Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04Iziheruka
Rayon Sport yongeye kwerekana isomo rya ruhago itsinda bugesera 4-0
12/05/2016 - 11:06
Oda Paccy arizeza amashusho adasanzwe y’indirimbo ye nshya "Igitego"
10/05/2016 - 14:44
Umwami w’injyana ya RUMBA "PAPA WEMBA" witabye Imana yari muntu ki?
5/05/2016 - 16:42
Video y’indirimbo nshya "AGATAKO" ya DJ Pius na Chameleone yasohotse
5/05/2016 - 16:19
Uburyo Rayon Sports yihereranye mukeba APR FC
4/05/2016 - 20:17
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Ngoma
29/04/2016 - 11:54
Miss Rwanda yasangiye amata n’abana biga mu ishuri ry’incuke
27/04/2016 - 12:15
Madame Jeannette Kagame yahumurije abakobwa barokotse Jenoside
26/04/2016 - 12:05
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo