Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04Iziheruka

Byinshi ku rugendo rwa Radiyo, igitangazamakuru gikurikirwa na benshi (video)
14/02/2023 - 12:04
President Kagame speaks out on DR Congo’s violation of Bujumbura agreement signed recently
9/02/2023 - 12:27
President Kagame receives new envoys from 14 countries
9/02/2023 - 10:31
Uwicaga abantu abaciye imitwe yasobanuye icyabimuteye
6/02/2023 - 21:41
Bakoze siporo rusange bazirikana kurwanya Kanseri
6/02/2023 - 21:32
Inside Rwanda’s journey to end cervical cancer by 2030
4/02/2023 - 21:55
Gen. Kabarebe yifashishije imibare mu gusobanura amateka y’urugamba: Uko barwanye n’Intare
4/02/2023 - 18:51
Umuhire Theophile yunamiye umubyeyi we Intwari Agathe Uwiringiyimana
2/02/2023 - 15:01