Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
I Nyanza Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
29/06/2025 - 20:56
Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13Iziheruka

Meddy, Teta, Alpha na King James basusurukije abitabiriye ’Rwanda Cultural Day’ San Francisco
26/09/2016 - 14:59
Turagutembereza mu mujyi wa San Francisco ugiye kwakira "Rwanda Cultural Day"
24/09/2016 - 10:02
2FACE IDIBIA yagarutse gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 16
23/09/2016 - 18:00
Nyamasheke ubutaka bw’umwimerere, igice cy’ubwiza bw’u Rwanda
23/09/2016 - 15:01
Bambino yafashwe n’inkongi y’umuriro
22/09/2016 - 09:21
Sogongera ku bitegurirwa abazitabira "Rwanda Cultural Day"
20/09/2016 - 08:42
SAUTI SOL yaje mu Rwanda kumurika umuzingo w’indirimbo "LIVE & DIE IN AFRIKA"
17/09/2016 - 15:25
Umwana muto wifuzaga guhura na Perezida Kagame, yakabije inzozi ze!
13/09/2016 - 20:35
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo