Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36Iziheruka
Bimwe mu byaranze ’Kigali International Peace Marathon’
21/05/2017 - 22:04
Gakwaya na Mugabo nibo begukanye Sprint Rally 2017
21/05/2017 - 21:55
Ibyishimo bidasanzwe ku bafana ba Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiona
19/05/2017 - 11:53
Ibisonga bya Miss Geek bigiye kubyaza umusaruro Miriyoni 3 bahembwe
17/05/2017 - 09:57
Minisitiri w’intebe wa SAO TOME yageze mu Rwanda
9/05/2017 - 23:20
IPRC Kigali yibutse inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
9/05/2017 - 16:18
Bimwe mu byaranze amavugururwa y’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe
9/05/2017 - 14:38
Ibikorwa bya Army Week byatangiye hirya no hino mu gihugu
7/05/2017 - 20:15
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo