Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20Iziheruka

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Abanyarwanda babaga muri Sudani bageraga i Kigali
2/05/2023 - 15:52
Mukakabera arashimira RIB yamusubije asaga Miliyoni 5Frw yari yibwe
30/04/2023 - 00:16
Inside President Kagame’s working visit to Tanzania
30/04/2023 - 00:07
Turashaka gutaha - Impunzi z’Abanyekongo
30/04/2023 - 00:01
Kagame hosts Gen Muhoozi for his 49th birthday celebration in Rwanda
29/04/2023 - 23:52
Abajura baniga abantu ku muhanda bakabambura, bahagurukiwe
25/04/2023 - 09:02
Guverinoma yagabanyije imisoro, indi iravugururwa
22/04/2023 - 12:56
Abubatse Umudugudu w’Urukumbuzi (Kwa Dubai) bahishuye amanyanga yakoreshwaga mu kuwubaka
22/04/2023 - 00:32