Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57Iziheruka
Impinja zishwe zikubitwa ku nkuta
10/04/2017 - 18:11
Nyarubuye: Daniel yicaga Abatutsi akabakuramo imitima akayotsa, akayirya
10/04/2017 - 15:43
Abakunzi ba KT Radio bunamiye inzirakarengane z’Abatutsi zazize Jenoside
10/04/2017 - 09:09
Nyarubuye: ishusho ya Yezu yatemaguwe izira gusa n’Abatutsi
8/04/2017 - 19:54
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza #Kwibuka23
8/04/2017 - 15:58
Isozwa rya AERG/GAERG Week 2017 Inyagatare
6/04/2017 - 11:53
Cecile Kayirebwa yongeye kwerekana ubudahangarwa bwe muri Gakondo
3/04/2017 - 21:03
Umusirikare w’u Rwanda atakaje ubuzima arengera AERG/GAERG nta gihombo - Gen. Mubarakh
2/04/2017 - 09:29
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo