Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa
23/12/2025 - 06:46
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22Iziheruka
Imfura z’ishuri rya muzika ku Nyundo ziravuga ibyiza byo kwiga muzika
15/03/2017 - 09:07
No Comment
15/03/2017 - 09:00
AERG/GEARG Week 2017 yatangije ibikorwa by’ineza bitegura Kwibuka23
14/03/2017 - 08:31
No Comment
14/03/2017 - 08:22
IPRC Kigali yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 660
12/03/2017 - 11:35
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi mpuzamahanga w’umugore
9/03/2017 - 17:08
Kigali Today yashyize hanze abandi ba gafotozi 15 b’umwuga
9/03/2017 - 16:54
Abanyarwanda baba mu Bwongereza bakiranye ibyishimo bidasanzwe Perezida Kagame
8/03/2017 - 08:38
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo