Umuhanzi The Ben ubwo yageraga mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, yatangaje ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu umuntu ageramo akumva atuje, yisanga kandi ntacyo yikanga.
Umuhanzikazi Phiona Mbabazi yatangaje ko nta rukundo rwigeze ruba hagati ye na Mico, ahubwo ko babikoze bashaka kuvugwa cyane.
Mu gihe habura iminsi mike ngo iserukiramuco rya muzika rizwi nka KigaliUp! ribe, abahanzi b’abanyamahanga bazasusurutsa abazaryitabira bamaze gutangazwa.
The Ben, umuririmbyi w’umunyarwanda ariko uba muri Amerika (USA) avuga ko amazi yo mu bwogero (Douche) atuma agira inganzo agahita ahimba indirimbo.
Umuhanzi Kitoko Bibarwa wari umaze imyaka irenga ine ataba mu Rwanda, yageze i Kigali yakirwa n’abantu batandukanye bigaragara ko bari bamukumbuye.
Abagize itsinda ry’abaririmbyi rya "Dream Boys" batangaza ko nyuma yo kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar 2017 bari mu bikorwa bitandukanye byo kwagura umuziki wabo.
Akon, umuririmbyi wo muri Amerika (USA) ufite inkomoko muri Senegal agiye kuza mu Rwanda kwitabira “Youth Connekt Africa Summit" izaba tariki 19 -21 Nyakanga 2017.
Urubyiruko rukunda Mutamuliza Annonciata uzwi nka Kamaliza, rwateguye igitaramo cyo kumwibuka no gufasha umuryango we kizabera muri Serena Hotel i Kigali tariki 12 Kanama 2017.
Umuhanzikazi Young Grace yatangaje ko agiye gushinga Televiziyo ye azita Young Grace TV, ikaba izatangira muri uyu mwaka wa 2017.
Ama G The Black atangaza ko nyuma yo gutandukana n’umugore we nta rungu afite kuko ngo asigaye arimarwa n’inkoko ze na tereviziyo.
Kuri ubu umuryango wa Tom Close na Niyonshuti Ange Tricia uri mu byishimo nyuma yo kwibaruka undi mwana.
Umuririmbyi Yvan Buravan yigaramye iby’urukundo bivugwa ko yaba afitanye n’umukobwa witwa Hoza Idol, avuga ko uwo mukobwa bataziranye.
Mu gihe usanga hari ibyamamare biba bifite abantu bihariye babyambika, umuhanzi Teta Diana we agaragaza ko ibyo atajya abitaho umwanya.
The Ben, umuririmbyi wo mu Rwanda ariko uba muri Amerika (USA) avuga ko icyo ashyize imbere ari ukubanza kumenyekana muri Afurika kuko hari benshi bataramumenya.
Joss Stone, umuririmbyi ukomeye wo mu Bwongereza yakoranye indirimbo iri mu Kinyarwanda na Deo Munyakazi uzwi mu gucuranga inanga gakondo.
Minisiteri y’umuco na siporo (MINISPOC) itangaza ko igiye kugirana ibiganiro n’abahanzi bakoze amashusho y’indirimbo “Too Much” kugira ngo harebwe icyakorwa.
Umuhanzi Senderi International Hit yasazwe n’ibyishimo ubwo yaririmbiraga bwa mbere muri Kigali Convention Centre yemeza ko ari umuhigo ahiguye.
Indirimbo "Just a Dance Remix" ya Yvan Buravan yasubiyemo yifashishije umuhanzi AY wo muri Tanzania yagiye hanze.
Umuhanzi Yvan Buravan aritegura gushyira hanze indirimbo yise ‘Just Dance Remix’ yasubiyemo yifashishije umuhanzi wo muri Tanzania witwa AY.
Bruce Melody uri muri Kenya mu marushanwa yo kuririmba ya Coke Studio, yatangajwe n’uburyo muri iryo rushanwa bakora ibintu byinshi mu gihe gito.
Umuhanzi Diamond Platinumz yatangiye gucururiza indirimbo abahanzi bo mu Rwanda ahereye ku muhanzi DJ Pius.
Bruce Melody agiye kwerekeza i Nairobi muri Kenya mu igerageza ryo kuririmba ngo hasuzumwe niba ashobora gukorana na Coke Studio.
Abaririmbyi Charly na Nina batangaza ko iyo bafite akazi kenshi kuryama babyibagirwa ku buryo ngo bashobora kuryama amasaha ane cyangwa ari munsi yayo.
Joss Stone, umuririmbyi ukomeye wo mu Bwongereza agiye gufatanya n’umuririmbyi wo mu Rwanda gukora indirimbo iri mu rurimi rw’Ikinyarwanda.
Abarasta batandukanye bo mu Rwanda batangaza ko umunsi wo kwibuka Bob Marley ari umunsi ukomeye kuri bo bagereranya na Noheli yizihizwa n’Abakristu.
Muyoboke Alex ahakana yivuye inyuma amakuru avuga ko yaba agiye gutandukana na Charly na Nina agahamya ko ari ibinyoma byambaye ubusa.
Abahanzi b’abaririmbyi bavuga ko batari basobanukirwa n’imikorere ya sosiyete yashyizweho yitwa RSAU (Society of Authors) izajya yishyuza abacuranga indirimbo zabo.
Hari zimwe mu ndirimbo z’Abahanzi bo mu Rwanda zigaragaramo ukubusanya haba mu magambo cyangwa mu mashusho yazo, bigatuma umuntu yibaza niba barasobwe cyangwa batarabyitayeho.
Mico The best atangaza ko atewe ubwoba n’abahanzi bane bashobora kumubuza umwanya wa mbere yifuza muri Primus Guma Guma Super Star 7.
Umunyamuziki wo muri Amerika yanyuzwe n’uburyo Sophie Nzayisenga acuranga Inanga bituma amujyana muri Amerika (USA) bakorana umuzingo w’indirimbo (Album).