Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Diogène ‘Atome’ yongeye gusetsa abantu, agaruka kuri #Tunyweless
17/12/2023 - 14:22
Ijambo rya Madamu Jeannette Kagame agaragaza ububi bw’inzoga #Tunyweless
17/12/2023 - 13:55
Remarks by Tom Mollenkopf on closing IWA Water and Development Congress & Exhibition 2023
17/12/2023 - 13:49
The role of the Central Bank in Rwanda’s Economic Recovery
17/12/2023 - 13:42
Arsenal Player Jurriën Timber pays tribute to Genocide victims
17/12/2023 - 13:37
Arsenal footballer Jurriën Timber and Girlfriend Visit Rwanda
17/12/2023 - 13:28
Professionals meet for International Water Congress in Kigali
17/12/2023 - 13:20
Fireside Chat with President Kagame at Hanga Pitchfest 2023
11/12/2023 - 10:54