Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17Iziheruka

Kurikira ikiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Zambia bagiranye n’abanyamakuru
22/06/2023 - 15:55
Perezida wa Zambia yunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu rwibutso rwa Kigali
22/06/2023 - 12:33
Irebere uko Perezida wa Zambia yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda
22/06/2023 - 12:01
Impamvu zatumye Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Mutiganda birukanwa muri RDF
14/06/2023 - 22:34
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa #MemorialRutsindura
14/06/2023 - 16:41
Iyumvire ubuhamya bwa Mukiza witandukanyije na se uba muri FDLR (Video)
11/06/2023 - 16:13
Madamu Jeannette Kagame asaba urubyiruko gufata umwanya wo gutekereza ku byemezo rufata
10/06/2023 - 15:40
Irebere ubuhanga bw’Abakarateka bitabiriye irushanwa ryo #Kwibuka29
31/05/2023 - 09:03