Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Inaugural UK-Rwanda Business Forum opens in Kigali
1/02/2024 - 13:40
Amasomo atatu y’ubuzima dukwiye kwigira kuri Perezida Kagame
1/02/2024 - 13:11
Le Président Guinéen Lt Gen Doumbouya rend hommage aux victimes du Génocide à Kigali
29/01/2024 - 07:46
Why President Doumbouya of Guinea visited Rwanda
29/01/2024 - 07:41
Ibibazo abaturage babajije Perezida Kagame mu Mushyikirano n’uburyo yabisubije
28/01/2024 - 16:35
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
28/01/2024 - 13:14
Abanyarwanda babanye bate nyuma y’imyaka 30 u Rwanda rubayemo Jenoside?
28/01/2024 - 13:00
Umubyibuho usigaye ari ikimenyetso cy’indwara zitandura
28/01/2024 - 12:49