Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Byari ibyishimo mu gitaramo cya Cecile Kayirebwa i Kigali (Part 1)
30/03/2016 - 15:19
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame i Rubavu
29/03/2016 - 11:49
Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Gakenke na Rubavu
29/03/2016 - 11:27
Abagize AERG/GAERG bahembye umubyeyi wahishe Abatutsi
22/03/2016 - 12:22
RDF yubakiye abaturage ibikorwa birimo, amashuri, imihanda n’ibiraro
14/03/2016 - 16:00
Abagabo bemeza ko imyumvire ku ihame ry’uburinganire imaze guhinduka
11/03/2016 - 09:20
Abagore b’i Nduba berekanye akarasisi kadasanzwe ku munsi w’abagore!
9/03/2016 - 14:50
KT Radio yabaye ubukombe nyuma yo gushyiraho indi minara
7/03/2016 - 17:48
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo