Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06Iziheruka
Zambia: Perezida Kagame yakiranywe ibyishimo n’urugwiro
20/06/2017 - 09:16
WAKA Warrior Race 2017
19/06/2017 - 09:33
Reba ubwiza bw’ibiro bishya bya FPR Inkotanyi
18/06/2017 - 12:28
One minute in Nkombo Island
17/06/2017 - 20:44
Rubavu: Miss Mutesi Jolly yasubukuye ibiganiro bihuza urubyiruko n’abakuru
16/06/2017 - 08:32
One minute in Nyarubuye genocide memorial site
12/06/2017 - 13:23
Byinshi kuri NORAH YAM umunye-Congo wahaye impano Perezida Kagame
12/06/2017 - 12:59
Imbuto Foundation yizihije umunsi mukuru w’imyaka 15 imaze irihirira abana batishoboye
10/06/2017 - 21:26
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo