunze kwibandaho ya gakondo, mu rwego rwo gusigasira umuco nyarwanda. Album Massamba Intore arimo arakora iriho indirimbo za Gakondo harimo n’iza se, Sentore Athanase Rwagiriza yahimbye ndetse n’izindi yagiye asubiramo zahimbwe n’abandi (...)



  • Abasuzumisha ibinyabiziga bishimira ko ibikorwa baba babyirebera ku ikoranabuhanga

    Polisi y’u Rwanda ivuga ko abantu bajyana ibinyabiziga ngo bikorerwe ubugenzunzi (Controle technique), baba babikurikiye ku ikoranabuhanga, ndetse nabo barabyishimira kuko ibikorwa byose biba bigaragara neza, niba hari icyangiritse bakaba byirebera bakajya kugikoresha nta ngingimira.



  • Umuhango wo Kwita Izina waherukaga guhuriramo abantu benshi muri 2019

    Igikomangoma Charles na Didier Drogba mu bazita izina abana b’Ingagi

    Urwego rw’Igihugu rw’iterambere RDB rwatangaje bamwe mu banyacyubahiro bazitabira umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi 20. Muri aba banyacyubahiro harimo Umunya-Côte d’Ivoire wamamaye mu mupira w’amaguru, Didier Drogba n’Igikomangoma Charles cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza. Aba bari ku rutonde rw’abazita izina (...)



  • Mayor Nzabonimpa aha abana amata

    Gicumbi: Gahunda ya ‘Ngira Nkugire Tugeraneyo’ yitezweho kugabanya igwingira ry’abana

    Akarere ka Gicumbi kashyizeho gahunda ya Ngira nkugire Tugeraneyo, izabafasha kugabanya umubare w’abana bagwingiye.



  • Kwigira ku ikoranabuhanga byoroshye kurusha kuba imbere y’umwarimu - Impuguke

    Mu kiganiro Ed-Tech Monday, gikorwa ku bufatanye na Mastercard Foundation kikagaruka ku iterambere mu burezi bushingiye ku ikoranabuhanga, cyatambutse kuri KT Radio tariki ya 29/8/2022, bagaragaje ko kwiga ukoresheje ikoranabuhanga byoroshye kurenza kwigishwa n’umwarimu muri kumwe.



  • Bamusezeraho bwa nyuma

    Byari amarira n’agahinda mu gushyingura Nkusi Thomas (Yanga)

    Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29/8/ 2022 nibwo Nkusi Thomas wamamaye ku izina rya Yanga mu gusobanura Filimi mu Kinyarwanda yashyinguwe mu irimbi rya Rusororo. Abafashe ijambo ngo bagire icyo bamuvugaho, bamwe bafatwaga n’amarangamutima, ntibabashe kuvuga kubera umubabaro wo kubura Yanga bafataga nk’inshuti yabo kandi (...)



  • Perezida Kagame yemereye abahinzi b

    Karongi: Perezida Kagame yemereye abahinzi b’icyayi ubutaka

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemereye abahinzi b’icyayi bo mu Murenge wa Rugabano muri Karongi, ubutaka bwo kwaguriraho ubuhinzi bwabo n’ibikorwa remezo birimo imihanda.



  • Perezida Kagame yasabye ko ibibazo by

    Perezida Kagame yasabye ko ikibazo cy’inzu ya Muhizi gikemuka mu minsi itatu

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ubwo yari mu ruzinduko mu Karere ka Nyamasheke kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Kanama 2022, yakiriye ibibazo n’ibyifuzo by’abaturage, hakabamo ibyo yahaye iminsi itatu ngo bibe byakemutse, harimo n’icya Muhizi Anatole.



  • Perezida Kagame yageze i Nyamasheke

    Nyamasheke: Bakereye kwakira Perezida Kagame

    Abayobozi mu nzego zitandukanye z’Igihugu ndetse n’abaturage bo mu Ntara y’Iburengerazuba, by’umwihariko mu Karere ka Nyamasheke, bazindutse bakereye kwakira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.



Izindi nkuru: