Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
President Kagame: We have much to offer each other
8/02/2024 - 22:17
We are ready when you are, TheCityUK’s invitation to Rwanda Finance Institutions
8/02/2024 - 22:09
President Kagame Welcomes Polish President at Village Urugwiro
7/02/2024 - 22:46
Reba uko umuhango wo gushyingura Pastor Ezra Mpyisi wagenze
6/02/2024 - 11:04
Umwana wa Pastor Mpyisi yagarutse ku minsi ya se ya nyuma
5/02/2024 - 11:04
Dutemberane Washington DC yakiriye Rwanda Day 2024
3/02/2024 - 11:23
Rubyiruko mugire ubutwari bwo gukomeza kubaka u Rwanda – Minisitiri Dr Bizimana
2/02/2024 - 07:16
Minisitiri w’Intebe yayoboye umuhango wo kunamira Intwari z’Igihugu
2/02/2024 - 07:10