Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Abakinnyi ba Senegal bababajwe bikomeye na Jenoside yakorewe Abatutsi
3/06/2016 - 13:04
Davis D wamenyekanye kubera indirimbo ye "biryogo"yasohoye indi yitwa "Jailer"
2/06/2016 - 17:44
Imyambarire idasanzwe niyo yaranze igitaramo cya Industry Night
30/05/2016 - 11:03
Ibyaranze urugendo, no kugirana igihango n’imiryango yazimye
25/05/2016 - 12:05
Yvan Buravan arifuza kuba umuhanzi nyarwanda ufite umwimerere mu kuririmba
20/05/2016 - 17:26
Perezida Kagame yakemuye ibibazo by’abaturage ubwo yasuraga Karongi
19/05/2016 - 17:36
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro umushinga wa KivuWatt
18/05/2016 - 16:29
Umunyarwanda Eric Dusingizimana yakoze amateka atarakorwa n’undi wese ku isi
18/05/2016 - 11:23
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo