Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 6.9% mu myaka irindwi ishize
24/01/2024 - 13:14
Icyo abaturage bavuga ku Nama y’Igihugu y’Umushyikirano
24/01/2024 - 12:50
Kuki hari abisanga mu bigo ngororamuco kandi atari inzererezi?
22/01/2024 - 14:33
Imvune abatunganya Filimi bahura na zo
22/01/2024 - 13:59
From the Chinese to the Rwandans, a healthy connection
20/01/2024 - 22:59
We are all equal before God - President Kagame
20/01/2024 - 22:54
Impanuro za Perezida Kagame muri National Prayer Breakfast
15/01/2024 - 11:56
Abarundi bakoze Jenoside ntiboherezwa mu Rwanda ntibanaburanishwa - Alain Mukuralinda
15/01/2024 - 11:34