Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere udushya twaranze itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards
23/10/2023 - 11:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya mu Rwanda
18/10/2023 - 22:46
Kurikira umuhango wo gutangiza inama mpuzamahanga ku Itumanaho Rigendanwa
18/10/2023 - 15:00
Imboga ahinga mu rugo zimufasha gutunga umuryango we muri Kigali
17/10/2023 - 12:16
Umujyi wa Kigali wungutse bisi nshya 20 zitwara abagenzi
14/10/2023 - 00:14
Israel Ambassador to Rwanda updates media on war against Hamas
13/10/2023 - 23:51
Reba ibyaranze igikorwa cyo gutaha ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri
8/10/2023 - 22:48
Reba uko abafana ba Rayon Sports bayiherekeje kugera i Nyamirambo
25/09/2023 - 15:46