Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Uburyo insengero zo mu Rwanda zizihije isozwa ry’umwaka wa 2015
11/01/2016 - 14:15
Abanyeshuri biga umuziki bo ku Nyundo berekanye impano bafite mukuririmba
6/01/2016 - 14:51
Uburyo abakunzi ba muzika bishimiye igitaramo cya Konshens
6/01/2016 - 14:38
Udushya n’udukoryo byaranze isozwa ry’umwaka wa 2015
5/01/2016 - 11:12
Isabukuru y’imyaka 15 umukino wa Cricket umaze mu Rwanda
31/12/2015 - 11:17
Uburyo abanyakigali biteguye kwinjira mu mwaka mushya wa 2016
25/12/2015 - 11:16
Igitaramo cya CHORALE DE KIGALI cyarangiye abakitabiriye batabishaka
24/12/2015 - 08:56
Tumwe mu dushya twaranze REFERENDUM
22/12/2015 - 09:23
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo