Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Kigali Leadership Summit
10/09/2015 - 16:33
Igitaramo Hobe Rwanda cyongeye kwibutsa umuco w’u Rwanda
7/09/2015 - 16:41
Ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino n’Amavubi
4/09/2015 - 23:40
Ikigo cy’imyuga cya Nyarutarama cyatangiye gutanga umusaruro
27/08/2015 - 11:24
Imihanda imwe n’imwe mu mujyi wa Kigali yagizwe iy’abanyamaguru gusa!
24/08/2015 - 19:14
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda
20/08/2015 - 21:39
Natasha ni we wegukanye ikamba rya Miss High School 2015
18/08/2015 - 09:27
Knowless wegukanye Primus Guma Guma Superstar ya 5, ni muntu ki?
16/08/2015 - 09:45
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo