Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47
Irebere amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje RDF na UPDF
16/08/2025 - 17:33Iziheruka

Abahindiro baranyomoza amakuru y’Umwami watangajwe nk’umusimbura wa Kigeli V
12/01/2017 - 10:38
WDA na FERWABA batangije "Academy" ya Basketball mu Rwanda
11/01/2017 - 12:21
Uko byari byifashe ubwo umugogo w’Umwami Kigeli wagezwaga mu Rwanda.
9/01/2017 - 17:40
Perezida Kagame yageze mu Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi ine.
9/01/2017 - 17:32
Umujyi wa Kigali wategetse abakorera mu nzu zagenewe guturwamo kwimuka! (Video)
6/01/2017 - 14:14
The Ben yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
5/01/2017 - 16:56
Uburyo Charly & Nina, Buravan na Melody bitwaye mu gitaramo cya The Ben
5/01/2017 - 09:39
Byari ibicika ubwo The Ben yaririmbiraga abakunzi be
2/01/2017 - 03:24
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo