Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Ikiganiro ku Byakozwe na Guverinoma mu guteza Imbere imibereho y’Abanyarwanda
20/06/2025 - 12:11Iziheruka

EXPO Rwanda 2015
10/08/2015 - 09:05
Abakunzi b’inyama bahuriye muri Nyama Choma Festival
4/08/2015 - 15:40
Rwandans want article 101 amended
4/08/2015 - 11:29
Inkirigito concert
4/08/2015 - 11:18
Akon in Kigali!
3/08/2015 - 17:04
SAUTI SOL ROCKS KIGALI
30/07/2015 - 10:19
Eddy Kenzo salutes President Kagame
30/07/2015 - 10:00
Eddy Kenzo yashyuhije Kigali
28/07/2015 - 14:00
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo