Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rwa Radio Muhabura mu kubohora u Rwanda: Ikiganiro na Mwewusi Karake na Assoumpta U. Seminega
2/07/2025 - 19:16
Dutemberane Ingoro y’ Amateka y’Urugamba rwo Kubohora u Rwanda
2/07/2025 - 18:39
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48Iziheruka

Perezida Kagame na Madamu we basangiye n’abana iminsi mikuru
5/12/2016 - 10:24
Indi ndege ya kabiri "AIRBUS" A330-300 yageze i Kigali
2/12/2016 - 09:56
Gahunda ya NEP ’Kora Wigire’ yashyize ku isoko ry’umurimo ba gafotozi 77
22/11/2016 - 15:55
Valens Ndayisenga niwe wegukanye Tour du Rwanda 2016
21/11/2016 - 10:34
Tour du Rwanda 2016: Valens Ndayisenga yegukanye agace ka Musanze-Kigali
19/11/2016 - 23:51
Tour du Rwanda 2016: Eyob Metkel wa Eritrea niwe wegukanye agace ka Muhanga-Musanze
18/11/2016 - 22:28
Tour du Rwanda 2016: Areruya Joseph yegukanye agace ka Rusizi-Huye
17/11/2016 - 21:15
Tour du Rwanda 2016: Rugg Thimothy niwe wegukanye agace ka Karongi - Rusizi
16/11/2016 - 22:54
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo