Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
SHAUKU BAND: Uko ubuhinzi na ruhago babiteye ishoti, biyegurira muzika
2/11/2023 - 23:29
Inkingi z’umuziki Nyarwanda zahawe ibihembo
2/11/2023 - 23:24
Naterwaga ipfunwe no kuba Umunyarwanda - Uwimbabazi Sandrine ukora muri MINAFFET
2/11/2023 - 23:15
Se wavuraga Perezida Habyarimana, yaguye mu ihanurwa ry’indege (Ubuhamya)
31/10/2023 - 12:24
Icyo twiyemeje ni u Rwanda rudaheza - Madamu Jeannette Kagame mu Ihuriro rya 16 rya Unity Club
31/10/2023 - 12:12
Boyz II Men take music fans down memory lane with a nostalgic show in Kigali
31/10/2023 - 10:05
Irebere igitaramo cyo gusoza Trace Awards 2023
24/10/2023 - 15:57
GAERG isanga siporo izafasha mu kwita ku buzima bwo mu mutwe
23/10/2023 - 15:29