Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

I Kigali hatangijwe inama nyafurika ku ngufu za Nikereyeri, uko byari byifashe
30/06/2025 - 15:55
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
I Nyanza Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
29/06/2025 - 20:56Iziheruka

Bimwe mu byaranze amasiganwa ategura Tour du Rwanda 2016
27/10/2016 - 14:54
Rayon Sports yananiwe kwikura imbere ya Espoir FC, zinganya 0-0
24/10/2016 - 21:03
Umwami wa Maroc yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda
23/10/2016 - 22:31
Ibihe by’ingenzi byaranze kwibuka nyakwigendera Gakwaya
21/10/2016 - 10:50
Umwami wa Maroc yunamiye inzirakarengane za Jenoside
21/10/2016 - 09:10
Perezida Kagame yakiriye Umwami Mohammed wa Maroc
20/10/2016 - 06:27
Uburyo Umwami Mohammed VI wa Maroc yakiriwe ku kibuga cy’indege
19/10/2016 - 06:53
Ibitaro bya mbere mu Rwanda byagemuriwe amaraso na "Drone"
18/10/2016 - 19:26
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo