Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
2020: CP John Bosco Kabera na Munyakazi Sadate bari mu bihariye uyu mwaka
9/01/2021 - 19:24Iziheruka
Gushyingura Prof. Kigabo: Byari amarira n’agahinda ku muryango n’inshuti
27/01/2021 - 10:02
Miss Yasipi Casmir yahishuye ibanga ryamufashije kwitwara neza muri Miss Africa Calabar 2020
27/01/2021 - 09:54
Tonzi adusogongeje ku mitoma umugabo we amutera, anatubwira umuhitiramo icyo yambara
27/01/2021 - 09:34
Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
2020: CP John Bosco Kabera na Munyakazi Sadate bari mu bihariye uyu mwaka
9/01/2021 - 19:24
Ese bagiye he? (Orchestre Ingeli)
2/01/2021 - 11:40
Izindi mpunzi 130 zageze mu Rwanda zivuye muri Libya
31/12/2020 - 07:45
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo