Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda: King Abdullah II bin Al-Hussein of Jordan pays tribute to victims of the Genocide
8/01/2024 - 19:12
Twaganiriye n’impuguke muri Basketball ku mpamvu zaba zaratumye NBA Africa igirira icyizere Clare Akamanzi
6/01/2024 - 21:00
Kigali: Reba uko binjiye mu mwaka mushya wa 2024
1/01/2024 - 10:22
Polisi iraburira ababangamira abandi kuri Bonane
31/12/2023 - 22:43
Ntabwo turi guhangana na Zari - Kigali Boss Babes
31/12/2023 - 22:35
Umuhanzi Ruti Joël yanyuze abitabiriye igitaramo ‘Rumata wa Musomandera’
28/12/2023 - 10:33
Reba uko byari byifashe ubwo Muyango yamurikaga Album ‘Imbanzamumyambi’
26/12/2023 - 22:13
Icyo Umujyi wa Kigali uvuga ku kwimura abatuye mu manegeka no kuvugurura Matheus
26/12/2023 - 22:00