Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ihere ijisho uko umunsi wa kabiri wa Rwanda Mountain Gorilla Rally wagenze
24/09/2023 - 15:53
Umugore n’abana be babiri bishwe n’ibiza ku Gisozi bashyinguwe
23/09/2023 - 00:11
Reba ibirori byo gutangiza Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023
22/09/2023 - 23:59
Umujyi wa Kigali wasobanuye ibyo gufunga amahema akorerwamo ibirori
22/09/2023 - 23:48
Isiganwa ry’amagare ku rwego rw’Isi ryahawe ikaze mu Rwanda
22/09/2023 - 23:41
Twaganiriye na Kanimba Donatila utabona, ufite impamyabumenyi y’Ikirenga
22/09/2023 - 23:35
Ba bana bavutse bafatanye bitabye Imana : Twaganiriye n’ababyeyi babo
19/09/2023 - 18:13
Yanga fans take over Nyamirambo ahead of their game against Al-Merreikh
16/09/2023 - 18:22