Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa
23/12/2025 - 06:46
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18Iziheruka
Ba Nyampinga bahuriye mu gitaramo cyo kugaragaza ibyakozwe no gusinya imihigo
22/02/2017 - 08:33
Temberana na ba Nyampinga I Nyanza mu Rukari ku gicumbi cy’umuco
21/02/2017 - 08:53
No Comment!
21/02/2017 - 08:52
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Visi Perezida w’Ubuhinde n’intumwa ayoboye
20/02/2017 - 19:17
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yasezereye Wau Salaam muri CAF Confederation Cup
19/02/2017 - 23:04
Undi munyarwanda yanditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo!
19/02/2017 - 10:23
APR FC isezerewe mu gikombe cy’afurika na Zanaco
19/02/2017 - 10:18
Sina Gerard atunze indogobe zumva ikinyarwanda
17/02/2017 - 15:49
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo